Mukobwa, dore abasore batandukanye bashaka umukunzi (fungura ubone imyirondoro)

Sangiza iyi nkuru

1.Hey muraho neza nitwa Oscar nanjye ndashakako mumfasha gushaka umukunzi uri serious udakina kandi udakunda ibintu akaza aziko ntakintu ngira akaza aziko ahari urukundo haba hari nubushobozi ndifuza umukobwa byibuze warangije secondary wimibiri yombi cg inzibe byaba ari akarusho utarengeje 23 ans ufite gahunda my contact is 0781531021 ibindi twabivugana singombw kubivugiraha,Murakoze.
2.Muraho neza nitwa Kwizera Patrick nkaba nifashishe urububuga duhuriraho nabenshi kuko harigihe nagira umugisha nkahabona umukunzi kuko maze igihe nkeneye umukunzi kubera ko uwo narimfite mbere yambabaje ubu rero nkaba nje hano ngo ndebe ko nahabona umunyamutima ndashaka umukunzi wumukobwa winzobe ariko ataricyane cg wimibiri yombe ufite gahunda yo kubaka kd mugihe cyavuba bitarenze amezi 6 kuba tarengeje imyaka 23 kuba byibura afite A2 niyo yaba ntakazi afite kuba akijijwe atanywa inzoga kuba yiyubaha uwumva uwumva yujuje ibisabwa rwose muhaye karibu tukaganira sinshaka umuntu unkinisha nakinishijwe nabenshi sinshaka rero uwunyibutsa ibyahise plz nange ndumusore wimibiri yombi mfite 1,75 cm imyaka ni 25 mfite akazi ntacyo mbaye kd ndiyubashye meze neza cyane kd uwo tuzahuza azanyishimira ndabizi uwumva yujuje ibisaba yanyandikira kuri kwizerapatri@gmail.com Murakoze.
3.Hi, am very happy for writtng to you, am Rwandan from west RWAanda, I write to you for help: I need a girl who want to make relation shp, am with 1.5m am not thin am big with 65kg am black, I need a girl who studied even if she not have job, not so big with 20ahe.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
4.Nitwa Alain mfite 1m 93cm, ntuye Nairobi muri kenya, ndashaka umukunzi muremure uringaniye kandi mwiza imibiri yombi witeguye kunsanga nairobi. Num yanjy ni+254705515189ni nayo nkoresha kuri watsap. Thank u
5.Muraho, Nitwa Cyiza Nkaba ndi umusore wimyaka 28 , nkaba mfite uburebure bureshya na 1,76M narize kaminuza kandi mfite akazi kampemba kuva ku 500,000 , ndashaka umukunzi ushaka kubaka utari uwo kunkinisha , kuko nigeze gukunda umukobwa arampemukira bituma mbivamo, ariko igihe kirageze ngo nubake,
ndashaka umukobwa wiga Kaminuza guhera mu wa 2 cg se warangije , akaba byibuze areshya na 1,50M kuzamura, ari imibiri yombi cg yirabura byaba akarusho , afite Imyaka iri hagati ya 21 na 27 , kandi yiyubaha ,akazi na mfrw ntakibazo tuzahera kubyo mfite. uri tayari yanyandikira kuricyizabig@yahoo.com
Murakoze Cyiza.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Niba nawe ushaka umukunzi twandikire ubutumwa bwawe kuri iyi Email: itatheone08@gmail.com tuzabucisha aha kuri uru rubuga kandi kuri icyo cyifuzo cyawe ushyireho numero cyangwa email yawe, murakoze!!
K anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
@Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *