Mukobwa, niba ushaka umukunzi fungura ubone imyirondoro y'abasore

Sangiza iyi nkuru

1.Muraho, nanjye(Olivier) ndifuza umukunzi w’umukobwa ufite urukundo rwukuri kandi rutanga umwanya. agomba kuba ari inzobe, ari mutomuto ariko afite amabuno, afite imyaka hagati ya 20 kugeza kuri 25, agomba kuba yiga cg yarize muri Kaminuza kandi agerageza kuba yifashije.
agomba kuba ari tayali gushinga urugo mu myaka ibiri iri imbere. nanjye mfite imyaka 28, ndi igikara kiringaniye, nkaba kandi mfite urukundo rutaryarya.
uwumva yanyemera, yanyandikira kuri e-mail yanjye ariyo “bavianoli46@gmail.com“.
[ad id=”44145”]
2.Undi, Hello nitwa Neuton mfite imyaka 28 ndiga kaminuza ariko mfite nakazi ndifuza umukunzi kuva ku myaka 24-30 ukuze mu bwonko, in few words very intelligent, whoever feel having some charts with me watsap me 0788290133.
3.Hi, ndi umusore winzobe utari muremure, 1.65 ufite occupation winzobe imyaka 29 ndifuza umukunzi winzobe cg imibir yombi usenga kandi utari ikirara ufite gahunda yo kubana ( condition, nta bukwe uretse gusezerana) ashobora kuba ari umukobwa cg yarabyaye rimwe afite occupation. yanyandikira kuri a.gakire@yahoo.com
[ad id=”44145″]
4.Hi dear.Nifuje kukwandikira kugirango mumfashe gushaka inshuti.Kwivuga singombwa ariko ndifuza umukobwa dukundana ufite gahunda.Jye ndakuze mfite 40yrs nanduye agakoko ka sida,rero ndifuza umukobwa twaba duhuje ikibazo wifashije kuko najye ntacyo mbaye.Mu mumboneye yanyandikira on myemail.alphaomega040@gmail.com
5.Muraho,ndabakunda cyane nanjye nifuza umukunzi w’umukobwa cyangwa umugore ubyaye rimwe, akaba afite akazi .Ari hagati y’imyaka 28-32, ahari yanyandikira kuri e-mail yanjye ariyo iyi (kaepim1981@gmail.com) nkamuha phone number tukavugana, Ntuye i Karongi, ndi umukozi wa Leta, mfite ibiro 65 n’uburebure bwa 1m75, nkunda sport na Loisir, nkaba ndi umuntu ucisha make ,kimwe n’uko nkunda abantu boroshya ubuzima. Murakoze cyane.
6.Nitwa Jean Paul nange ndashaka umukunz utarengej 24years wimibiri yombi aramutse afite akazi byaba arakarusho email yange ni :kanimbajeanpaul0@gmail.com Ndeshya na 1.64cm, Nize amashuli 6 ya secondary Ntakazi mfite uretse gutera ibiraka.
[ad id=”44145″]
Niba nawe ushaka umukunzi twandikire ubutumwa bwawe kuri iyi Email: itatheone08@gmail.com cga wohereze ubutumwa kuri 0780282261 tuzabucisha aha kuri uru rubuga kandi kuri icyo cyifuzo cyawe ushyireho numero cyangwa email yawe, murakoze!!
K anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
@Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *