Amakuru aturuka muri leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo aravuga ko ibiganiro by’amahoro byari biteganyijwe i Nairobi kuri uyu wa Mbere, hagati ya guverinoma n’imitwe yitwaje intwaro byahagaritswe.
Guverinoma ya Congo yanze mu bishoboka byose ko habaho imishyikirano hagati yayo n’inyeshyamba za M23 yita ko ari abaterabwoba mu gihe Umuryango w’ibihugu by’Afurika y’iburasirazuba (EAC) wifuza ko benshi babigiramo uruhare, cyane cyane M23.
Amakuru amwe avuga ko umukuru w’igihugu cya RD Congo yaba yarasabye guverinoma gushyiraho uburyo bwose bukenewe kugira ngo FARDC itsinde intambara.
Hagati aho, ibikorwa bya diplomasi biriyongera mu rwego rwo kugerageza gukemura amakimbirane mu nzira ya politiki nk’uko iyi nkuru dukesha Mediacongonet ivuga.
Kinshasa ariko, hari ibyo isaaba mbere y’ibiganiro ibyo ari byo byose n’inyeshyamba za M23 cyane cyane kuva mu turere yigaruriye.
Ku rundi ruhande nyamara, imirwano irakomeje hagati y’inyeshyamba za M23 na FARDC imirwano iri kubera mu birometero 20 uvuye mu mujyi wa Goma, umurwa mukuru wa Kivu y’Amajyaruguru.
Nubwa kabiri habaye isubikwa ry’ibi biganiro byari biteganijwe ku ikubitiro ku itariki ya 16 Ugushyingo.



10 Responses
Nairobi: Ibiganiro byari biteganyijwe hagati ya Leta ya RDC na M23 byongeye gusubikwa
Congo iraruhira ubusa ubwose abasirikar bakongo bashobora m23 reka ahubwo imana idufashe m23 ifate goma
Nairobi: Ibiganiro byari biteganyijwe hagati ya Leta ya RDC na M23 byongeye gusubikwa
nibyo kambix yesu arahari
Nairobi: Ibiganiro byari biteganyijwe hagati ya Leta ya RDC na M23 byongeye gusubikwa
nibyo kambix yesu arahari
Nairobi: Ibiganiro byari biteganyijwe hagati ya Leta ya RDC na M23 byongeye gusubikwa
Congo iraruhira ubusa ubwose abasirikar bakongo bashobora m23 reka ahubwo imana idufashe m23 ifate goma
Nairobi: Ibiganiro byari biteganyijwe hagati ya Leta ya RDC na M23 byongeye gusubikwa
Ayomasengesho Imana ntiyayumva kuko idatunze uburyaryankamwe kandi ikijakibirukansa ngomufategoma ntakindi nukugyirango musahuregusa.
Nairobi: Ibiganiro byari biteganyijwe hagati ya Leta ya RDC na M23 byongeye gusubikwa
Peter urumugabo uzikureba Kure nibisambo bishaka gusahura
Nairobi: Ibiganiro byari biteganyijwe hagati ya Leta ya RDC na M23 byongeye gusubikwa
Peter urumugabo uzikureba Kure nibisambo bishaka gusahura
Nairobi: Ibiganiro byari biteganyijwe hagati ya Leta ya RDC na M23 byongeye gusubikwa
Ayomasengesho Imana ntiyayumva kuko idatunze uburyaryankamwe kandi ikijakibirukansa ngomufategoma ntakindi nukugyirango musahuregusa.
Nairobi: Ibiganiro byari biteganyijwe hagati ya Leta ya RDC na M23 byongeye gusubikwa
gusahura goma bayisahura batayisahura byose kimwe nubundi ntakinini byabagejejeho umuhanda,ivuriro,ibyomuhora murata ngobarabasahura nibiki kwarimwe mubyitangira haaaa mpise nseka kabisa.
Nairobi: Ibiganiro byari biteganyijwe hagati ya Leta ya RDC na M23 byongeye gusubikwa
gusahura goma bayisahura batayisahura byose kimwe nubundi ntakinini byabagejejeho umuhanda,ivuriro,ibyomuhora murata ngobarabasahura nibiki kwarimwe mubyitangira haaaa mpise nseka kabisa.