HKY4ReBXAAA4ibr

Minisitiri w’ubucuruzi yasabwe gukemura ikibazo cy’igiciro cy’amazi n’amashanyarazi kikiri hejuru

Sangiza iyi nkuru

Inteko Rusange y’Umutwe w’Abadepite, kuwa Kabiri, yagejejweho na Minisitiri w’Ubucuruzi, Sebahizi Prudence, Politiki y’Inganda (2024–2034) igamije kwihutisha iterambere ry’ubukungu bushingiye ku nganda zifite ubushobozi bwo guhatana ku isoko mpuzamahanga.

HKY4Rd8XMAAeV27

Mu bitekerezo Abadepite batanze byafasha kunoza ishyirwa mu bikorwa ryayo harimo:

Gukurikirana ibibazo by’inganda zimwe zikora munsi y’ubushobozi bwazo;

Gukemura ikibazo cy’igiciro cy’amazi n’amashanyarazi kikiri hejuru no kuba adahagije;

Kwibanda ku nganda zishobora kubona ibikoresho by’ibanze mu Rwanda;

Gukurikirana uburenganzira n’imibereho myiza y’abakozi mu nganda kugira ngo abafite umenyi bukwiye bazigane.

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *