Mureke guhora mugurizwa, mucuruze ibitsina byanyu-Huddah Monroe

Sangiza iyi nkuru

Ikimenyabose ku mbuga nkoranyambaga akaba n’umushabitsi muri Kenya, Huddah Monroe yagiriye inama abagore yo kuva mu bukene bifashishije ibitsina byabo.

Avuga ko kuba umugore yamara icyumweru cyose ateze amaboko ku wundi muntu ko bibabaje, asaba abagore kugira icyo bakora kuri iki kibazo. Avuga ko ibi byaba intangiriro yo kugira ikindi bakora.

Yifashishije instgram ati “  Niba uri umugore, reka kumara amasaha 24 y’umunsi, icumweru cyose usaba kugurizwa. Genda ugurishe igitsina cyawe. Bika ayo mafaranga nyuma na we urebe ibyo ucuruza. Nta kintu cy’ubusa gihari mu buzima. Buri wese burya aba yiyushe akuya.

0BE08A46 20EA 4271 A5BF 49E53C2F416F

Hudda yanenze cyane abagore bagurizwa, bahabwa macye bakarakara.Ati “ Wagira ngo aba ari ayabo.”

2C4C7194 452E 4DC6 A580 FC84F3FA0DE7

Uyu mukobwa gusa nyuma yaje kuvuga ko azi neza ko iyi nama yatanze atari nziza.

Ati “ Ndabizi neza ko kugira inama abantu ngo bagurishe ibitsina byabo ari bibi ariko nanone hari abantu byabayeho  karande. Kora icyo ushaka  Ibyo biroroshye kuko hano buri wese aba ashakisha.”

EDD93AF8 E1B9 49E5 9375 BEC0174A9608

[penci_related_posts dis_pview=”no” dis_pdate=”no” title=”Izindi nkuru wasoma” background=”” border=”” thumbright=”no” number=”4″ style=”list” align=”none” withids=”” displayby=”recent_posts” orderby=”rand”]

Huddah ni umwe mu bakobwa bakunzwe mu karere ndetse akagira n’amafaranga. Hari abemeza ko ubutunzi bwe bwinshi bwavuye ku kuryamana n’abakire ndetse n’abanyepolitiki banyuranye.

 

 

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *