Nashakaga kumva uko igitsina cye kimeze- uwakundanaga na Blac Chyna

Sangiza iyi nkuru

Umuraperi Soulja Boy wari umaze iminsi akundana n’umunyamideri Blac Chyna avuga ko mu by’ukuri atakundaga uyu mugore ko ahubwo yari agamije kumva uko imiterere y’igitsina cye imeze.

Ibi uyu muraperi yabitangaje abinyujije ku rukutarwe rwa twitter nyuma yo gutandukana na Blac Chyna ariko kugeza ubu bikaba byarahise bisibwa nk’uko TMZ ibitangaza.

Yagize ati “  Nashakaga kureba uko igitsina cye kimeze.”

Kuri ubu, Blac Chyna ni we utahiwe mu gusubiza uyu muraperi amushinja gushaka kumusebya yitwaje kuvuga ku ngingo y’imiterere y’umubiri.

Inshuti za hafiz a Blac Chyna zitangaza ko ibyakozwe na Soulja Boy ari ubwana no kugira inyota yo kubona ubwambure bwe kandi ko uyu mugore ashimishijwe no kuba baramaze gutandukana.

[penci_related_posts dis_pview=”no” dis_pdate=”no” title=”Izindi nkuru wasoma” background=”” border=”” thumbright=”no” number=”4″ style=”list” align=”none” withids=”” displayby=”recent_posts” orderby=”rand”]

Aba bavuga ko Blac Chyna yamaze kubona ko ibyakozwe na Soulja Boy bimugaragaza uwo ari we, bityo ko ari byiza ko atakiri mu buzima bwe.

Aba bombi batandukanye nyuma yo kumara iminsi mike bakundana.

 

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *