Kuri uyu wa Kane tariki 24 Werurwe nibwo perezida Paul Kagame yasuye abaturage bo mu Karere ka Gakenke akaganira nabo ndetse bakamugezaho ibibazo bitandukanye bafite nawe abizeza ko ibibazo byabo bigiye gushakirwa umuti byihuse. Aha perezida kagame akaba yarahaye ububasha Umuyobozi w’Akarere ka Gakenke ko kujya amureba nta handi abanje guca akamubwira uko ibyo abaturage bemerewe birimo gukorwa, ubundi agahangana n’abatinza ibintu.
Dore amafoto:








Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Amafoto: Village Urugwiro
Dennis Ns./Bwiza.com


















