Ishami ry’umuryango w’abibumbye rishinzwe ibiribwa ku isi, PAM/WFP riratangaza ko ryafashe icyemezo cyo kuganya ibiribwa byahabwaga impunzi ziri mu Rwanda ku kigero cya 60%, u Rwanda rwo rukavuga ko nta mpungenge biteye. Nk’uko bitangazwa n’Umuvugizi wa PAM i Kigali ibyo biraterwa n’igabanuka ry’inkunga PAM yagenerwaga n’abaterankunga ngo ni icyemezo kizatangira gushyirwa mu bikorwa mu kwezi gutaha kwa gatatu. Avugana na BBC umunyamabanga uhoraho muri Ministeri irebana n’ibibazo by’impunzi (MINEMA), Olivier Kayumba yavuze ko iri gabanuka “Nta mpungenge riteye cyane”. Mu Rwanda harabarizwa impunzi zisaga ibihumbi 135 zirimo izaturutse muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo n’izaturutse mu gihugu cy’u Burundi.

Umunyamabanga Uhoraho muri (MINEMA) Olivier Kayumba/Interineti



6 Responses
MINEMA ivuga ko kuba PAM yagabanyije ibiryo by’impunzi kuri 60% ‘nta mpungenge biteye’
Mu kirundi baca umugani ko ubusya uwundi bworoha, koko umuntu umuhaye aho aba,ukamuha ubuvuzi, ukamuha ibikoresho vy’isukuku, ugaca umuha *3040Frw*ko azobirya ukwezi koko ibi bintu nta mpungenge biteye? Abazi kubara mutubarire ukuntu aya mahera(mu kirundi) woyarya ukwezi.ubwo ku munsi iyi mpunzi izatungwa nigiceri100, ubwo dukuremwo ko mugitondo itazarya, izarya sasita igiceri ca 50, no mwijoro ikindi giceri.
MINEMA ivuga ko kuba PAM yagabanyije ibiryo by’impunzi kuri 60% ‘nta mpungenge biteye’
Mu kirundi baca umugani ko ubusya uwundi bworoha, koko umuntu umuhaye aho aba,ukamuha ubuvuzi, ukamuha ibikoresho vy’isukuku, ugaca umuha *3040Frw*ko azobirya ukwezi koko ibi bintu nta mpungenge biteye? Abazi kubara mutubarire ukuntu aya mahera(mu kirundi) woyarya ukwezi.ubwo ku munsi iyi mpunzi izatungwa nigiceri100, ubwo dukuremwo ko mugitondo itazarya, izarya sasita igiceri ca 50, no mwijoro ikindi giceri.
MINEMA ivuga ko kuba PAM yagabanyije ibiryo by’impunzi kuri 60% ‘nta mpungenge biteye’
I think, Rwandans are not understanding how all refugees are going to struggle. Spending 3040 Rwf per month is the worst thing all refugees are going to face since they arrived in 1996.
MINEMA ivuga ko kuba PAM yagabanyije ibiryo by’impunzi kuri 60% ‘nta mpungenge biteye’
I think, Rwandans are not understanding how all refugees are going to struggle. Spending 3040 Rwf per month is the worst thing all refugees are going to face since they arrived in 1996.
MINEMA ivuga ko kuba PAM yagabanyije ibiryo by’impunzi kuri 60% ‘nta mpungenge biteye’
Kuvuga ko nta mpungenge biteye,Kiri jye nikindi cyizere.
Kuko iyo mumuryango hateye ubukene ingingo yambere ntibab iyo kugabanya ration y’abana. Bapfuma babanza kugabanya abakozi, bakagurisha ibitari ivyingenzi murugo n’ibindi… Kubwivyo twokwizera ko hari ukundi bizogenda ubundi ho ntibobaho.Vyongeye ntibotekerera abatashe muzabo ngo bareke impunzi zibusigayemwo.
MINEMA ivuga ko kuba PAM yagabanyije ibiryo by’impunzi kuri 60% ‘nta mpungenge biteye’
Kuvuga ko nta mpungenge biteye,Kiri jye nikindi cyizere.
Kuko iyo mumuryango hateye ubukene ingingo yambere ntibab iyo kugabanya ration y’abana. Bapfuma babanza kugabanya abakozi, bakagurisha ibitari ivyingenzi murugo n’ibindi… Kubwivyo twokwizera ko hari ukundi bizogenda ubundi ho ntibobaho.Vyongeye ntibotekerera abatashe muzabo ngo bareke impunzi zibusigayemwo.