Mukandutiye ‘warangizaga igifungo’ cya burundu, yakatiwe indi myaka 5

Sangiza iyi nkuru

Urukiko Rukuru, urugereko ruburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imipaka, kuri uyu wa 20 Nzeri 2021 rwakatiye igihano cy’igifungo cy’imyaka itanu Angelina Mukandutiye warangizaga igifungo cya burundu.

Ni nyuma y’aho Ubushinjacyaha busabiye uyu mukecuru w’imyaka 70 y’amavuko igifungo cy’imyaka 20, bumushinja kuba mu mutwe w’iterabwoba.

Iki cyaha urukiko rwakimuhamije rushingiye ku kuba yarakoranye n’abayobozi bakuru mu mutwe wa FLN barimo uwari Komanda wawo, Gen. Wilson Irategeka n’umuhungu we, Ndagijimana Jean Chrétien, rubishingiraho rumukatira iki gihano.

Igihano cya burundu Mukandutiye ari kurangiza ni icyo yakatiwe n’Inkiko Gacaca adahari, icyo gihe yari yarahungiye mu mashyamba ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC). Zamuhamije uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ibyaha yakoze ubwo yari ashinzwe amashuri muri Nyarugenge.

Soma Izindi Nkuru

18 Responses

  1. Mukandutiye ‘warangizaga igifungo’ cya burundu, yakatiwe indi myaka 5
    Ahose uwakatiwe gufungwa burundu arangiza gute ? Sobanura neza kuko uko byumva nuko azafungwa iminsi yose azaba agifite ubuzima.

    1. Mukandutiye ‘warangizaga igifungo’ cya burundu, yakatiwe indi myaka 5
      Nange nibajije uko barangiza igihano cya burundu biranyobera pe. Ubwo se Mukandukiye yakurangije ryari?

    2. Mukandutiye ‘warangizaga igifungo’ cya burundu, yakatiwe indi myaka 5
      Nange nibajije uko barangiza igihano cya burundu biranyobera pe. Ubwo se Mukandukiye yakurangije ryari?

    3. Mukandutiye ‘warangizaga igifungo’ cya burundu, yakatiwe indi myaka 5
      Icyo utumva ni iki se? Iyo ukatiwe ujya kurangiriza igifungo wakatiwe muri gereza,nyine ari kurangiza icyo gihano yahawe kdi akaba ari kukirangiriza muri gereza

    4. Mukandutiye ‘warangizaga igifungo’ cya burundu, yakatiwe indi myaka 5
      Icyo utumva ni iki se? Iyo ukatiwe ujya kurangiriza igifungo wakatiwe muri gereza,nyine ari kurangiza icyo gihano yahawe kdi akaba ari kukirangiriza muri gereza

  2. Mukandutiye ‘warangizaga igifungo’ cya burundu, yakatiwe indi myaka 5
    Ahose uwakatiwe gufungwa burundu arangiza gute ? Sobanura neza kuko uko byumva nuko azafungwa iminsi yose azaba agifite ubuzima.

  3. Mukandutiye ‘warangizaga igifungo’ cya burundu, yakatiwe indi myaka 5
    warangizaga igifungo’ cya burundu??!! kirarangira se?

  4. Mukandutiye ‘warangizaga igifungo’ cya burundu, yakatiwe indi myaka 5
    warangizaga igifungo’ cya burundu??!! kirarangira se?

  5. Mukandutiye ‘warangizaga igifungo’ cya burundu, yakatiwe indi myaka 5
    Ndakeka,uyu munyamakuru atazi ikinyarwanda.Nakoreshe ururimi yumva neza,ataza kwisanga my makosa

  6. Mukandutiye ‘warangizaga igifungo’ cya burundu, yakatiwe indi myaka 5
    Ndakeka,uyu munyamakuru atazi ikinyarwanda.Nakoreshe ururimi yumva neza,ataza kwisanga my makosa

  7. Mukandutiye ‘warangizaga igifungo’ cya burundu, yakatiwe indi myaka 5
    Ariko se abanyamakuru bagiye bandika babanje gusobanuza haraho igifungo cya burundu kirangira cyeretse babaye baramugabanyirije

  8. Mukandutiye ‘warangizaga igifungo’ cya burundu, yakatiwe indi myaka 5
    Ariko se abanyamakuru bagiye bandika babanje gusobanuza haraho igifungo cya burundu kirangira cyeretse babaye baramugabanyirije

  9. Mukandutiye ‘warangizaga igifungo’ cya burundu, yakatiwe indi myaka 5
    Igihano cya burundu ntigishira cyeretse babaye baramugabanyirije mujye musobanuza abanyamategeko mbere yo kutubeshya

  10. Mukandutiye ‘warangizaga igifungo’ cya burundu, yakatiwe indi myaka 5
    Igihano cya burundu ntigishira cyeretse babaye baramugabanyirije mujye musobanuza abanyamategeko mbere yo kutubeshya

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *