Mu mafoto: Uruzinduko rwa perezida Kagame mu Karere ka Gakenke

Sangiza iyi nkuru

Kuri uyu wa Kane tariki 24 Werurwe nibwo perezida Paul Kagame yasuye abaturage bo mu Karere ka Gakenke akaganira nabo ndetse bakamugezaho ibibazo bitandukanye bafite nawe abizeza ko ibibazo byabo bigiye gushakirwa umuti byihuse. Aha perezida kagame akaba yarahaye ububasha Umuyobozi w’Akarere ka Gakenke ko kujya amureba nta handi abanje guca akamubwira uko ibyo abaturage bemerewe birimo gukorwa, ubundi agahangana n’abatinza ibintu.

Dore amafoto:

25406867453_c1dba3c777_z

25735930070_45169462e3_z

25404026764_52d07a8ed0_z
Imvura yaguye ntiyakanze abaturage bari benshi baje kwakira perezida wabo

25406803643_24512ef5e3_z

25406749603_f9dc7ce397_z

25404024924_69fda7f5d8_z

25736010970_ab9ec29087_z

25406842863_57c8f51b20_z
Akanyamuneza kari kwose ku maso y’abaturage ba Gakenke

25406803643_24512ef5e3_z

25404047794_ff5bdbc405_z

25406865463_01725fccec_z

25736025550_cf5151a2cc_z

25916112962_50da4b527b_z

25404077014_9616c6ed40_z
Abaturage bahawe umwanya wo kubaza ibibazo

25406825923_4ac4b4ccff_z

25916161322_2fc534b08d_z
Perezida Kagame akikijwe ibumoso na guverineri Bosenibamwe, iburyo na minisitiri Kaboneka

25406862513_d5a0cc8463_z
Senderi yari ahabaye yaje gususurutsa abaturage ba Gakenke

25735851270_a06d47c1d8_z
Intore Tuyisenge nawe yari ahari

25942211141_f432674a1d_z

25403980734_3fefc27cc4_z
Mayor wa Gakenke yahawe ubushobozi bwo kugera kuri perezida nta handi anyuze

25942171591_50a3238665_z
Perezida Kagame yijeje abaturage ba Gakenke ibisubizo by’ibibazo byabo bidatinze

25404115074_d319e38c6c_z

25942308721_5f23d6b935_z

25948320041_0b9aaf8481_z

Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Amafoto: Village Urugwiro
Dennis Ns./Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *