Mu mafoto: Min. Mushikiwabo yagaragaje ubuhanga afite mu kubyina Kinyarwanda

Sangiza iyi nkuru

Mu ijoro ryo ku wa Gatatu tariki ya 10 Ukwakira 2018, nibwo muri Armenie habereye igitaramo cyo gususurutsa abakuru b’ibihugu bikoresha ururimi rw’Igifaransa bahateraniye mu muhango wo gutora Umuyobozi Mukuru w’Umuryango byibumbiyemo wa OIF (Organisation internationale de la Francophonie),  Min. Mushikiwabo Louise wiyamariza kuwuyobora yatunguranye abyina imbyino Nyarwanda.

Min. Mushikiwabo ni umwe mu bakandida bafite amahirwe menshi yo kwegukana uyu mwanya w’Umunyamabanga mukuru wUmuryango w’ibihugu bikoresha ururimi rw’igifaransa OIF,  aho ahanganye na Michaelle Jean ukomoka muri Canada.

[penci_related_posts taxonomies=”undefined” title=”Izindi nkuru wasoma” background=”” border=”” thumbright=”no” number=”4″ style=”grid” align=”none” displayby=”recent_posts” orderby=”random”]

Kugeza ubwo twakoraga iyi nkuru amatora ararimbanyije aho byitezweko ko nyuma y’amatora hari bumenyekane utsindiye intebe y’ubuyobozi hagati ye na Michaelle Jean.

Iki gitaramo cyari kiyobowe n’Abahanzi Nyarwanda barimo Miss Shanel wamenyekanye cyane mu Rwanda ubu akaba akorera umuziki mu gihugu cy’u Bufaransa.

Dore uko byari byifashe mu mafoto:

ababyinnyi abitabiriye

chanell
Miss Shanel waturutse mu Bufaransa yakumbuje benshi u Rwanda
LM
Min.  Mushikiwabo Louise yacinye akadiho karahava

lmush lwmush

mmmmshik
Munyanziza Francis acuranga inanga

mush mushi

mushik
Yakiriwe mu buryo bw’umwihariko Photo:Kigalitoday

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *