Ndayisenga w’imyaka 28, yarangije kwiga icyiciro cya 3 cya kaminuza, arashaka umukunzi

Sangiza iyi nkuru

Nitwa Ndayisenga Dona, mfite imyaka 28, mfite ibiro 78, nize kugeza kuri master’s degree, ntuye i Musanze nkorera RWANDA ENERY GROUP (REG), ndashaka umukunzi uteye atya:

-Ufite imyaka kuva kuri 25 kugeza kuri 45

-Uzi gusoma no kwandika birahagije yaraminuje byaba ari akarusho

-Ufite icyo akora, akazi kamutunze (afite akazi) cyane ko nanjye ngafite

-Ufite gahunda apana kubeshya

-Azi gutwara imodoka byaba ari sawa

-Yaba aba  mu mahanga ya kure cyaneeee (diaspora) nta kibazo -Abyibushye byaba ari sawa, atabyibushye nta kibazo

-Ibyo yaba yambara byose nta kibazo

-Aramutse yarabyaye birenze 2 nta kibazo

– Kuba yiteguye kubonana nanjye bitarenze igihe kinini

NB: Ufite gahunda yabanza kumpa amafoto 5 kuri whatsapp, utayikoresha nabwo yampamagara, nyabuna ntanze itangazo kuko ntakeneye ukina nkeneye ufite gahunda nyayo,  yampamagara cyangwa  akanyandikira kuri whatsapp nimero yanjye ni 0786390804 ni iyanjye iba Ku mu rongo  igihe cyose.

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *