Muganga yansabye gukora imibonano kabiri mu cyumweru kandi nta mugore mfite- Umusore w’i Kigali

Sangiza iyi nkuru

Umusore witwa Robert Mugisha (amazina ahinduwe) avuga ko hari umuganga wamugiriye inama yo gukora imibonano mpuzabitsina nibura  kabiri mu cyumweru.

Uyu musore w’ibiro ufite metero imwe na cm 98 n’ibiro 110, avuga ko muganga yamubwiye ko uretse gukora siporo, kugira ngo umubiri we umererwe neza, yazajya akora n’imibonano mpuzabitsina.

Avuga ko agira ikibazo cy’imitsi yo ku maguru (imbwana) ibyimba, bityo ko uyu muganga baganiriye bahuriye mu nzira, akaba yaramubwiye ko ibi bintu bibiri byamufasha.

Mugisha yandikiye abasomyi ba Bwiza.com yibaza niba yakenera imibonano mpuzabaitsina kandi nta mugore agira bitamukururira kwishora mu ngeso z’ubusambanyi.

Ati “ Ese nshake hutihuti kugira ngo ibi mbashe kubikora?”

Aragisha inama, ufite ikibazo cyangwa igitekerezo watwandikira kuri info@bwiza.com

 

 

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *