HIB7foXXMAA0w17

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda ari muri Uganda

Sangiza iyi nkuru

Minisitiri w’Intebe, Justin Nsengiyumva yageze i Kampala mu gihugu cya Uganda aho yagiye guhagararira Perezida wa Repubulika, Paul Kagame mu muhango w’irahira rya Yoweri Kaguta Museveni, Perezida watowe wa Repubulika ya Uganda, uteganyijwe kuri uyu wa Kabiri, itariki 12 Gicurasi 2026.

HIB7fjOXwAABp0Q

 

HIB7fojX0AAcel4

HIB7fv8XsAAstfR

 

Usibye Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, undi muyobozi wamaze kwakirwa muri Uganda witabiriye irahira rya Museveni ni Perezida Salva Kiir wa Sudani y’Epfo wahageze kuri uyu wa Mbere. Undi wahageze ni Perezida wa Somalia, Hassan Sheikh Mohamud

HIB75anXIAEHsBu

 

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *