Minisitiri w’Uburezi, Dr Uwamariya Valentine yavuze ko ubutumwa buhamagarira abarimu kugaruka ku mashuri hari ababwakiriye uko butari, asobanura icyo mwarimu asabwa ari ukugira uruhare mu kunoza imyiteguro isubukura amasomo.
Itangazo Minisiteri y’Uburezi yanyujije kuri Twitter, rirahamagarira abarimu kugaruka ku bigo by’amashuri bakoreraho, ngo bafatanye n’abayobozi b’ibigo byabo gukurikirana ibikorwa by’ubwubatsi bw’amashuri. Riragira riti: “Minisitiri w’Uburezi arasaba abarimu kugaruka ku bigo by’amashuri bakoreraho, bafatanye n’abayobozi b’ibigo byabo gukurikirana ibikorwa by’ubwubatsi bw’amashuri ndetse no gushyira mu buryo ibitameze neza ku bigo by’amashuri yo kuba intabwa”.
Bamwe mu bakoresha urubuga rwa Twitter, bakimara kubona ubu butumwa, batangiye kwibaza icyo mwarimu ari cyo n’uko Minisiteri y’Uburezi imufata, ku buryo yamusaba kujya kubaka amashuri. Uwitwa Mwalimu yagize ati: “Genda mwarimu wakubitika! Mwarimu se ni umuyede, umufundi, engineer, azafasha iki mu kubaka mu by’ukuri”? Yakomeje ati: “Sindumva abaganga basabwa kujya ku ma echantier(ku nyubako)”.
Undi witwa Emmy Hakizimana we ntiyiyumvisha niba ubwo butumwa ari ubwa MINEDUC cyangwa niba ari uwayiyitiriye. Yagize ati: “Muyobozi rwose ibi noneho ni ibiki? Ese koko mwarebye mubona mwarimu akwiye kuba umuyede w’inyubako z’amashuri?” Yakomeje avuga ko atumva aho ubumenyi bwa mwarimu buhurira no kubaka, ndetse ko ibyo bidasanzwe ku bandi bakozi ba Leta.
Ku murongo wa telefone, umunyamakuru wa Bwiza.com yavuganye na Mininisitiri Dr Uwamariya Valentine, amusobanurira icyo itangazo rimenyesha mwarimu. Yagize ati: “Ubutumwa twatanze hari abantu babwumvise uko butari. Mu itangazo, twasabye abarimu kujya basura amashuri bigishamo, mu rwego rwo kugenzura niba isuku ihari uko bikwiye ndetse no kurushaho gutegura amasomo bazatambutsa igihe amashuri azaba afunguwe”.
Abajijwe ku ruhare rwa mwarimu ku bijyanye n’inyubako, Minisitiri Dr Uwamariya yavuze ko igihe mwarimu yaba atemberera ikigo cye, abagerageza kwiba ibikoresho by’ubwubatsi batabona icyuho kandi ko byanashyira igitsure ku basanzwe bakora isuku mu bigo. Yagize ati: “Mwarimu abaye atemberera ikigo cye, abiba ibikoresho ntibabona uburyo kandi abakora isuku bakorera ku jisho na bo yabacyaha.”
Minisitiri Dr. Uwamariya yakomeje avuga ko umwarimu atasabwe kujya azindukira ku ishuri ngo atahe nimugoroba, ndetse nta n’iminsi igenwe bagomba kugaragara ku kigo, ahubwo mwarimu ku giti cye yajya acishamo akanyarukira ku kigo mu rwego rwo gukomeza kurinda ubusugire bwacyo.
Iki cyemezo cyo gusura ibigo, cyitezweho kurushaho gusigasira ibyumba by’amashuri hanozwa isuku kuko mu minsi abanyeshuri batari ku mashuri, hari aho usanga amashuri adafite isuku ihagije ndetse hamwe haranameze ibyatsi kubera nta bantu bahagenda nk’uko byatangajwe na Minisitiri Dr. Uwamariya.

Ubutumwa bwa MINEDUC


Abantu ntibabwakiriye neza



244 Responses
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Nonese kujya kwishuri gucunga ko ibikoresho bitibwa ni akazi ka mwarimu, cyangwa ni ako umuzamu ikigo kigira? Avuye kubuyede agiye kuba umuzamu.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Abayobozi bamwe nabo wagirango ntibaba bazi ibyo barimo!
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Cg Ibikoresho Amasima,ibitiyo,bote n’ibindi biri kuburq Ku bwinshi none baragurango mwarimu bamushukashuke aze Ku kigo nawe Abe Umufatanya cyaha!!
Please Hakwiye kujyaho itegeko rirengera Mwarimu neza apana kumuzana mu Gakino kadasobanuye Indira. Gusa Mwarimu nawe atekereza kure. Mureke Nzeri igerw Tuge mu byo twatojwe apana ibyo by a Supervision
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Cg Ibikoresho Amasima,ibitiyo,bote n’ibindi biri kuburq Ku bwinshi none baragurango mwarimu bamushukashuke aze Ku kigo nawe Abe Umufatanya cyaha!!
Please Hakwiye kujyaho itegeko rirengera Mwarimu neza apana kumuzana mu Gakino kadasobanuye Indira. Gusa Mwarimu nawe atekereza kure. Mureke Nzeri igerw Tuge mu byo twatojwe apana ibyo by a Supervision
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Abayobozi bamwe nabo wagirango ntibaba bazi ibyo barimo!
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Ariko ibyo minister yasobanuye noneho birumvikana,byadukuye murujijo.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Kujya kubigo dukoraho nibyiza nkanjye navuyeyo ku cyumweru gishize(19/7/2020) kuko bari mpakumbuye. Nabonye inyubako y’ibyumba irimbanyije.Ariko SE abajyiye iwabo mu biruhuko ubu barabyumvabate?
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Kujya kubigo dukoraho nibyiza nkanjye navuyeyo ku cyumweru gishize(19/7/2020) kuko bari mpakumbuye. Nabonye inyubako y’ibyumba irimbanyije.Ariko SE abajyiye iwabo mu biruhuko ubu barabyumvabate?
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Kujya kubigo dukoraho nibyiza nkanjye navuyeyo ku cyumweru gishize(19/7/2020) kuko bari mpakumbuye. Nabonye inyubako y’ibyumba irimbanyije.Ariko SE abajyiye iwabo mu biruhuko ubu barabyumvabate?
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Kujya kubigo dukoraho nibyiza nkanjye navuyeyo ku cyumweru gishize(19/7/2020) kuko bari mpakumbuye. Nabonye inyubako y’ibyumba irimbanyije.Ariko SE abajyiye iwabo mu biruhuko ubu barabyumvabate?
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
sha njyewe ntabwo numvise iibisobanuro peee, gucunga ibikoresho ngo batabyiba se mwarimu ni superviseur wa chantier, bazashatse ukora supervision, mwarimu bakamureka ko nta namasezerano afite nuwubakisha ndetse nuwubaka
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
sha njyewe ntabwo numvise iibisobanuro peee, gucunga ibikoresho ngo batabyiba se mwarimu ni superviseur wa chantier, bazashatse ukora supervision, mwarimu bakamureka ko nta namasezerano afite nuwubakisha ndetse nuwubaka
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Bisobanutse se he biriya avuga ko mwalimu yakwitaho bisanzwe bitari mu nshingano zabayobozi b’ikigo? Nibajye bivugira mwalimu ntawe utamugaraguza agati ariko Imana izamwihembera.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Bisobanutse se he biriya avuga ko mwalimu yakwitaho bisanzwe bitari mu nshingano zabayobozi b’ikigo? Nibajye bivugira mwalimu ntawe utamugaraguza agati ariko Imana izamwihembera.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Ariko ibyo minister yasobanuye noneho birumvikana,byadukuye murujijo.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Erega mujye mwihangana kuko mwarimu niwe mukozi wa leta uciriritse , rero kuba umukozi wa leta mugenzi wawe uri kuri ruriya rwego akubwira kuriya wibitindaho ahubwo yakubashye ubwo atakubwiye kuzazana igitiyo,coupe coupe ,isuka etc… nge mbona ntagihe ireme ry’uburezi rizagerwaho mugihe mwarimu asuzugurwa kurwego nka ruriya kd bikorwa nabakamuvugiye!nibyo bituma mwarimu akora atishimye agakora kuko yabuze ahandi ajya, hakwiyongeraho agashahara gake bikarusha, rimwe narimwe asuzugurwa nabo Arusha niveau bayoresha igitiyo amafranga kd we yicira isazi mujisho.
Ariko Hari ngo za cindicat zivugira mwarimu sinzi aho zivugira nigihe zibikorera, abarimu mutuze kd mwihangane kuko umurimo mukora nuwo kwitanga mutizigamye kugirango muteze igihugu imbere, umuhati wanyu si uwubusa k’umana naho kubantu ntimubitindeho!
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Erega mujye mwihangana kuko mwarimu niwe mukozi wa leta uciriritse , rero kuba umukozi wa leta mugenzi wawe uri kuri ruriya rwego akubwira kuriya wibitindaho ahubwo yakubashye ubwo atakubwiye kuzazana igitiyo,coupe coupe ,isuka etc… nge mbona ntagihe ireme ry’uburezi rizagerwaho mugihe mwarimu asuzugurwa kurwego nka ruriya kd bikorwa nabakamuvugiye!nibyo bituma mwarimu akora atishimye agakora kuko yabuze ahandi ajya, hakwiyongeraho agashahara gake bikarusha, rimwe narimwe asuzugurwa nabo Arusha niveau bayoresha igitiyo amafranga kd we yicira isazi mujisho.
Ariko Hari ngo za cindicat zivugira mwarimu sinzi aho zivugira nigihe zibikorera, abarimu mutuze kd mwihangane kuko umurimo mukora nuwo kwitanga mutizigamye kugirango muteze igihugu imbere, umuhati wanyu si uwubusa k’umana naho kubantu ntimubitindeho!
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Nonese kujya kwishuri gucunga ko ibikoresho bitibwa ni akazi ka mwarimu, cyangwa ni ako umuzamu ikigo kigira? Avuye kubuyede agiye kuba umuzamu.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Genda mwarimu naho waramabuue
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
None abadafite amashuri barikububakira bazajyayo gukora iki? Gukoropa amashuri cg gukubura ikigo?
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
None abadafite amashuri barikububakira bazajyayo gukora iki? Gukoropa amashuri cg gukubura ikigo?
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
None abadafite amashuri barikububakira bazajyayo gukora iki? Gukoropa amashuri cg gukubura ikigo?
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
None abadafite amashuri barikububakira bazajyayo gukora iki? Gukoropa amashuri cg gukubura ikigo?
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
None abadafite amashuri barikububakira bazajyayo gukora iki? Gukoropa amashuri cg gukubura ikigo?
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
None abadafite amashuri barikububakira bazajyayo gukora iki? Gukoropa amashuri cg gukubura ikigo?
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Numva abayobozi bajya batanga ubutumwa bwumvikana kuburyo umuntu wese ubwumvise yumva neza ubutumwa bwatanze ubu twari turaho twiteguye kujya ku kazi ku wa mbere
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Numva abayobozi bajya batanga ubutumwa bwumvikana kuburyo umuntu wese ubwumvise yumva neza ubutumwa bwatanze ubu twari turaho twiteguye kujya ku kazi ku wa mbere
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Genda mwarimu naho waramabuue
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
ibi ni ugushakira mwarimu akazi gusa koko! Mwarimu waragowe koko!
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Yego! Iyo mwarimu agize agahenge ko kuba mu rugo gato abenshi birabarya.Corona irahari ariko barumva ubu ntacyo mwarimu arigukora gusa nagahomamunwa!
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Yego! Iyo mwarimu agize agahenge ko kuba mu rugo gato abenshi birabarya.Corona irahari ariko barumva ubu ntacyo mwarimu arigukora gusa nagahomamunwa!
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
ibi ni ugushakira mwarimu akazi gusa koko! Mwarimu waragowe koko!
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
ibi ni ugushakira mwarimu akazi gusa koko! Mwarimu waragowe koko!
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
ibi ni ugushakira mwarimu akazi gusa koko! Mwarimu waragowe koko!
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
ibi ni ugushakira mwarimu akazi gusa koko! Mwarimu waragowe koko!
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
ibi ni ugushakira mwarimu akazi gusa koko! Mwarimu waragowe koko!
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Nibyo koko ariko mutubarize niba bazafungura amashuri cyangwa batazayafungura mukwa kenda tubimenye.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Nibyo koko ariko mutubarize niba bazafungura amashuri cyangwa batazayafungura mukwa kenda tubimenye.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Ngo mwarimu ajya agera kwishuri umunsi ashaka hhhhh ariko Ubanza yiyibagije ko mwitangazo yasabye ko bajya bakora attendance yaburimunsi nisaha yahagereye.arega nibubahe mwarimu bamuhe nagaciro akwiye
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Ngo mwarimu ajya agera kwishuri umunsi ashaka hhhhh ariko Ubanza yiyibagije ko mwitangazo yasabye ko bajya bakora attendance yaburimunsi nisaha yahagereye.arega nibubahe mwarimu bamuhe nagaciro akwiye
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Ariko kuki abayobozi bivuguruza mbonye ikigo nkoraho cyashizeho imirimo NGO tugomba gukora ndibaza nti guhura kwabarimu ntago byakwirakwiza covid cyane ntamabwiriza abigenga.ikindi zimbona icyo mwarimu yaba agiye gukora ikigo gifite abakozi bahoraho bashinzwe iyo mirimo NGO dutegure amasomo nta time tible dufite twashingira kuki?ntutuzi NGO amashuri azatangira igihe iki Niki?
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Ariko kuki abayobozi bivuguruza mbonye ikigo nkoraho cyashizeho imirimo NGO tugomba gukora ndibaza nti guhura kwabarimu ntago byakwirakwiza covid cyane ntamabwiriza abigenga.ikindi zimbona icyo mwarimu yaba agiye gukora ikigo gifite abakozi bahoraho bashinzwe iyo mirimo NGO dutegure amasomo nta time tible dufite twashingira kuki?ntutuzi NGO amashuri azatangira igihe iki Niki?
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Muraho barimu barezi dusangiye umwuga. Ngewe kugeza ubu simbona amakosa ya minister mu kudushishikariza kujya dusura ibikorerwa ku mashuri twigishaho. Mbese muzi ko ari inshingano zacu kumenya no kuvumbura bimwe mu bita meze neza HTs batabonye tukabibamenyesha? Erege turi ijisho ry ibigo dukora ho. Utab yemera si umurezi. Ubundi se ubaye ubu ubonye scholarship muri USA, ntabwo nyuma y igihe runaka utuma umuntu ngo age ku kurebera inyubako washize ko naho isuri yangije! None se niba minister abatuma ngo musuzume ku mashuri uko hameze ubwo aciye inka amabere? Ar atwibutsa inshingano natwe ntitugkazihunge rwose.
Murakoze kubyumva.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Ndashaka kumenya niba uri mwarimu cg utari we.Harya wibuka ko abarimu aribo bafanya n’Imana kuzamura imitekerereze y’umurerwa ndavuga umunyeshuri,hanyuma se urumva batarumvise neza imvugo yakoreshejwe n’umuyobozi wa MINEDUC?Aha birumvikana ko ari kujya kuba umupraton(ukubura)cg ubuyede kuko umuyobozi w’abafundi(engeenier)n’abafundi barahari.
Uzi imvugo iri mu byaro hasi hano,”mwarimu wa muyede we”.
Ko Aho bakeneye umuganda abarimu bawutanze,bakwihanganye ko muri nzeri ari vuba aha
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Yego rata ureke abari gupfa kwandika batatekereje ibibazo twahahurira twijanditse muri ziriya nyubako
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Yego rata ureke abari gupfa kwandika batatekereje ibibazo twahahurira twijanditse muri ziriya nyubako
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
kwitwa umuyede byo byatangiye kuvugwa, ese nibahatubona igitsure cyabo cyo turagikira koko, noneho izina gakweto riributuveho sinamenya , gusa nukubigendanamo ubushishozi,kuko nibiyibisha wahiriwe uzitwa UMUFATANYACYAHA.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
kwitwa umuyede byo byatangiye kuvugwa, ese nibahatubona igitsure cyabo cyo turagikira koko, noneho izina gakweto riributuveho sinamenya , gusa nukubigendanamo ubushishozi,kuko nibiyibisha wahiriwe uzitwa UMUFATANYACYAHA.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
kwitwa umuyede byo byatangiye kuvugwa, ese nibahatubona igitsure cyabo cyo turagikira koko, noneho izina gakweto riributuveho sinamenya , gusa nukubigendanamo ubushishozi,kuko nibiyibisha wahiriwe uzitwa UMUFATANYACYAHA.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
kwitwa umuyede byo byatangiye kuvugwa, ese nibahatubona igitsure cyabo cyo turagikira koko, noneho izina gakweto riributuveho sinamenya , gusa nukubigendanamo ubushishozi,kuko nibiyibisha wahiriwe uzitwa UMUFATANYACYAHA.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Ndashaka kumenya niba uri mwarimu cg utari we.Harya wibuka ko abarimu aribo bafanya n’Imana kuzamura imitekerereze y’umurerwa ndavuga umunyeshuri,hanyuma se urumva batarumvise neza imvugo yakoreshejwe n’umuyobozi wa MINEDUC?Aha birumvikana ko ari kujya kuba umupraton(ukubura)cg ubuyede kuko umuyobozi w’abafundi(engeenier)n’abafundi barahari.
Uzi imvugo iri mu byaro hasi hano,”mwarimu wa muyede we”.
Ko Aho bakeneye umuganda abarimu bawutanze,bakwihanganye ko muri nzeri ari vuba aha
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Arikose mwarimu ni supervisor? Inshingano ze urazisobanukiwe? Amasuku nibindi ntabuyobozi bubikurikirana cg bwananiwe tubimenye?
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Arikose mwarimu ni supervisor? Inshingano ze urazisobanukiwe? Amasuku nibindi ntabuyobozi bubikurikirana cg bwananiwe tubimenye?
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Nonese munyarwanda, koko nawe uri umurezi?
Waba wibuka inshingano za mwarimu?
Ni Ministeri zingahe zifite ibikorwa by’ubwubatsi byakozwe kandi bikomeje kugeza ubu, wumvise bangahe basabwe kugenzura ibitagenda neza no kurinda ibyibwa ndetse n’amasuku?
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Nonese munyarwanda, koko nawe uri umurezi?
Waba wibuka inshingano za mwarimu?
Ni Ministeri zingahe zifite ibikorwa by’ubwubatsi byakozwe kandi bikomeje kugeza ubu, wumvise bangahe basabwe kugenzura ibitagenda neza no kurinda ibyibwa ndetse n’amasuku?
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Wowe uri mu ruzi uroga ntuzi ibyo wikururira
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Wowe uri mu ruzi uroga ntuzi ibyo wikururira
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Wowe uri mu ruzi uroga ntuzi ibyo wikururira
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Wowe uri mu ruzi uroga ntuzi ibyo wikururira
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Wowe uri mu ruzi uroga ntuzi ibyo wikururira
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Wowe uri mu ruzi uroga ntuzi ibyo wikururira
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
uri sure ko tubyumvise?
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
uri sure ko tubyumvise?
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Muraho barimu barezi dusangiye umwuga. Ngewe kugeza ubu simbona amakosa ya minister mu kudushishikariza kujya dusura ibikorerwa ku mashuri twigishaho. Mbese muzi ko ari inshingano zacu kumenya no kuvumbura bimwe mu bita meze neza HTs batabonye tukabibamenyesha? Erege turi ijisho ry ibigo dukora ho. Utab yemera si umurezi. Ubundi se ubaye ubu ubonye scholarship muri USA, ntabwo nyuma y igihe runaka utuma umuntu ngo age ku kurebera inyubako washize ko naho isuri yangije! None se niba minister abatuma ngo musuzume ku mashuri uko hameze ubwo aciye inka amabere? Ar atwibutsa inshingano natwe ntitugkazihunge rwose.
Murakoze kubyumva.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Ngo mwarimu ajya agera kwishuri umunsi ashaka hhhhh ariko Ubanza yiyibagije ko mwitangazo yasabye ko bajya bakora attendance yaburimunsi nisaha yahagereye.arega nibubahe mwarimu bamuhe nagaciro akwiye
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Noneho nijoro ku makuru nabonye PS avuga ngo hari nabarimu basigaye batekera abafundi ku chantier, nibaza niba barashinze restaurant ku ma chantiers, ndayoberwa. Agiye kubyica aravuga ngo nukugira nabo babashe kwitunga. ubwo bateka nkibigori abafundi naba aides bakishyura. yayayyaa
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Noneho nijoro ku makuru nabonye PS avuga ngo hari nabarimu basigaye batekera abafundi ku chantier, nibaza niba barashinze restaurant ku ma chantiers, ndayoberwa. Agiye kubyica aravuga ngo nukugira nabo babashe kwitunga. ubwo bateka nkibigori abafundi naba aides bakishyura. yayayyaa
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Ngo mwarimu ajya agera kwishuri umunsi ashaka hhhhh ariko Ubanza yiyibagije ko mwitangazo yasabye ko bajya bakora attendance yaburimunsi nisaha yahagereye.arega nibubahe mwarimu bamuhe nagaciro akwiye
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Ariko uziko mumara kuzamurwa ukagirango isi muyifashe umurizo?mwarimu yaramaze kabiri ahumeka ubwo nawe uraje!!mubyukuri ubabajwe nuko leta imuhemba?waduhaye amahoro ra?kumwongerera akazi ni agashahara wongereye NGO nibura tuzasigare tukuvuga ibigwi?mwarimu azi akazi agomba gukora.ibindi nabyo ndakeka bifite abakozi babyo,duhe amahoro.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Ariko uziko mumara kuzamurwa ukagirango isi muyifashe umurizo?mwarimu yaramaze kabiri ahumeka ubwo nawe uraje!!mubyukuri ubabajwe nuko leta imuhemba?waduhaye amahoro ra?kumwongerera akazi ni agashahara wongereye NGO nibura tuzasigare tukuvuga ibigwi?mwarimu azi akazi agomba gukora.ibindi nabyo ndakeka bifite abakozi babyo,duhe amahoro.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Ariko uziko mumara kuzamurwa ukagirango isi muyifashe umurizo?mwarimu yaramaze kabiri ahumeka ubwo nawe uraje!!mubyukuri ubabajwe nuko leta imuhemba?waduhaye amahoro ra?kumwongerera akazi ni agashahara wongereye NGO nibura tuzasigare tukuvuga ibigwi?mwarimu azi akazi agomba gukora.ibindi nabyo ndakeka bifite abakozi babyo,duhe amahoro.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Ariko uziko mumara kuzamurwa ukagirango isi muyifashe umurizo?mwarimu yaramaze kabiri ahumeka ubwo nawe uraje!!mubyukuri ubabajwe nuko leta imuhemba?waduhaye amahoro ra?kumwongerera akazi ni agashahara wongereye NGO nibura tuzasigare tukuvuga ibigwi?mwarimu azi akazi agomba gukora.ibindi nabyo ndakeka bifite abakozi babyo,duhe amahoro.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Ese koko icyo ni igitekerezo cy’umuntu nka Minister? Mwalimu apfa iki n’abayobozi? Buri muni mwalimu mwalimu! ndumiwe koko. Bari babonye umwanya mwiza wo gutegurira mwalimu amahugurwa none ngo nawukoreshe agendagenda mu kigo. Ubwo umwalimukazi abyuke mu gitondo kare abwire umugabo ati gahunda y’uyu munsi ni ukugendagenda mu kigo!
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Ese koko icyo ni igitekerezo cy’umuntu nka Minister? Mwalimu apfa iki n’abayobozi? Buri muni mwalimu mwalimu! ndumiwe koko. Bari babonye umwanya mwiza wo gutegurira mwalimu amahugurwa none ngo nawukoreshe agendagenda mu kigo. Ubwo umwalimukazi abyuke mu gitondo kare abwire umugabo ati gahunda y’uyu munsi ni ukugendagenda mu kigo!
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Mwarimu si umufundi,so umuyede,ntanubwo ari numucleaner,buri cyose gifite ugishinzwe kd ahemberwa.no kuba abazamu ntituri abazamu kuko barahari babihemberwa.waduhaye amahoro ko ataritwe twazanye iki cyorezocya covid-19,kikarangira tugasubira mukazi kacu tugakora ko natwe tudashimishijwe no guhora twicaye?urumva kubika ibikoresho bitureba koko?muduhemo akazi rero tubicunge
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Mwarimu si umufundi,so umuyede,ntanubwo ari numucleaner,buri cyose gifite ugishinzwe kd ahemberwa.no kuba abazamu ntituri abazamu kuko barahari babihemberwa.waduhaye amahoro ko ataritwe twazanye iki cyorezocya covid-19,kikarangira tugasubira mukazi kacu tugakora ko natwe tudashimishijwe no guhora twicaye?urumva kubika ibikoresho bitureba koko?muduhemo akazi rero tubicunge
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Ahaaaaa iyo iciriritse uba iciriritse koko ohooo mwalimu weeee!!!!!
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Ahaaaaa iyo iciriritse uba iciriritse koko ohooo mwalimu weeee!!!!!
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Ibi se bitaniye he n’ibyo yavuze? None se ibyo bikoresho niba byibwa ntibiri ku mutwe wa ba rwiyemezamirimo batsindiye kubaka ayo mashuri? Keretse niba tuzaba abazamu ba ba Rwiyemezamirimo. Hanyuma ibindi nabyo, ibigo nta bazamu bisanzwe bifite ? Ubu koko ninjire muri gahunda y’ingendo zitari ngombwa ngo nje kureba ko ku ishuri hakubuye?
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Ibi se bitaniye he n’ibyo yavuze? None se ibyo bikoresho niba byibwa ntibiri ku mutwe wa ba rwiyemezamirimo batsindiye kubaka ayo mashuri? Keretse niba tuzaba abazamu ba ba Rwiyemezamirimo. Hanyuma ibindi nabyo, ibigo nta bazamu bisanzwe bifite ? Ubu koko ninjire muri gahunda y’ingendo zitari ngombwa ngo nje kureba ko ku ishuri hakubuye?
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Nyamara abalimu baritanga bihagije,iyo bakenewe baritabira,wareba uko basuzugurwa arinabo bahora barira ko bashonje ntibikemuke ariko ibyatuma avuga bikaza bimugwira,byaba byiza ahawe agaciro ke nkabandi bakozi !!!!,ikinaniranye cyose ngo mwarimu aragikora sibyo.akeneye agaciro nkabandi,akazi ke arakazi Kandi aragakunda,mubwo ariwe uhabwa make.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Nyamara abalimu baritanga bihagije,iyo bakenewe baritabira,wareba uko basuzugurwa arinabo bahora barira ko bashonje ntibikemuke ariko ibyatuma avuga bikaza bimugwira,byaba byiza ahawe agaciro ke nkabandi bakozi !!!!,ikinaniranye cyose ngo mwarimu aragikora sibyo.akeneye agaciro nkabandi,akazi ke arakazi Kandi aragakunda,mubwo ariwe uhabwa make.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Nyamara abalimu baritanga bihagije,iyo bakenewe baritabira,wareba uko basuzugurwa arinabo bahora barira ko bashonje ntibikemuke ariko ibyatuma avuga bikaza bimugwira,byaba byiza ahawe agaciro ke nkabandi bakozi !!!!,ikinaniranye cyose ngo mwarimu aragikora sibyo.akeneye agaciro nkabandi,akazi ke arakazi Kandi aragakunda,mubwo ariwe uhabwa make.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Nyamara abalimu baritanga bihagije,iyo bakenewe baritabira,wareba uko basuzugurwa arinabo bahora barira ko bashonje ntibikemuke ariko ibyatuma avuga bikaza bimugwira,byaba byiza ahawe agaciro ke nkabandi bakozi !!!!,ikinaniranye cyose ngo mwarimu aragikora sibyo.akeneye agaciro nkabandi,akazi ke arakazi Kandi aragakunda,mubwo ariwe uhabwa make.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Ariko ntago yavuze nabi,Ni ukugirango Abe akurikirana ibizamufasha kunoza Akazi ke igihe amasomo azaba atangiye.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Ariko ntago yavuze nabi,Ni ukugirango Abe akurikirana ibizamufasha kunoza Akazi ke igihe amasomo azaba atangiye.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Muraho,tukiri kuri iyi nkuru ivuga kuri Mwarimu,
Mutubarize ibisobanuro birambuye n’inzira umwarimu yanyuramo,kugira ngo ahabwe service ivugwa mu ngingo ya 80 na 38 muri Sitati shya y’abarimu 2020.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Muraho,tukiri kuri iyi nkuru ivuga kuri Mwarimu,
Mutubarize ibisobanuro birambuye n’inzira umwarimu yanyuramo,kugira ngo ahabwe service ivugwa mu ngingo ya 80 na 38 muri Sitati shya y’abarimu 2020.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Sindiyumvisha icyo buriya nushaka kuvugana!Mwarimu agize Kuba ahembwa intica ntikize hageretseho no gusuzugurwa,Kandi yaba Minisitiri n’abandi bayobozi banyuze mu maboko ya mwalimu,bameze nka was mwana umara gutera imbere akica kubabyeyi.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Sindiyumvisha icyo buriya nushaka kuvugana!Mwarimu agize Kuba ahembwa intica ntikize hageretseho no gusuzugurwa,Kandi yaba Minisitiri n’abandi bayobozi banyuze mu maboko ya mwalimu,bameze nka was mwana umara gutera imbere akica kubabyeyi.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Mwarimu ni umufundi, inspecteur, umu aide, Umusekirite, umupuranto????????
Bayobozi rwose mutekereze nimba koko aribyo mahugurwa mwateganyirije mwarimu !
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Mwarimu ni umufundi, inspecteur, umu aide, Umusekirite, umupuranto????????
Bayobozi rwose mutekereze nimba koko aribyo mahugurwa mwateganyirije mwarimu !
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Ge ndabona Madame Ministre yatanze igitekerezo kiza ko abatimu twakwegera ibigo twigishaho tukareba imigendekere y’inyubako z’amashuri yacu dukoraho. Ibi kuri ge n’a Mwalimu, ndabona ntacyo bitwaye ahubwo byagateye ishema na Mwalimu. Kuko ari ibikorwa bimufitiye akamaro, byatuma anagira uburyo bwo gutanga ibitekerezo mû gihe cy’iyubaka maze ibintu bikagenda neza ,gusa hari uwo byagora ntibimubere ikibazo. Murakoze!
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Ge ndabona Madame Ministre yatanze igitekerezo kiza ko abatimu twakwegera ibigo twigishaho tukareba imigendekere y’inyubako z’amashuri yacu dukoraho. Ibi kuri ge n’a Mwalimu, ndabona ntacyo bitwaye ahubwo byagateye ishema na Mwalimu. Kuko ari ibikorwa bimufitiye akamaro, byatuma anagira uburyo bwo gutanga ibitekerezo mû gihe cy’iyubaka maze ibintu bikagenda neza ,gusa hari uwo byagora ntibimubere ikibazo. Murakoze!
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Ariko ntago yavuze nabi,Ni ukugirango mwalimu abe akurikirana ibizamufasha kunoza Akazi ke igihe amasomo azaba atangiye.ntampamvu yo kuvuga ko babaciye amazi.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Ariko ntago yavuze nabi,Ni ukugirango mwalimu abe akurikirana ibizamufasha kunoza Akazi ke igihe amasomo azaba atangiye.ntampamvu yo kuvuga ko babaciye amazi.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Tube abanyamwuga mu kazi,none se niba ishuri risanganwe abakozi b’isuku,rikagira abazamu koko mwarimu agabijwe abayobozi b’ibigo ku gihe mpamvu!?Minisitiri Dr madamu Uwamariya aravuga ko adategetse ko uwo mwarimu ajya ku ishuri iminsi yose.Gusa ngo umwami ntiyica hica rubanda;muze gukurikirana ko namwe mu abayobozi b’ibigo batazatondesha abarimu babo kuva ku wa mbere kugeza ku wa gatatu ndetse guhera 7:00’am kugeza 17:00’pm.Gusa tubitege amaso.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Tube abanyamwuga mu kazi,none se niba ishuri risanganwe abakozi b’isuku,rikagira abazamu koko mwarimu agabijwe abayobozi b’ibigo ku gihe mpamvu!?Minisitiri Dr madamu Uwamariya aravuga ko adategetse ko uwo mwarimu ajya ku ishuri iminsi yose.Gusa ngo umwami ntiyica hica rubanda;muze gukurikirana ko namwe mu abayobozi b’ibigo batazatondesha abarimu babo kuva ku wa mbere kugeza ku wa gatatu ndetse guhera 7:00’am kugeza 17:00’pm.Gusa tubitege amaso.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Tube abanyamwuga mu kazi,none se niba ishuri risanganwe abakozi b’isuku,rikagira abazamu koko mwarimu agabijwe abayobozi b’ibigo ku gihe mpamvu!?Minisitiri Dr madamu Uwamariya aravuga ko adategetse ko uwo mwarimu ajya ku ishuri iminsi yose.Gusa ngo umwami ntiyica hica rubanda;muze gukurikirana ko namwe mu abayobozi b’ibigo batazatondesha abarimu babo kuva ku wa mbere kugeza ku wa gatatu ndetse guhera 7:00’am kugeza 17:00’pm.Gusa tubitege amaso.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Tube abanyamwuga mu kazi,none se niba ishuri risanganwe abakozi b’isuku,rikagira abazamu koko mwarimu agabijwe abayobozi b’ibigo ku gihe mpamvu!?Minisitiri Dr madamu Uwamariya aravuga ko adategetse ko uwo mwarimu ajya ku ishuri iminsi yose.Gusa ngo umwami ntiyica hica rubanda;muze gukurikirana ko namwe mu abayobozi b’ibigo batazatondesha abarimu babo kuva ku wa mbere kugeza ku wa gatatu ndetse guhera 7:00’am kugeza 17:00’pm.Gusa tubitege amaso.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Arikose noneho ko numva abarimu badashaka kumvira abayobozi ni ukuvuga ko ari ibyigenge ? Se ko numva badashaka gukora kdi bahembwa. Uretse kwijijisha harundi mukozi mwigeze mubona umara igihe kingana gutya ahembwa adakora ?
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Arikose noneho ko numva abarimu badashaka kumvira abayobozi ni ukuvuga ko ari ibyigenge ? Se ko numva badashaka gukora kdi bahembwa. Uretse kwijijisha harundi mukozi mwigeze mubona umara igihe kingana gutya ahembwa adakora ?
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Abarimu igihe cyose muzaba mubatesha agaciro,nta reme ry’uburezi muzabona,iyo ugiye kukigo ukabaza abarimo kubaka ibintu aho bigeze bakubwira ko utabahaye atabahaye, ngo uzajye ubaza abanyeshuri wigisha, ntimukaturohe mwamaze kudutesha agaciro,
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Abarimu igihe cyose muzaba mubatesha agaciro,nta reme ry’uburezi muzabona,iyo ugiye kukigo ukabaza abarimo kubaka ibintu aho bigeze bakubwira ko utabahaye atabahaye, ngo uzajye ubaza abanyeshuri wigisha, ntimukaturohe mwamaze kudutesha agaciro,
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Minisitiri ntabwo arasobanura ibintu neza. Inshingano za mwalimu zarahindutse? Pedagogy yarahindutse? Mwarimu ashinzwe kwirirwa azenguruka ikigo areba uko amashuri yubakwa, areba,amasuku, arebanuko amashuri yibwa cg atibwa? Mwalimu se ibyo yabikoririki mugihe ntabanyeshuri bari mukigo? Yategurase atazi amasaha azigishaho, atazi igihe azigishiriza numubare wabanyeshuri azigisha?? Ese Hon minister bagukuye kuriyo ntebe bakaguha course yo gutanga cg school wigishaho ibyo wabikora?
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Minisitiri ntabwo arasobanura ibintu neza. Inshingano za mwalimu zarahindutse? Pedagogy yarahindutse? Mwarimu ashinzwe kwirirwa azenguruka ikigo areba uko amashuri yubakwa, areba,amasuku, arebanuko amashuri yibwa cg atibwa? Mwalimu se ibyo yabikoririki mugihe ntabanyeshuri bari mukigo? Yategurase atazi amasaha azigishaho, atazi igihe azigishiriza numubare wabanyeshuri azigisha?? Ese Hon minister bagukuye kuriyo ntebe bakaguha course yo gutanga cg school wigishaho ibyo wabikora?
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Mwalimu siwe ushinzwe isuku, inyubako n’umutekano w’ikigo kuko hari ababihemberwa.ashinzwe kwigisha akaba aribwo yagenzura isuku , bimuvanga mu nyubako .
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Mwalimu siwe ushinzwe isuku, inyubako n’umutekano w’ikigo kuko hari ababihemberwa.ashinzwe kwigisha akaba aribwo yagenzura isuku , bimuvanga mu nyubako .
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Erega ubwo mwarimu agiye gusimbura abashinzwe isuku ndetse n’abazamu ku bigo by’amashuri.Ibyo bintu mubyitondere kuko inyerezwa ry’ibikoresho rireze cyane mu bigo byubakwamo amashuri;bityo umwarimu uzareba nabi bazabimwegekaho hitwajweko nawe yigeze gukandagira ku ishuri nibura inshuro 1.
Dr Uwamariya hamwe ati:” mwarimu azakurikirana inyubako anasinye attendance buri munsi”,akongera ati:’mwarimu azajya ku ishuri rimwe na rimwe’atari umunsi wise!?
Ibi harimo guhuzagurika mu mvugo;byose bikarangira mwarimu atamitswe abayobozi b’ibigo by’amashuri maze bakamucura uko babyumva bitwaje ko ari amabwiriza ya minisitiri.Hora mwarimu, Imana ubwo bufindo bugukorerwaho bwose irabubona.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Erega ubwo mwarimu agiye gusimbura abashinzwe isuku ndetse n’abazamu ku bigo by’amashuri.Ibyo bintu mubyitondere kuko inyerezwa ry’ibikoresho rireze cyane mu bigo byubakwamo amashuri;bityo umwarimu uzareba nabi bazabimwegekaho hitwajweko nawe yigeze gukandagira ku ishuri nibura inshuro 1.
Dr Uwamariya hamwe ati:” mwarimu azakurikirana inyubako anasinye attendance buri munsi”,akongera ati:’mwarimu azajya ku ishuri rimwe na rimwe’atari umunsi wise!?
Ibi harimo guhuzagurika mu mvugo;byose bikarangira mwarimu atamitswe abayobozi b’ibigo by’amashuri maze bakamucura uko babyumva bitwaje ko ari amabwiriza ya minisitiri.Hora mwarimu, Imana ubwo bufindo bugukorerwaho bwose irabubona.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Ubwo nonehose abarimu bahindutse abazamu naba shinzwe amasuku? Ahubwose ko ministry yavuzeko nawe atazi igihe amashuri azatangirira ubwo ibyo baba bategura byaba aribyiki. Ahubwo nibabe bakoresha kagashahara kabo twabusiness dutoya wenda bazajya kwigisha haricyo bakuyemo
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Ubwo nonehose abarimu bahindutse abazamu naba shinzwe amasuku? Ahubwose ko ministry yavuzeko nawe atazi igihe amashuri azatangirira ubwo ibyo baba bategura byaba aribyiki. Ahubwo nibabe bakoresha kagashahara kabo twabusiness dutoya wenda bazajya kwigisha haricyo bakuyemo
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Rwose ibyo kugira mwarimu umuyede, ndetse numuzamu reka babihagarike, dukore ibyo dushinzwe. Ubundi c amahugurwa batanze arihe yabaye ryari ko bitaye kubanyeshuri gusa kandi nabarimu bakeneye guhugurwa.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Rwose ibyo kugira mwarimu umuyede, ndetse numuzamu reka babihagarike, dukore ibyo dushinzwe. Ubundi c amahugurwa batanze arihe yabaye ryari ko bitaye kubanyeshuri gusa kandi nabarimu bakeneye guhugurwa.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Rwose ibyo kugira mwarimu umuyede, ndetse numuzamu reka babihagarike, dukore ibyo dushinzwe. Ubundi c amahugurwa batanze arihe yabaye ryari ko bitaye kubanyeshuri gusa kandi nabarimu bakeneye guhugurwa.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Rwose ibyo kugira mwarimu umuyede, ndetse numuzamu reka babihagarike, dukore ibyo dushinzwe. Ubundi c amahugurwa batanze arihe yabaye ryari ko bitaye kubanyeshuri gusa kandi nabarimu bakeneye guhugurwa.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Rwose ibyo kugira mwarimu umuyede, ndetse numuzamu reka babihagarike, dukore ibyo dushinzwe. Ubundi c amahugurwa batanze arihe yabaye ryari ko bitaye kubanyeshuri gusa kandi nabarimu bakeneye guhugurwa.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Rwose ibyo kugira mwarimu umuyede, ndetse numuzamu reka babihagarike, dukore ibyo dushinzwe. Ubundi c amahugurwa batanze arihe yabaye ryari ko bitaye kubanyeshuri gusa kandi nabarimu bakeneye guhugurwa.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Erega ibya kera sibyo byubu kera niho umwarimu yigishaga hafi yaho ataha naho ubu umuntu ntahk agihuriye na rugorwe mwarimu arava mu karere cg mu ntara akanjya gukorera mu yindi amafranga ya macumbi yadushizemo nde kurubu amacumbi yasubiranye banyirayo. Nonese mwarimu azatega anjye kwishuri kugenzura koko azararahe ? Ko macumbi yabarimu haraho Atari ? Nibyo koko abari hafi banjya bagera ku mashuri basimburana naho buri munsi byo ntibyashoboka pe.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Erega ibya kera sibyo byubu kera niho umwarimu yigishaga hafi yaho ataha naho ubu umuntu ntahk agihuriye na rugorwe mwarimu arava mu karere cg mu ntara akanjya gukorera mu yindi amafranga ya macumbi yadushizemo nde kurubu amacumbi yasubiranye banyirayo. Nonese mwarimu azatega anjye kwishuri kugenzura koko azararahe ? Ko macumbi yabarimu haraho Atari ? Nibyo koko abari hafi banjya bagera ku mashuri basimburana naho buri munsi byo ntibyashoboka pe.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Erega ibya kera sibyo byubu kera niho umwarimu yigishaga hafi yaho ataha naho ubu umuntu ntahk agihuriye na rugorwe mwarimu arava mu karere cg mu ntara akanjya gukorera mu yindi amafranga ya macumbi yadushizemo nde kurubu amacumbi yasubiranye banyirayo. Nonese mwarimu azatega anjye kwishuri kugenzura koko azararahe ? Ko macumbi yabarimu haraho Atari ? Nibyo koko abari hafi banjya bagera ku mashuri basimburana naho buri munsi byo ntibyashoboka pe.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Erega ibya kera sibyo byubu kera niho umwarimu yigishaga hafi yaho ataha naho ubu umuntu ntahk agihuriye na rugorwe mwarimu arava mu karere cg mu ntara akanjya gukorera mu yindi amafranga ya macumbi yadushizemo nde kurubu amacumbi yasubiranye banyirayo. Nonese mwarimu azatega anjye kwishuri kugenzura koko azararahe ? Ko macumbi yabarimu haraho Atari ? Nibyo koko abari hafi banjya bagera ku mashuri basimburana naho buri munsi byo ntibyashoboka pe.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Haaah!Gutegura amasomo bazatambutsa twafunguye!!! Nyakubahwa minister wize uburezi? Gutegura bijyana na school calendar, mwarimu agahabwa time table hanyuma mwarimu nawe agakora Unit plan! Mwaba mwarasohoye school calendar ntitubimenye se?Ndumiwe koko!!!
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Haaah!Gutegura amasomo bazatambutsa twafunguye!!! Nyakubahwa minister wize uburezi? Gutegura bijyana na school calendar, mwarimu agahabwa time table hanyuma mwarimu nawe agakora Unit plan! Mwaba mwarasohoye school calendar ntitubimenye se?Ndumiwe koko!!!
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Mwalimu abaye umuzamu noneho
Akaga kari aha
Teacher wagorwa wagorwa!!!!!
Ahubwo nuko ari
guhembwa adakora
Barashaka kumugarurizamo
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Mwalimu abaye umuzamu noneho
Akaga kari aha
Teacher wagorwa wagorwa!!!!!
Ahubwo nuko ari
guhembwa adakora
Barashaka kumugarurizamo
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Attendance ya buried munsi!hhhhhhhh mpise nseka.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Attendance ya buried munsi!hhhhhhhh mpise nseka.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Ubwo se uretse gutesha mwarimu agaciro koko mu nshingano za mwarimu harimo guhagarikira abafundi n’abakozi b’isuku? Ndumiwe pe! Ntabyo tutazakoreshwa! Bareka tukareba ko iki kinyagwa cya covid cyacogora se. Mwarimu azahora ahangayitse? Umuyobozi ugiyeho wese aho gusubiza mwarimu agaciro ahubwo ni ukwerekana ko agiye kumwumvisha?
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Ubwo se uretse gutesha mwarimu agaciro koko mu nshingano za mwarimu harimo guhagarikira abafundi n’abakozi b’isuku? Ndumiwe pe! Ntabyo tutazakoreshwa! Bareka tukareba ko iki kinyagwa cya covid cyacogora se. Mwarimu azahora ahangayitse? Umuyobozi ugiyeho wese aho gusubiza mwarimu agaciro ahubwo ni ukwerekana ko agiye kumwumvisha?
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Kujya KU ishuri nta kosa mbibonamo pe, ko muri kubyanga se Kandi kuva Covid-19 yatera na n’ ubu muracyahembwa!ibi murimo muri kudukina KU mubyimba twe dukorera Private schools, twe tugiye kwicwa n’ isari. Bahagarike kubahemba bayaduhe maze badusabe izo attendance urebe.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Kujya KU ishuri nta kosa mbibonamo pe, ko muri kubyanga se Kandi kuva Covid-19 yatera na n’ ubu muracyahembwa!ibi murimo muri kudukina KU mubyimba twe dukorera Private schools, twe tugiye kwicwa n’ isari. Bahagarike kubahemba bayaduhe maze badusabe izo attendance urebe.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Ubundi c!! Ko hari abashinzwe ibyo bikoresho ,ko abakozi bisuku bazi imirimo bashinzwe kdi bagenzurwa n’ uwo basinyanye contract. Urumva mwarimu we agiye gukontorora ibyo Minister avuga. Si ukumubwira ngo Vuga uvuye aho!
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Ubundi c!! Ko hari abashinzwe ibyo bikoresho ,ko abakozi bisuku bazi imirimo bashinzwe kdi bagenzurwa n’ uwo basinyanye contract. Urumva mwarimu we agiye gukontorora ibyo Minister avuga. Si ukumubwira ngo Vuga uvuye aho!
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Ikigo kiba gifite uburyo cyateguye kuzita kubikoresho byacyo kuburyo bitangirika.None gusura ikigo abagihagarariye bazakora iki? Mbese mwalimu azaruhura ubwonko ryari Dore ko niyo bari mubiruhuko bakomeza gutekereza ibidanago?
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Ikigo kiba gifite uburyo cyateguye kuzita kubikoresho byacyo kuburyo bitangirika.None gusura ikigo abagihagarariye bazakora iki? Mbese mwalimu azaruhura ubwonko ryari Dore ko niyo bari mubiruhuko bakomeza gutekereza ibidanago?
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Mwarimu nibamuhe agaciro ke, naho kujya kugenzura? Ubundi c niba ari sima banyereza Minister yibwirako igenda kumanywa hhhhhh cg ni nijoro, bareke kudusebya muri socie
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Mwarimu nibamuhe agaciro ke, naho kujya kugenzura? Ubundi c niba ari sima banyereza Minister yibwirako igenda kumanywa hhhhhh cg ni nijoro, bareke kudusebya muri socie
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Nyamara abayobozi biki gihe ubanza batazi kubeshya ibaze guhakana kumugaragaro ko ministe yari yasabye abarimu kugaruka kumashuri gufasha kubaka no gukora isuku none arabihakanye. Hhhhhhhh!!!!
Genda mwarimi ukwiriye koko gusuzugurwa.
Ugomba kuba umuyede ukanaba imupranto mukigo. Hhhhhhh barabura guha mwarimu ibimugenerwa ku gihe barangiza bakamugira umuyede. Sinibaza impamvu ahandi hose batanze bonus kubarimu ariko mukarere ka Rulindo abarimu ba tvet zahoze ari ama VTC bakaba barayibimye nkaho bo badakorera mi Rwanda. Ibise Minister yaba abizi. Hhhhh ntabyo yapfa kumenya. Ubus euyu mwarimu uramusaba gukora ubuyede nisuki urumva ari motivated. Simvuze RSSB batatangiwe amezi arenga 7. Ibyose byo arabizi. Please mwarimu niyubahwe kuko arabikwiriye.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Nyamara abayobozi biki gihe ubanza batazi kubeshya ibaze guhakana kumugaragaro ko ministe yari yasabye abarimu kugaruka kumashuri gufasha kubaka no gukora isuku none arabihakanye. Hhhhhhhh!!!!
Genda mwarimi ukwiriye koko gusuzugurwa.
Ugomba kuba umuyede ukanaba imupranto mukigo. Hhhhhhh barabura guha mwarimu ibimugenerwa ku gihe barangiza bakamugira umuyede. Sinibaza impamvu ahandi hose batanze bonus kubarimu ariko mukarere ka Rulindo abarimu ba tvet zahoze ari ama VTC bakaba barayibimye nkaho bo badakorera mi Rwanda. Ibise Minister yaba abizi. Hhhhh ntabyo yapfa kumenya. Ubus euyu mwarimu uramusaba gukora ubuyede nisuki urumva ari motivated. Simvuze RSSB batatangiwe amezi arenga 7. Ibyose byo arabizi. Please mwarimu niyubahwe kuko arabikwiriye.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Genda mwalimu uri insina ngufi. Ubuse minister yaba aziko hari abarimu ba TVET zahoze ari VTC badakorerwa ibyo abandi balimi bakorerwa bo muri Rulindo.? Bizabazwa nde? Simvuze RSSB batatangiwe hafiamezi 6 cg 8. Sinibaz aukuntu abandi bose mugihugu bahawe BONUS noneho aba Rulindo bo bakayimwa. Ngaho nimumbwire niba uyu mwalimu yajya kuba umuyede na pranto mukigo ubu arumva ari motivated koko? Niburase baziko batajya bazamurwa muntera nk’abandi balimu?
Sinibaza ibi abalimu baba bemererwa n’amategeko arko ntibabihabwe. Ngusa mwalimu araciriritse pe
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Genda mwalimu uri insina ngufi. Ubuse minister yaba aziko hari abarimu ba TVET zahoze ari VTC badakorerwa ibyo abandi balimi bakorerwa bo muri Rulindo.? Bizabazwa nde? Simvuze RSSB batatangiwe hafiamezi 6 cg 8. Sinibaz aukuntu abandi bose mugihugu bahawe BONUS noneho aba Rulindo bo bakayimwa. Ngaho nimumbwire niba uyu mwalimu yajya kuba umuyede na pranto mukigo ubu arumva ari motivated koko? Niburase baziko batajya bazamurwa muntera nk’abandi balimu?
Sinibaza ibi abalimu baba bemererwa n’amategeko arko ntibabihabwe. Ngusa mwalimu araciriritse pe
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Ariko rwose, noneho minister byose abishyize hanze pe (Ku mugani wa babandi) ejo yavugaga kujya gukurikirana imirimo y’iyubakwa ry’amashuri, ubu noneho aje avuga kurinda ibikoresho no gukoresha isuku. Bivuzengo mwarimu si umuyede gusa, ahubwo abate n’umuzamu. Nonese ko avugango ntiyabasabye kujyayo buri munsi kandi hari abayobozi bamwe bamenyesheje abarimu kujya bajyayo kandi bakanagaragaza attendance? Niba koko yavuguruje ibyo yatangaje mbere, dukeneye ko asubira kuri Twitter aho yatambukije itangazo rya mbere akahanyuza irindi ririvuguruza kandi risobanura neza inshingano za mwarimu.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Ariko rwose, noneho minister byose abishyize hanze pe (Ku mugani wa babandi) ejo yavugaga kujya gukurikirana imirimo y’iyubakwa ry’amashuri, ubu noneho aje avuga kurinda ibikoresho no gukoresha isuku. Bivuzengo mwarimu si umuyede gusa, ahubwo abate n’umuzamu. Nonese ko avugango ntiyabasabye kujyayo buri munsi kandi hari abayobozi bamwe bamenyesheje abarimu kujya bajyayo kandi bakanagaragaza attendance? Niba koko yavuguruje ibyo yatangaje mbere, dukeneye ko asubira kuri Twitter aho yatambukije itangazo rya mbere akahanyuza irindi ririvuguruza kandi risobanura neza inshingano za mwarimu.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Ariko minisitiri rwose! Ubu se koko ko yibereye i kigali, azi ibyo yavuze aho bigeze abarimu?
Ubu se koko attendance no kugererayo igihe ashatse bihurira hehe?
MINEDUC bazayisubize umukuru w’igihugu ndabona ntawayibasha wundi.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Ariko minisitiri rwose! Ubu se koko ko yibereye i kigali, azi ibyo yavuze aho bigeze abarimu?
Ubu se koko attendance no kugererayo igihe ashatse bihurira hehe?
MINEDUC bazayisubize umukuru w’igihugu ndabona ntawayibasha wundi.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
None se dufite kirengera muri iki gihugu? Buri wese adukiniraho agakino akinezeza! Twariyakiriye! Uzumve ko no mu nteko y’abavugizi ba rubanda hari ugihingutsa akababaro k’iyo ndushyi!
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
None se dufite kirengera muri iki gihugu? Buri wese adukiniraho agakino akinezeza! Twariyakiriye! Uzumve ko no mu nteko y’abavugizi ba rubanda hari ugihingutsa akababaro k’iyo ndushyi!
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
None se dufite kirengera muri iki gihugu? Buri wese adukiniraho agakino akinezeza! Twariyakiriye! Uzumve ko no mu nteko y’abavugizi ba rubanda hari ugihingutsa akababaro k’iyo ndushyi!
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
None se dufite kirengera muri iki gihugu? Buri wese adukiniraho agakino akinezeza! Twariyakiriye! Uzumve ko no mu nteko y’abavugizi ba rubanda hari ugihingutsa akababaro k’iyo ndushyi!
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
25/7/2020
UmwRimj Ni umukozi wa leta. Ntabwo yibagiranye
Gususura imigk wivishaho ndetse haba ngombwa ukagira icyo ukora nta cyaha nta magasuzugjro birimo nkuko bamwe babibona
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
25/7/2020
UmwRimj Ni umukozi wa leta. Ntabwo yibagiranye
Gususura imigk wivishaho ndetse haba ngombwa ukagira icyo ukora nta cyaha nta magasuzugjro birimo nkuko bamwe babibona
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Byarikuba bisobanutse neza iyo Minister byibuze asaba ko abarimu basubira ku ishuri gutangira gutegura amasomo,imfashanyigisho yewe n’imyitozo abana bazakora bagarutse ku ishuri.Ariko nfdashidikanya ko umurongo w’uko byakorwa atari cyo arigutekereza ubungubu,kdi nyamara bikenewe cyane.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Byarikuba bisobanutse neza iyo Minister byibuze asaba ko abarimu basubira ku ishuri gutangira gutegura amasomo,imfashanyigisho yewe n’imyitozo abana bazakora bagarutse ku ishuri.Ariko nfdashidikanya ko umurongo w’uko byakorwa atari cyo arigutekereza ubungubu,kdi nyamara bikenewe cyane.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Ndumva gusubira ku bigo Atari ikibazo mugihe Hari ingengamasomo ikibazo nizo nshingano zitareba mwarimu bamuha Kandi harabashizwe izo nyubako nibyo bikoresho! Mwarimu azitwa iki hagati aho?
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Ndumva gusubira ku bigo Atari ikibazo mugihe Hari ingengamasomo ikibazo nizo nshingano zitareba mwarimu bamuha Kandi harabashizwe izo nyubako nibyo bikoresho! Mwarimu azitwa iki hagati aho?
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Mwiriwe neza? Nejejwe nogushimira ubuyobozi bwa Bwiza.com bwakurikiranye bugasobanuza minister rwose mwakoze knd nubuso anuro yaranze bwumvikanye rwose,urujijo nirushire njyewe icyo numvise minister avuga nuko mwalimu akwiye gusura ishuli,bityo rero abarimu begereye ibigo bajye banyarukirayo,barebe aho inyubako zamashuli zigeze.
Gusa nanone malimu uwariwe wese ahava akagera inshingano ye nkeka ko aruguha ibumenyi umunyeshuli niba rero minister asabye umusanzu wokugera kukigo reka tunyarukireyo.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Mwiriwe neza? Nejejwe nogushimira ubuyobozi bwa Bwiza.com bwakurikiranye bugasobanuza minister rwose mwakoze knd nubuso anuro yaranze bwumvikanye rwose,urujijo nirushire njyewe icyo numvise minister avuga nuko mwalimu akwiye gusura ishuli,bityo rero abarimu begereye ibigo bajye banyarukirayo,barebe aho inyubako zamashuli zigeze.
Gusa nanone malimu uwariwe wese ahava akagera inshingano ye nkeka ko aruguha ibumenyi umunyeshuli niba rero minister asabye umusanzu wokugera kukigo reka tunyarukireyo.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Byumvikanye rwose.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Byumvikanye rwose.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Rwose ndagirango mujye mumenya ishingano za mwarimu niba mwarimu atari ku ishuri kubwiki cyorezo cya coronavirus ko ari amabwiriza yafashwe n’ubuyobozi bukuru bw’igihugu kugeza ubu ko mwarimu ashinzwe gutegura amasomo no kuyaha abanyeshuri ari nabo batuma abona akazi none akazi ka mwarimu kabaye akubuzamu no gucunga ikigo izo shingano zivahe nti mukajye muvanga amasaka n’amasakaramentu akazi kagira amategeko akagenga
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Rwose ndagirango mujye mumenya ishingano za mwarimu niba mwarimu atari ku ishuri kubwiki cyorezo cya coronavirus ko ari amabwiriza yafashwe n’ubuyobozi bukuru bw’igihugu kugeza ubu ko mwarimu ashinzwe gutegura amasomo no kuyaha abanyeshuri ari nabo batuma abona akazi none akazi ka mwarimu kabaye akubuzamu no gucunga ikigo izo shingano zivahe nti mukajye muvanga amasaka n’amasakaramentu akazi kagira amategeko akagenga
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Mwarimu niyiturize ntakundibyagenda,ujewese agombakumugiraho agashya uyunawe abakuye kubuyede abashyize kubuzamu
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Mwarimu niyiturize ntakundibyagenda,ujewese agombakumugiraho agashya uyunawe abakuye kubuyede abashyize kubuzamu
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Noneho birasobanutse rwose ko ari ugusura ibikorwa Atari ukwirirwayo.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Noneho birasobanutse rwose ko ari ugusura ibikorwa Atari ukwirirwayo.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Nahumure nyibateze kumukura kumirimoye
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Nahumure nyibateze kumukura kumirimoye
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Ariko nyakubahwa minister yibuke ko twese tudatuye hafi yaho twigisha
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Ariko nyakubahwa minister yibuke ko twese tudatuye hafi yaho twigisha
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Ariko nyakubahwa minister yibuke ko twese tudatuye hafi yaho twigisha
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Ariko nyakubahwa minister yibuke ko twese tudatuye hafi yaho twigisha
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Bagomba kudukura murujijo rero tukamenya ikigomba gukorwa!Ariko ndumva mwarimu ntaho ahuriye n’ibyo kugenzura inyubako!!!;
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Bagomba kudukura murujijo rero tukamenya ikigomba gukorwa!Ariko ndumva mwarimu ntaho ahuriye n’ibyo kugenzura inyubako!!!;
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Bagomba kudukura murujijo rero tukamenya ikigomba gukorwa!Ariko ndumva mwarimu ntaho ahuriye n’ibyo kugenzura inyubako!!!;
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Bagomba kudukura murujijo rero tukamenya ikigomba gukorwa!Ariko ndumva mwarimu ntaho ahuriye n’ibyo kugenzura inyubako!!!;
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Bagomba kudukura murujijo rero tukamenya ikigomba gukorwa!Ariko ndumva mwarimu ntaho ahuriye n’ibyo kugenzura inyubako!!!;
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Bagomba kudukura murujijo rero tukamenya ikigomba gukorwa!Ariko ndumva mwarimu ntaho ahuriye n’ibyo kugenzura inyubako!!!;
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Bagomba kudukura murujijo rero tukamenya ikigomba gukorwa!Ariko ndumva mwarimu ntaho ahuriye n’ibyo kugenzura inyubako!!!;
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Bagomba kudukura murujijo rero tukamenya ikigomba gukorwa!Ariko ndumva mwarimu ntaho ahuriye n’ibyo kugenzura inyubako!!!;
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Bagomba kudukura murujijo rero tukamenya ikigomba gukorwa!Ariko ndumva mwarimu ntaho ahuriye n’ibyo kugenzura inyubako!!!;
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Bagomba kudukura murujijo rero tukamenya ikigomba gukorwa!Ariko ndumva mwarimu ntaho ahuriye n’ibyo kugenzura inyubako!!!;
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Muzatubarize MINEDUC na REB kuri transfer (mutation) z’abarimu. Iyo bavuze ngo umwarimu uyicyeneye yake icyemezo cyemezako ntacyuho cyizasigara aho avuye kdi nta abarimu barenze umwe bakora kumwanya umwe. Mutubarize nimba mutation zavuyeho kuko nta muyobozi wikigo wakwemera kukurekura. Reba nkorera karongi mvuka nyaruguru badufashe dusange umuryango.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Muzatubarize MINEDUC na REB kuri transfer (mutation) z’abarimu. Iyo bavuze ngo umwarimu uyicyeneye yake icyemezo cyemezako ntacyuho cyizasigara aho avuye kdi nta abarimu barenze umwe bakora kumwanya umwe. Mutubarize nimba mutation zavuyeho kuko nta muyobozi wikigo wakwemera kukurekura. Reba nkorera karongi mvuka nyaruguru badufashe dusange umuryango.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Muraho bavandimwe Balimu!
Mureke tudakomeza kuvuga nyinshi kuko amagambo menshi avamo ibicumuro.
Minister Mineduc ubutumwa bwa 2 bwaje bworoshya ubukana bw’ ubwa mbere.
Ibyo kuba Abayede,Abakozi b’ isuku, gusinya mu bitabo bya Presence buri munsi yabikuyemo,ahubwo ashimangira ko nk’ abandi banyagihugu buri wese yagira icyo akora Ku kigo akoraho bitewe na gahunda zihari kuko nibazako n’ ahatari inyubako iyo msg ibareba.Reka tubifate gutyo twirinde stress Kandi inzego zitwegereye zikurikirana ishyirwamubikorwa rya gahunda Minister MINEDUC yatanze,nazo turizera ko zizabipanga neza ntibitubere umuzigo ahubwo tukabyisangamo.
Murakoze
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Muraho bavandimwe Balimu!
Mureke tudakomeza kuvuga nyinshi kuko amagambo menshi avamo ibicumuro.
Minister Mineduc ubutumwa bwa 2 bwaje bworoshya ubukana bw’ ubwa mbere.
Ibyo kuba Abayede,Abakozi b’ isuku, gusinya mu bitabo bya Presence buri munsi yabikuyemo,ahubwo ashimangira ko nk’ abandi banyagihugu buri wese yagira icyo akora Ku kigo akoraho bitewe na gahunda zihari kuko nibazako n’ ahatari inyubako iyo msg ibareba.Reka tubifate gutyo twirinde stress Kandi inzego zitwegereye zikurikirana ishyirwamubikorwa rya gahunda Minister MINEDUC yatanze,nazo turizera ko zizabipanga neza ntibitubere umuzigo ahubwo tukabyisangamo.
Murakoze
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
“`Ahoooo mwarimurwoze ibyawe birababaje, ugeze ahogukora akazi kumuzamu? Agashahara gake ,kugakata ukobibonye none ngo muge gucunga imirimo yubwubatsi kweri, mwihangane kbs, naringizengo ninamahugurwa.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
“`Ahoooo mwarimurwoze ibyawe birababaje, ugeze ahogukora akazi kumuzamu? Agashahara gake ,kugakata ukobibonye none ngo muge gucunga imirimo yubwubatsi kweri, mwihangane kbs, naringizengo ninamahugurwa.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Ariko kuki mwarimu baba bashaka kumukina nk’umupira! Ngo gucunga ko batiba sima? Ako kazi se yagashinzwe ryari? Mushaka kubagonganisha nabakora icyo gikorwa rero. Arategura amasomo se niba bazamuhindurira amasomo CG umwaka yigishagamo ubwo azaba aruhira iki? Mbona mukwiye kujya mubanza kubitekerezaho cyane.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Ariko kuki mwarimu baba bashaka kumukina nk’umupira! Ngo gucunga ko batiba sima? Ako kazi se yagashinzwe ryari? Mushaka kubagonganisha nabakora icyo gikorwa rero. Arategura amasomo se niba bazamuhindurira amasomo CG umwaka yigishagamo ubwo azaba aruhira iki? Mbona mukwiye kujya mubanza kubitekerezaho cyane.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Gusa ariko sinzi ibyo batekerezaga twe nubundi dusanzwe tuhagera nkuko Dr Valentine yabivuze, naho uwa mbere we rwose yihangane ntabwo twabibonye.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Gusa ariko sinzi ibyo batekerezaga twe nubundi dusanzwe tuhagera nkuko Dr Valentine yabivuze, naho uwa mbere we rwose yihangane ntabwo twabibonye.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Gusa ariko sinzi ibyo batekerezaga twe nubundi dusanzwe tuhagera nkuko Dr Valentine yabivuze, naho uwa mbere we rwose yihangane ntabwo twabibonye.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Gusa ariko sinzi ibyo batekerezaga twe nubundi dusanzwe tuhagera nkuko Dr Valentine yabivuze, naho uwa mbere we rwose yihangane ntabwo twabibonye.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Uvuga ibyo gutuma umuntu kunyubako biriya bibaho?utuma umuntu muntegeko? Uti “attendance ikorwe hagaragare iminsi yitabiriye!!!” Mwibukako hari abarimu bakora muturere ataritwo imiryango yabo ibamo!!!
Icyokuvuga gutegura amasomo mwarimu ategura isomo arisubiramo akaryigisha nako iryo ninibanga ryamwarimu singombwa ko ryavamo itangazo, urumva mwarimu azategura akarundaho akazakora memorisation nyuma?? Ese kujya mukigo muragirango mwarimu azumvweho ko yanyereje nawe..imitungo !!!
Batubwire umunsi nisaha by’akazi turiteguye tugakore ariko bidushakira akatatugenewe.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Uvuga ibyo gutuma umuntu kunyubako biriya bibaho?utuma umuntu muntegeko? Uti “attendance ikorwe hagaragare iminsi yitabiriye!!!” Mwibukako hari abarimu bakora muturere ataritwo imiryango yabo ibamo!!!
Icyokuvuga gutegura amasomo mwarimu ategura isomo arisubiramo akaryigisha nako iryo ninibanga ryamwarimu singombwa ko ryavamo itangazo, urumva mwarimu azategura akarundaho akazakora memorisation nyuma?? Ese kujya mukigo muragirango mwarimu azumvweho ko yanyereje nawe..imitungo !!!
Batubwire umunsi nisaha by’akazi turiteguye tugakore ariko bidushakira akatatugenewe.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Gusa jye natangajwe naho basabye mwarimu kujya anakora attendance uko ageze ku ishuri.na mwarimu yiga kubusobanuro bw’ibishobora kubura ku munsi yahiriwe, Kandi azirinde kwinjira muri za smart classes kuko positivo zo umushaka yazimutegeraho raporo igahindura isura.rwose habemo ubushishozi hatazagira uwakubuze ugusiga icyaha , wenda nubisabwa na HT ko atabonetse ushobora kuhanyora kuhanyura kubwumvikane ariko attendance yo jye sinyumva niyi Covid irimo gukaza umurego mumbabarire nidufungura tuzakomeza inshingano twahamagariwe KWIHISHA kuko twe ubu dufite abazamu naba Kora amakuru bihagije kdi bahembwa neza kuko barashoboye.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Gusa jye natangajwe naho basabye mwarimu kujya anakora attendance uko ageze ku ishuri.na mwarimu yiga kubusobanuro bw’ibishobora kubura ku munsi yahiriwe, Kandi azirinde kwinjira muri za smart classes kuko positivo zo umushaka yazimutegeraho raporo igahindura isura.rwose habemo ubushishozi hatazagira uwakubuze ugusiga icyaha , wenda nubisabwa na HT ko atabonetse ushobora kuhanyora kuhanyura kubwumvikane ariko attendance yo jye sinyumva niyi Covid irimo gukaza umurego mumbabarire nidufungura tuzakomeza inshingano twahamagariwe KWIHISHA kuko twe ubu dufite abazamu naba Kora amakuru bihagije kdi bahembwa neza kuko barashoboye.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Uriya muntu uvuze ngo mwarimu ajye ajya kugenzura inyubako si umurezi ni ba bandi bashaka kwikundisha ngo babemere ko bakunda akazi. Uhangare ubivuge kandi utari n’umwarimu ? Nibamfunga se ngo isima cg ikindi kintu cyabuze kandi nta contrat mfitanye n’abagomba kubaka uzaza kumvana muri gereza.?Ubwo ubikunze uzajyeyo wenyine ntabwo mwarimu ari we gatebo gashyirwamo imyanda yose
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Uriya muntu uvuze ngo mwarimu ajye ajya kugenzura inyubako si umurezi ni ba bandi bashaka kwikundisha ngo babemere ko bakunda akazi. Uhangare ubivuge kandi utari n’umwarimu ? Nibamfunga se ngo isima cg ikindi kintu cyabuze kandi nta contrat mfitanye n’abagomba kubaka uzaza kumvana muri gereza.?Ubwo ubikunze uzajyeyo wenyine ntabwo mwarimu ari we gatebo gashyirwamo imyanda yose
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Ese badatesheje umutwe mwarimu ntibyakunda? Ashatse kugaragaza se ko atizeye abubaka ko bakwiba? Isuku ifite abayikora kdi babihemberwa ntekerezako nubundi iyo dukenewe kubigo badutumaho bitabaye itegeko nyakubwa. Yibuke ko hafi yabose bakorera kure yaho batuye bisaba kubayo nukuntu yimanye mutation koko
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Ese badatesheje umutwe mwarimu ntibyakunda? Ashatse kugaragaza se ko atizeye abubaka ko bakwiba? Isuku ifite abayikora kdi babihemberwa ntekerezako nubundi iyo dukenewe kubigo badutumaho bitabaye itegeko nyakubwa. Yibuke ko hafi yabose bakorera kure yaho batuye bisaba kubayo nukuntu yimanye mutation koko
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Ese badatesheje umutwe mwarimu ntibyakunda? Ashatse kugaragaza se ko atizeye abubaka ko bakwiba? Isuku ifite abayikora kdi babihemberwa ntekerezako nubundi iyo dukenewe kubigo badutumaho bitabaye itegeko nyakubwa. Yibuke ko hafi yabose bakorera kure yaho batuye bisaba kubayo nukuntu yimanye mutation koko
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Ese badatesheje umutwe mwarimu ntibyakunda? Ashatse kugaragaza se ko atizeye abubaka ko bakwiba? Isuku ifite abayikora kdi babihemberwa ntekerezako nubundi iyo dukenewe kubigo badutumaho bitabaye itegeko nyakubwa. Yibuke ko hafi yabose bakorera kure yaho batuye bisaba kubayo nukuntu yimanye mutation koko
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Ibyo Minister avuga nukuri ,abarimu bakwiye kuza mu bigo by’amashuri bakadufasha kuko haribyinshi bireba Mwarimu ,harimo gutegura imfashanyigisho ,kureba ibitabo KO bibitse neza no kubishyira mumwanya wabyo ,nibindi
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Ibyo Minister avuga nukuri ,abarimu bakwiye kuza mu bigo by’amashuri bakadufasha kuko haribyinshi bireba Mwarimu ,harimo gutegura imfashanyigisho ,kureba ibitabo KO bibitse neza no kubishyira mumwanya wabyo ,nibindi
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Muraho neza!tugerageze kuba flexible!ufashe umunsi umwe mu cyumweru ukanyarukirayo hari icyo byagutwara?ge ndatekereza ko izi comments ziri negative inyinshi atari abarezi bazanditse ahubwo ni abagirango tugaragare nabi!Twumvire abatuyobora!Murakoze!
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Wowe wiyise Hubert ahubwo urumvikanisha ko ari wowe utari Umwarimu, kandi n’iyo waba uri Umwarimu waba uri injiji yize. Nta muntu ushobora kuguha agaciro ! Reka Abarimu baharanire kwihesha agaciro !
Ndakumenyesha ko niba uri Umwarimu ukazagira iyo flexibilité uvuga ukazajya ujya gukurikirana inyubako z’amashuri umunsi 1 mu cyumweru, n’iyo byaba umunota 1 mu cyumweru, nihagira ikibura cyangwa ikizangirika kuri chantier y’ubwubatsi ibihano kuri wowe nta flexibilité bizagira kandi uzize ibitakureba.
Courage niba wowe witeguye kuzajya ujyayo ariko wishuka abandi kwishora mu ruzi barwita ikiziba !
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Wowe wiyise Hubert ahubwo urumvikanisha ko ari wowe utari Umwarimu, kandi n’iyo waba uri Umwarimu waba uri injiji yize. Nta muntu ushobora kuguha agaciro ! Reka Abarimu baharanire kwihesha agaciro !
Ndakumenyesha ko niba uri Umwarimu ukazagira iyo flexibilité uvuga ukazajya ujya gukurikirana inyubako z’amashuri umunsi 1 mu cyumweru, n’iyo byaba umunota 1 mu cyumweru, nihagira ikibura cyangwa ikizangirika kuri chantier y’ubwubatsi ibihano kuri wowe nta flexibilité bizagira kandi uzize ibitakureba.
Courage niba wowe witeguye kuzajya ujyayo ariko wishuka abandi kwishora mu ruzi barwita ikiziba !
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Wowe wiyise Hubert ahubwo urumvikanisha ko ari wowe utari Umwarimu, kandi n’iyo waba uri Umwarimu waba uri injiji yize. Nta muntu ushobora kuguha agaciro ! Reka Abarimu baharanire kwihesha agaciro !
Ndakumenyesha ko niba uri Umwarimu ukazagira iyo flexibilité uvuga ukazajya ujya gukurikirana inyubako z’amashuri umunsi 1 mu cyumweru, n’iyo byaba umunota 1 mu cyumweru, nihagira ikibura cyangwa ikizangirika kuri chantier y’ubwubatsi ibihano kuri wowe nta flexibilité bizagira kandi uzize ibitakureba.
Courage niba wowe witeguye kuzajya ujyayo ariko wishuka abandi kwishora mu ruzi barwita ikiziba !
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Wowe wiyise Hubert ahubwo urumvikanisha ko ari wowe utari Umwarimu, kandi n’iyo waba uri Umwarimu waba uri injiji yize. Nta muntu ushobora kuguha agaciro ! Reka Abarimu baharanire kwihesha agaciro !
Ndakumenyesha ko niba uri Umwarimu ukazagira iyo flexibilité uvuga ukazajya ujya gukurikirana inyubako z’amashuri umunsi 1 mu cyumweru, n’iyo byaba umunota 1 mu cyumweru, nihagira ikibura cyangwa ikizangirika kuri chantier y’ubwubatsi ibihano kuri wowe nta flexibilité bizagira kandi uzize ibitakureba.
Courage niba wowe witeguye kuzajya ujyayo ariko wishuka abandi kwishora mu ruzi barwita ikiziba !
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Muraho neza!tugerageze kuba flexible!ufashe umunsi umwe mu cyumweru ukanyarukirayo hari icyo byagutwara?ge ndatekereza ko izi comments ziri negative inyinshi atari abarezi bazanditse ahubwo ni abagirango tugaragare nabi!Twumvire abatuyobora!Murakoze!
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
bashigaje kutubwira ngo tujye kubatekera
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
bashigaje kutubwira ngo tujye kubatekera
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Ariko abayobozi nkaba batazi ibyo barimo Kagame abakurahehe?Umuntu uhuzagurika gutya ashingwa uburezi gute?Gute ?Namwe mumbwire?!
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Ariko abayobozi nkaba batazi ibyo barimo Kagame abakurahehe?Umuntu uhuzagurika gutya ashingwa uburezi gute?Gute ?Namwe mumbwire?!
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Bavandimwe Barimu, mbanje kubasuhuza : Mugire amahoro ! Ndabihanganisha mwese aho muherereye ku bw’ubu butumwa bwa Minister wa MINEDUC n’ibisobanuro yabutanzeho nyuma yo kubutsambutsa kuko mu byo yavuze byose mbona nta na kimwe kirimo kireba Mwarimu :
Kuba umuzamu ku nyubako z’amashuri, umuyede, umufundi, na supervisor, ndabona ntaho bihuriye n’inshingano za Mwarimu, kuko Mwarimu ashinzwe gutanga ubumenyi n’uburere ku banyeshuri yigisha.
Munyemerere nibarize Nyakubahwa Minister wa MINEDUC ibibazo bikurikira :
1.Ko Nyakubahwa Minister w’ubutegetsi bw’igihugu aherutse kubuza abayobozi b’inzego z’ibanze kwaka abaturage amafaranga y’inyubako z’amashuri avuga ko igikorwa cy’inyubako gifite budget yagiteguriwe, muri iyo budget ntabwo hateganyijwemo amafaranga yo guhemba abakozi ku buryo mu mwanya w’abakozi babihemberwa MINEDUC isanga hagomba gukoramo abakoreragahato b’Abarimu (kujya ku kazi buri munsi kandi bagasinya attendance) ? Aha, ndumva bisobanura ko utazubahiriza aya mabwiriza ya MINISTER wa MINEDUC ashobora no kuzirukanwa ku kazi kuko azaba yasuzuguye amabwiriza y’ubuyobozi.
2.Nyakubahwa Minister, Umwarimu uzafungwa cyangwa akirukanwa ku kazi cyangwa se bikamubaho byombi azira ko aho yakoreye hibwe ibati 1, inusu y’imisumari, umufuka 1 wa sima, …, murumva azaba atazize akarengane azize ibitamurebaga ?
3.Nyakubahwa Minister, hari Abarimu usanga imiryango yabo ituye kure y’aho bakorera, bajya ku kazi buri munsi bateze imodoka, kandi muzi neza ukuntu ibiciro by’ingendo byazamutse. Koko mubona Mwarimu utuye kure y’ishuri akwiriye kujya azinduka agatega imodoka muri ibi bihe abanyeshuri batiga cyangwa se akajya gucumbika iruhande rw’akazi asize umuryango we ajyanywe n’inyubako z’amashuri gusa ?
4.Nyakubahwa Minister, ko mwategetse Abarimu bose gusubira mu kazi kubera inyubako kandi hari ibigo bidafite inyubako nshya zirimo kuzamurwa ? Abadafite inyubako nshya zizamurwa bazajya basinya attendance maze ubundi birirwe mu kigo gusa ? Cyangwa bazajya bajya gutanga umusada ku bindi bigo birimo kuzamura inyubako nshya ?
5.Nyakubahwa Minister, ko mwavuze ko mu bindi mwategetse Abarimu kuzajya bakorera ku bigo harimo no gutegura amasomo bazigisha amashuri nafungura, bazategura gute nta gahunda mwabahaye bazakurikiza ? Nta calendrier scolaire mwabahaye. Amasomo bamwe bigisha na classes bigishamo bizahinduka amashuri natangira bitewe n’uko situation izaba imeze icyo gihe. Mbese Mwarimu uzahindurirwa amasomo na classes azaba yarataye igihe cy’iki ategura ? Nyakubahwa Minister, ijambo Nyakubahwa Premier Ministre aherutse kuvuga abajijwe ku bijyanye n’itangira ry’amashuri muri Nzeri 2020 mwaba mwararyumvise ?
6.Nyakubahwa Minister, ko amabwiriza mwayatanze mu nyandiko agasomwa na buri wese, then, ibisobanuro mukabibwira umunyamakuru gusa (mu magambo !), kandi mukagira ibisobanuro muha umunyamakuru bitandukanye n’ibiri mu nyandiko mwakoze, murumva niba nta kindi gikozwe mutagiye gukomanya imitwe y’Abarimu, Abayobozi b’amashuri, n’abandi Bayobozi ba Leta bafite aho bahurira n’abarimu mu kubayobora ?
7.Nyakubahwa Minister, ko mwategetse Abarimu bose gusubira mu kazi kandi politique y’igihugu iriho muri ibi bihe turimo bikomereye isi yose ari iyo gukoresha abakozi bake ba ngombwa ? Mwarimu n’umuryango we bo ntibakwiriye kurindwa COVID_19 ? Mbese Abarimu ko ari benshi nibandura COVID_19 ari benshi murumva nta ngaruka mbi bizagira ku gihugu cyacu muri rusange ?
Genda Rwanda uratengamaye !!!!!!!!!!!!!!!!!!!
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Bavandimwe Barimu, mbanje kubasuhuza : Mugire amahoro ! Ndabihanganisha mwese aho muherereye ku bw’ubu butumwa bwa Minister wa MINEDUC n’ibisobanuro yabutanzeho nyuma yo kubutsambutsa kuko mu byo yavuze byose mbona nta na kimwe kirimo kireba Mwarimu :
Kuba umuzamu ku nyubako z’amashuri, umuyede, umufundi, na supervisor, ndabona ntaho bihuriye n’inshingano za Mwarimu, kuko Mwarimu ashinzwe gutanga ubumenyi n’uburere ku banyeshuri yigisha.
Munyemerere nibarize Nyakubahwa Minister wa MINEDUC ibibazo bikurikira :
1.Ko Nyakubahwa Minister w’ubutegetsi bw’igihugu aherutse kubuza abayobozi b’inzego z’ibanze kwaka abaturage amafaranga y’inyubako z’amashuri avuga ko igikorwa cy’inyubako gifite budget yagiteguriwe, muri iyo budget ntabwo hateganyijwemo amafaranga yo guhemba abakozi ku buryo mu mwanya w’abakozi babihemberwa MINEDUC isanga hagomba gukoramo abakoreragahato b’Abarimu (kujya ku kazi buri munsi kandi bagasinya attendance) ? Aha, ndumva bisobanura ko utazubahiriza aya mabwiriza ya MINISTER wa MINEDUC ashobora no kuzirukanwa ku kazi kuko azaba yasuzuguye amabwiriza y’ubuyobozi.
2.Nyakubahwa Minister, Umwarimu uzafungwa cyangwa akirukanwa ku kazi cyangwa se bikamubaho byombi azira ko aho yakoreye hibwe ibati 1, inusu y’imisumari, umufuka 1 wa sima, …, murumva azaba atazize akarengane azize ibitamurebaga ?
3.Nyakubahwa Minister, hari Abarimu usanga imiryango yabo ituye kure y’aho bakorera, bajya ku kazi buri munsi bateze imodoka, kandi muzi neza ukuntu ibiciro by’ingendo byazamutse. Koko mubona Mwarimu utuye kure y’ishuri akwiriye kujya azinduka agatega imodoka muri ibi bihe abanyeshuri batiga cyangwa se akajya gucumbika iruhande rw’akazi asize umuryango we ajyanywe n’inyubako z’amashuri gusa ?
4.Nyakubahwa Minister, ko mwategetse Abarimu bose gusubira mu kazi kubera inyubako kandi hari ibigo bidafite inyubako nshya zirimo kuzamurwa ? Abadafite inyubako nshya zizamurwa bazajya basinya attendance maze ubundi birirwe mu kigo gusa ? Cyangwa bazajya bajya gutanga umusada ku bindi bigo birimo kuzamura inyubako nshya ?
5.Nyakubahwa Minister, ko mwavuze ko mu bindi mwategetse Abarimu kuzajya bakorera ku bigo harimo no gutegura amasomo bazigisha amashuri nafungura, bazategura gute nta gahunda mwabahaye bazakurikiza ? Nta calendrier scolaire mwabahaye. Amasomo bamwe bigisha na classes bigishamo bizahinduka amashuri natangira bitewe n’uko situation izaba imeze icyo gihe. Mbese Mwarimu uzahindurirwa amasomo na classes azaba yarataye igihe cy’iki ategura ? Nyakubahwa Minister, ijambo Nyakubahwa Premier Ministre aherutse kuvuga abajijwe ku bijyanye n’itangira ry’amashuri muri Nzeri 2020 mwaba mwararyumvise ?
6.Nyakubahwa Minister, ko amabwiriza mwayatanze mu nyandiko agasomwa na buri wese, then, ibisobanuro mukabibwira umunyamakuru gusa (mu magambo !), kandi mukagira ibisobanuro muha umunyamakuru bitandukanye n’ibiri mu nyandiko mwakoze, murumva niba nta kindi gikozwe mutagiye gukomanya imitwe y’Abarimu, Abayobozi b’amashuri, n’abandi Bayobozi ba Leta bafite aho bahurira n’abarimu mu kubayobora ?
7.Nyakubahwa Minister, ko mwategetse Abarimu bose gusubira mu kazi kandi politique y’igihugu iriho muri ibi bihe turimo bikomereye isi yose ari iyo gukoresha abakozi bake ba ngombwa ? Mwarimu n’umuryango we bo ntibakwiriye kurindwa COVID_19 ? Mbese Abarimu ko ari benshi nibandura COVID_19 ari benshi murumva nta ngaruka mbi bizagira ku gihugu cyacu muri rusange ?
Genda Rwanda uratengamaye !!!!!!!!!!!!!!!!!!!
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Bavandimwe Barimu, mbanje kubasuhuza : Mugire amahoro ! Ndabihanganisha mwese aho muherereye ku bw’ubu butumwa bwa Minister wa MINEDUC n’ibisobanuro yabutanzeho nyuma yo kubutsambutsa kuko mu byo yavuze byose mbona nta na kimwe kirimo kireba Mwarimu :
Kuba umuzamu ku nyubako z’amashuri, umuyede, umufundi, na supervisor, ndabona ntaho bihuriye n’inshingano za Mwarimu, kuko Mwarimu ashinzwe gutanga ubumenyi n’uburere ku banyeshuri yigisha.
Munyemerere nibarize Nyakubahwa Minister wa MINEDUC ibibazo bikurikira :
1.Ko Nyakubahwa Minister w’ubutegetsi bw’igihugu aherutse kubuza abayobozi b’inzego z’ibanze kwaka abaturage amafaranga y’inyubako z’amashuri avuga ko igikorwa cy’inyubako gifite budget yagiteguriwe, muri iyo budget ntabwo hateganyijwemo amafaranga yo guhemba abakozi ku buryo mu mwanya w’abakozi babihemberwa MINEDUC isanga hagomba gukoramo abakoreragahato b’Abarimu (kujya ku kazi buri munsi kandi bagasinya attendance) ? Aha, ndumva bisobanura ko utazubahiriza aya mabwiriza ya MINISTER wa MINEDUC ashobora no kuzirukanwa ku kazi kuko azaba yasuzuguye amabwiriza y’ubuyobozi.
2.Nyakubahwa Minister, Umwarimu uzafungwa cyangwa akirukanwa ku kazi cyangwa se bikamubaho byombi azira ko aho yakoreye hibwe ibati 1, inusu y’imisumari, umufuka 1 wa sima, …, murumva azaba atazize akarengane azize ibitamurebaga ?
3.Nyakubahwa Minister, hari Abarimu usanga imiryango yabo ituye kure y’aho bakorera, bajya ku kazi buri munsi bateze imodoka, kandi muzi neza ukuntu ibiciro by’ingendo byazamutse. Koko mubona Mwarimu utuye kure y’ishuri akwiriye kujya azinduka agatega imodoka muri ibi bihe abanyeshuri batiga cyangwa se akajya gucumbika iruhande rw’akazi asize umuryango we ajyanywe n’inyubako z’amashuri gusa ?
4.Nyakubahwa Minister, ko mwategetse Abarimu bose gusubira mu kazi kubera inyubako kandi hari ibigo bidafite inyubako nshya zirimo kuzamurwa ? Abadafite inyubako nshya zizamurwa bazajya basinya attendance maze ubundi birirwe mu kigo gusa ? Cyangwa bazajya bajya gutanga umusada ku bindi bigo birimo kuzamura inyubako nshya ?
5.Nyakubahwa Minister, ko mwavuze ko mu bindi mwategetse Abarimu kuzajya bakorera ku bigo harimo no gutegura amasomo bazigisha amashuri nafungura, bazategura gute nta gahunda mwabahaye bazakurikiza ? Nta calendrier scolaire mwabahaye. Amasomo bamwe bigisha na classes bigishamo bizahinduka amashuri natangira bitewe n’uko situation izaba imeze icyo gihe. Mbese Mwarimu uzahindurirwa amasomo na classes azaba yarataye igihe cy’iki ategura ? Nyakubahwa Minister, ijambo Nyakubahwa Premier Ministre aherutse kuvuga abajijwe ku bijyanye n’itangira ry’amashuri muri Nzeri 2020 mwaba mwararyumvise ?
6.Nyakubahwa Minister, ko amabwiriza mwayatanze mu nyandiko agasomwa na buri wese, then, ibisobanuro mukabibwira umunyamakuru gusa (mu magambo !), kandi mukagira ibisobanuro muha umunyamakuru bitandukanye n’ibiri mu nyandiko mwakoze, murumva niba nta kindi gikozwe mutagiye gukomanya imitwe y’Abarimu, Abayobozi b’amashuri, n’abandi Bayobozi ba Leta bafite aho bahurira n’abarimu mu kubayobora ?
7.Nyakubahwa Minister, ko mwategetse Abarimu bose gusubira mu kazi kandi politique y’igihugu iriho muri ibi bihe turimo bikomereye isi yose ari iyo gukoresha abakozi bake ba ngombwa ? Mwarimu n’umuryango we bo ntibakwiriye kurindwa COVID_19 ? Mbese Abarimu ko ari benshi nibandura COVID_19 ari benshi murumva nta ngaruka mbi bizagira ku gihugu cyacu muri rusange ?
Genda Rwanda uratengamaye !!!!!!!!!!!!!!!!!!!
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Bavandimwe Barimu, mbanje kubasuhuza : Mugire amahoro ! Ndabihanganisha mwese aho muherereye ku bw’ubu butumwa bwa Minister wa MINEDUC n’ibisobanuro yabutanzeho nyuma yo kubutsambutsa kuko mu byo yavuze byose mbona nta na kimwe kirimo kireba Mwarimu :
Kuba umuzamu ku nyubako z’amashuri, umuyede, umufundi, na supervisor, ndabona ntaho bihuriye n’inshingano za Mwarimu, kuko Mwarimu ashinzwe gutanga ubumenyi n’uburere ku banyeshuri yigisha.
Munyemerere nibarize Nyakubahwa Minister wa MINEDUC ibibazo bikurikira :
1.Ko Nyakubahwa Minister w’ubutegetsi bw’igihugu aherutse kubuza abayobozi b’inzego z’ibanze kwaka abaturage amafaranga y’inyubako z’amashuri avuga ko igikorwa cy’inyubako gifite budget yagiteguriwe, muri iyo budget ntabwo hateganyijwemo amafaranga yo guhemba abakozi ku buryo mu mwanya w’abakozi babihemberwa MINEDUC isanga hagomba gukoramo abakoreragahato b’Abarimu (kujya ku kazi buri munsi kandi bagasinya attendance) ? Aha, ndumva bisobanura ko utazubahiriza aya mabwiriza ya MINISTER wa MINEDUC ashobora no kuzirukanwa ku kazi kuko azaba yasuzuguye amabwiriza y’ubuyobozi.
2.Nyakubahwa Minister, Umwarimu uzafungwa cyangwa akirukanwa ku kazi cyangwa se bikamubaho byombi azira ko aho yakoreye hibwe ibati 1, inusu y’imisumari, umufuka 1 wa sima, …, murumva azaba atazize akarengane azize ibitamurebaga ?
3.Nyakubahwa Minister, hari Abarimu usanga imiryango yabo ituye kure y’aho bakorera, bajya ku kazi buri munsi bateze imodoka, kandi muzi neza ukuntu ibiciro by’ingendo byazamutse. Koko mubona Mwarimu utuye kure y’ishuri akwiriye kujya azinduka agatega imodoka muri ibi bihe abanyeshuri batiga cyangwa se akajya gucumbika iruhande rw’akazi asize umuryango we ajyanywe n’inyubako z’amashuri gusa ?
4.Nyakubahwa Minister, ko mwategetse Abarimu bose gusubira mu kazi kubera inyubako kandi hari ibigo bidafite inyubako nshya zirimo kuzamurwa ? Abadafite inyubako nshya zizamurwa bazajya basinya attendance maze ubundi birirwe mu kigo gusa ? Cyangwa bazajya bajya gutanga umusada ku bindi bigo birimo kuzamura inyubako nshya ?
5.Nyakubahwa Minister, ko mwavuze ko mu bindi mwategetse Abarimu kuzajya bakorera ku bigo harimo no gutegura amasomo bazigisha amashuri nafungura, bazategura gute nta gahunda mwabahaye bazakurikiza ? Nta calendrier scolaire mwabahaye. Amasomo bamwe bigisha na classes bigishamo bizahinduka amashuri natangira bitewe n’uko situation izaba imeze icyo gihe. Mbese Mwarimu uzahindurirwa amasomo na classes azaba yarataye igihe cy’iki ategura ? Nyakubahwa Minister, ijambo Nyakubahwa Premier Ministre aherutse kuvuga abajijwe ku bijyanye n’itangira ry’amashuri muri Nzeri 2020 mwaba mwararyumvise ?
6.Nyakubahwa Minister, ko amabwiriza mwayatanze mu nyandiko agasomwa na buri wese, then, ibisobanuro mukabibwira umunyamakuru gusa (mu magambo !), kandi mukagira ibisobanuro muha umunyamakuru bitandukanye n’ibiri mu nyandiko mwakoze, murumva niba nta kindi gikozwe mutagiye gukomanya imitwe y’Abarimu, Abayobozi b’amashuri, n’abandi Bayobozi ba Leta bafite aho bahurira n’abarimu mu kubayobora ?
7.Nyakubahwa Minister, ko mwategetse Abarimu bose gusubira mu kazi kandi politique y’igihugu iriho muri ibi bihe turimo bikomereye isi yose ari iyo gukoresha abakozi bake ba ngombwa ? Mwarimu n’umuryango we bo ntibakwiriye kurindwa COVID_19 ? Mbese Abarimu ko ari benshi nibandura COVID_19 ari benshi murumva nta ngaruka mbi bizagira ku gihugu cyacu muri rusange ?
Genda Rwanda uratengamaye !!!!!!!!!!!!!!!!!!!
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Minister yibeshye ntabwo abarimu ari aba enjeniyeri cg abazamu.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Minister yibeshye ntabwo abarimu ari aba enjeniyeri cg abazamu.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Genda mwarimu we!!!
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Genda mwarimu we!!!
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Uyu Minister nawe gatangiye kumunanira nk’abandi bamubanjirije barimo na bamwe twabonye barwana mu Bizamini bya Leta aho Minister muzima yihandagaje agakubita umuntu mu Karere ka Gasabo, abayobozi bakwiye kumenya neza ikibonezamvugo bakoresha igihe batanga ubutumwa. Ibi bigaragaza agaciro gake mwarimu ahabwa. Uku kwivuguruza si ko abantu bose bavuze ibidakwiriye uzumva batangira kwisobanura ngo bumviswe nabi. Ikinyarwanda twarakize neza ku buryo tuzi kugisesengura.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Uyu Minister nawe gatangiye kumunanira nk’abandi bamubanjirije barimo na bamwe twabonye barwana mu Bizamini bya Leta aho Minister muzima yihandagaje agakubita umuntu mu Karere ka Gasabo, abayobozi bakwiye kumenya neza ikibonezamvugo bakoresha igihe batanga ubutumwa. Ibi bigaragaza agaciro gake mwarimu ahabwa. Uku kwivuguruza si ko abantu bose bavuze ibidakwiriye uzumva batangira kwisobanura ngo bumviswe nabi. Ikinyarwanda twarakize neza ku buryo tuzi kugisesengura.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Mutubarize REB impamvu Yashyize imyanya y’akazi ku isoko 2019 tugakora tugatsinda, umwanya wa DOS bakavugango uzajya ukorerwa appointment (nomé) kdi twaratsinze examination mugihe abandi bagiye kuri waiting list ya Deux ans bitwaje statu yakozwe nyuma yo gukora recruitment examination.It is injustice,Rwose baba barasohoye statu mbere yo gukora ibizami kugirango bifashe candidates guhitamo ibazwa akora.Rero abatsinze kuri DOS nabo bashyirwe kuri waiting list nk’abandi rwose,Kuko REB niyo ifite amakosa.Murakoze!!
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Mutubarize REB impamvu Yashyize imyanya y’akazi ku isoko 2019 tugakora tugatsinda, umwanya wa DOS bakavugango uzajya ukorerwa appointment (nomé) kdi twaratsinze examination mugihe abandi bagiye kuri waiting list ya Deux ans bitwaje statu yakozwe nyuma yo gukora recruitment examination.It is injustice,Rwose baba barasohoye statu mbere yo gukora ibizami kugirango bifashe candidates guhitamo ibazwa akora.Rero abatsinze kuri DOS nabo bashyirwe kuri waiting list nk’abandi rwose,Kuko REB niyo ifite amakosa.Murakoze!!
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
REB ishyire kuri waiting list ya Deux ans nk’abandi,abakoze ku mwanya wa DOS mubizamini by’akazi 2019.kuko statu yakozwe nyuma yo gukora recruitment examination.Many thanks.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
REB ishyire kuri waiting list ya Deux ans nk’abandi,abakoze ku mwanya wa DOS mubizamini by’akazi 2019.kuko statu yakozwe nyuma yo gukora recruitment examination.Many thanks.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Sha dore aho nibereye !Nta muntu uvuga Nabi mwarimu ujya umara kabiri k’ubuyobozi!
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Sha dore aho nibereye !Nta muntu uvuga Nabi mwarimu ujya umara kabiri k’ubuyobozi!
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Sha dore aho nibereye !Nta muntu uvuga Nabi mwarimu ujya umara kabiri k’ubuyobozi!
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Sha dore aho nibereye !Nta muntu uvuga Nabi mwarimu ujya umara kabiri k’ubuyobozi!
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Sha dore aho nibereye !Nta muntu uvuga Nabi mwarimu ujya umara kabiri k’ubuyobozi!
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Sha dore aho nibereye !Nta muntu uvuga Nabi mwarimu ujya umara kabiri k’ubuyobozi!
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Sha dore aho nibereye !Nta muntu uvuga Nabi mwarimu ujya umara kabiri k’ubuyobozi!
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Sha dore aho nibereye !Nta muntu uvuga Nabi mwarimu ujya umara kabiri k’ubuyobozi!
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Sha dore aho nibereye !Nta muntu uvuga Nabi mwarimu ujya umara kabiri k’ubuyobozi!
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Sha dore aho nibereye !Nta muntu uvuga Nabi mwarimu ujya umara kabiri k’ubuyobozi!
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Rwose nabarimu bagire umutima wogukunda igihugu nkuko kibakunda bafatanye nababyeyi kubakira abana amashuri. Leta irabakunda ikabahemba amezi yose mudakora mwarangiza mukirirwa mutikura nabayobozi koko! Mwitonde mushobora kwongera guhembwa ayo murira mungando yokubakuramo ubwirasi.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Rwose nabarimu bagire umutima wogukunda igihugu nkuko kibakunda bafatanye nababyeyi kubakira abana amashuri. Leta irabakunda ikabahemba amezi yose mudakora mwarangiza mukirirwa mutikura nabayobozi koko! Mwitonde mushobora kwongera guhembwa ayo murira mungando yokubakuramo ubwirasi.
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Ushaka ko batubwira ibitaribyo tugaceceka ? Kutujyana mu ngando niba ari nawe uzitegura, ntibivanaho ko ibyo twabwiwe ari amafuti.Hano haravuga abarimu na Ministre wowe Habyarimana ari nde muri abo?
Minisitiri Dr Uwamariya avuga ko ubutumwa busaba abarimu kugaruka ku mashuri bwakiriwe uko butari
Ushaka ko batubwira ibitaribyo tugaceceka ? Kutujyana mu ngando niba ari nawe uzitegura, ntibivanaho ko ibyo twabwiwe ari amafuti.Hano haravuga abarimu na Ministre wowe Habyarimana ari nde muri abo?