Nitwa Emmanuel, mfite imyaka 34, ndabasuhuza abo duhurira kuri iki kinyamakuru Bwiza.com, nkaba nshaka umukunzi twabana ufite gahunda kandi uzi gukora.
Mu buzima busanzwe, ndi umushoferi nkaba nifuza umukunzi twashyira hamwe tugakora n’ubwo yaba ari fille-mère [umukobwa wabyariye iwabo] nta kibazo, apfa kuba afite gahunda, naho iby’imibereho byo nta kibazo mfite.
Umushahara wanjye ni ibihumbi 200Frs ku kwezi, mperereye mu Karere ka Rutsiro ni naho akazi kanjye nkakorera.
Muri iki gihe umuntu abaho ari uko yashakishije, umukobwa waba uzi gukora, umuntu yamushingira business akayishobora niwe nifuza, ariko abaye yarize byaba ari akarusho.
Nimero yanjye nkoresha kuri Watsapp ni 0781193830, uwumva afite gahunda anyandikire cyangwa ampamagare. Intego yanjye si ubusambanyi cyangwa ibindi bijyanye n’ubuhehesi, icyo nshaka ni umukunzi ufite gahunda.
Murakoze!!



26 Responses
Ndi umusore, mpembwa ibihumbi 200Frs, ndashaka umukunzi n’ubwo yaba ari fille-mère nta kibazo
Uzagaruke uduha ubuhamya niba byaraciyemo
Ndi umusore, mpembwa ibihumbi 200Frs, ndashaka umukunzi n’ubwo yaba ari fille-mère nta kibazo
Uzagaruke uduha ubuhamya niba byaraciyemo
Ndi umusore, mpembwa ibihumbi 200Frs, ndashaka umukunzi n’ubwo yaba ari fille-mère nta kibazo
200k ni make
Ndi umusore, mpembwa ibihumbi 200Frs, ndashaka umukunzi n’ubwo yaba ari fille-mère nta kibazo
200k ni make
Ndi umusore, mpembwa ibihumbi 200Frs, ndashaka umukunzi n’ubwo yaba ari fille-mère nta kibazo
200k ni make
Ndi umusore, mpembwa ibihumbi 200Frs, ndashaka umukunzi n’ubwo yaba ari fille-mère nta kibazo
200k ni make
Ndi umusore, mpembwa ibihumbi 200Frs, ndashaka umukunzi n’ubwo yaba ari fille-mère nta kibazo
Man wabuze umukobwa kweli cg ntabwo Uzi gutereta.uba uri no mumodoka.200k nimenshi I Rutsiro ahubwo cyane.ni bangahe se bayahembwa
Ndi umusore, mpembwa ibihumbi 200Frs, ndashaka umukunzi n’ubwo yaba ari fille-mère nta kibazo
Man wabuze umukobwa kweli cg ntabwo Uzi gutereta.uba uri no mumodoka.200k nimenshi I Rutsiro ahubwo cyane.ni bangahe se bayahembwa
Ndi umusore, mpembwa ibihumbi 200Frs, ndashaka umukunzi n’ubwo yaba ari fille-mère nta kibazo
Man wabuze umukobwa kweli cg ntabwo Uzi gutereta.uba uri no mumodoka.200k nimenshi I Rutsiro ahubwo cyane.ni bangahe se bayahembwa
Ndi umusore, mpembwa ibihumbi 200Frs, ndashaka umukunzi n’ubwo yaba ari fille-mère nta kibazo
Man wabuze umukobwa kweli cg ntabwo Uzi gutereta.uba uri no mumodoka.200k nimenshi I Rutsiro ahubwo cyane.ni bangahe se bayahembwa
Ndi umusore, mpembwa ibihumbi 200Frs, ndashaka umukunzi n’ubwo yaba ari fille-mère nta kibazo
urabeshya wowe ntabwo waba urumushoferi ngo ubure umukunzi no ntibishoboka ahubwo wasanga ufite ikibazo kuko unahebwa amafaranga menshi sinumva impamvu utari wabona umukunzi? ahubwi ndumva ufite umukino so baca umugani ngo inshuti iva kunzira wabuze nuwo usanga kunzira ngo umuhe rifuti? no urabeshye wowe ahubwo isuzume kd wikosore sibyo ufite umukino wasanga ubakinisha .
Ndi umusore, mpembwa ibihumbi 200Frs, ndashaka umukunzi n’ubwo yaba ari fille-mère nta kibazo
Diane wanyandikira kuri 0781957935 ibindi tuzabivugana twahuye
Ndi umusore, mpembwa ibihumbi 200Frs, ndashaka umukunzi n’ubwo yaba ari fille-mère nta kibazo
Diane wanyandikira kuri 0781957935 ibindi tuzabivugana twahuye
Ndi umusore, mpembwa ibihumbi 200Frs, ndashaka umukunzi n’ubwo yaba ari fille-mère nta kibazo
urabeshya wowe ntabwo waba urumushoferi ngo ubure umukunzi no ntibishoboka ahubwo wasanga ufite ikibazo kuko unahebwa amafaranga menshi sinumva impamvu utari wabona umukunzi? ahubwi ndumva ufite umukino so baca umugani ngo inshuti iva kunzira wabuze nuwo usanga kunzira ngo umuhe rifuti? no urabeshye wowe ahubwo isuzume kd wikosore sibyo ufite umukino wasanga ubakinisha .
Ndi umusore, mpembwa ibihumbi 200Frs, ndashaka umukunzi n’ubwo yaba ari fille-mère nta kibazo
nange ndamucyeneye pe! ahari yampamagara 0780389860
Ndi umusore, mpembwa ibihumbi 200Frs, ndashaka umukunzi n’ubwo yaba ari fille-mère nta kibazo
nange ndamucyeneye pe! ahari yampamagara 0780389860
Ndi umusore, mpembwa ibihumbi 200Frs, ndashaka umukunzi n’ubwo yaba ari fille-mère nta kibazo
Muraho nshuti? Nitwa Claudine mfite imyaka 38ans mfite abana 3 ndikorera mfite imirimo yanjye nkora. Nje hano nshaka umukunzi w’umugabo ukuze ufite guhera kuri 45ans kuzamuka ufite gahunda nubwo yaba yaratandukanye numugore ntakibazo agomba kuba afite uko ahagaze mumufuka kuko sinshaka abahungira ubukene iwanjye
niba wiyizeye ufite urukundo ushaka umugore muzabana akagutetesha akagutonesha ngwino tuganire ninumva rwose duhuje tuzabana ntakibazo.
Ngaho bitekerezeho neza unyandikire kuri 0722423008 whatsapp
Ndi umusore, mpembwa ibihumbi 200Frs, ndashaka umukunzi n’ubwo yaba ari fille-mère nta kibazo
Muraho nshuti? Nitwa Claudine mfite imyaka 38ans mfite abana 3 ndikorera mfite imirimo yanjye nkora. Nje hano nshaka umukunzi w’umugabo ukuze ufite guhera kuri 45ans kuzamuka ufite gahunda nubwo yaba yaratandukanye numugore ntakibazo agomba kuba afite uko ahagaze mumufuka kuko sinshaka abahungira ubukene iwanjye
niba wiyizeye ufite urukundo ushaka umugore muzabana akagutetesha akagutonesha ngwino tuganire ninumva rwose duhuje tuzabana ntakibazo.
Ngaho bitekerezeho neza unyandikire kuri 0722423008 whatsapp
Ndi umusore, mpembwa ibihumbi 200Frs, ndashaka umukunzi n’ubwo yaba ari fille-mère nta kibazo
Mwaramutse neza
Ndi umusore mperereye ihuye
Nkaba nshaka umukobwa cg umugore ushaka uwo bajya bahuza urugwiro igihe icyo aricyo cyose yamvugisha 0788982019
Hello! Am from huye I would like to meet with any lady who wish a guy to enjoy their happiness at any time call me 0788902019
Ndi umusore, mpembwa ibihumbi 200Frs, ndashaka umukunzi n’ubwo yaba ari fille-mère nta kibazo
Mwaramutse neza
Ndi umusore mperereye kicukiro
Nkaba nshaka umugore ushaka uwo bajya bahuza urugwiro igihe icyo aricyo cyose yamvugisha 0788982019
Hello! Am from kicukiro I would like to meet with any lady who wish a guy to enjoy their happiness at any time call me 0788902019
Ndi umusore, mpembwa ibihumbi 200Frs, ndashaka umukunzi n’ubwo yaba ari fille-mère nta kibazo
Mwaramutse neza
Ndi umusore mperereye kicukiro
Nkaba nshaka umugore ushaka uwo bajya bahuza urugwiro igihe icyo aricyo cyose yamvugisha 0788982019
Hello! Am from kicukiro I would like to meet with any lady who wish a guy to enjoy their happiness at any time call me 0788902019
Ndi umusore, mpembwa ibihumbi 200Frs, ndashaka umukunzi n’ubwo yaba ari fille-mère nta kibazo
Mwaramutse neza
Ndi umusore mperereye ihuye
Nkaba nshaka umukobwa cg umugore ushaka uwo bajya bahuza urugwiro igihe icyo aricyo cyose yamvugisha 0788982019
Hello! Am from huye I would like to meet with any lady who wish a guy to enjoy their happiness at any time call me 0788902019
Ndi umusore, mpembwa ibihumbi 200Frs, ndashaka umukunzi n’ubwo yaba ari fille-mère nta kibazo
Nitwa manzi ndifuza umukobwa cg umumama ufite gahunda kd agomba kuba abyushye kd arinzobe kd afite akazi kamuha ubwishingizi Tanya sms 0788826793
Ndi umusore, mpembwa ibihumbi 200Frs, ndashaka umukunzi n’ubwo yaba ari fille-mère nta kibazo
Nitwa manzi ndifuza umukobwa cg umumama ufite gahunda kd agomba kuba abyushye kd arinzobe kd afite akazi kamuha ubwishingizi Tanya sms 0788826793
Ndi umusore, mpembwa ibihumbi 200Frs, ndashaka umukunzi n’ubwo yaba ari fille-mère nta kibazo
Mwaramutse neza
Ndi umusore mperereye kicukiro
Nkaba nshaka umukobwa cg umugore ushaka uwo bajya bahuza urugwiro igihe icyo aricyo cyose yamvugisha 0788982019
Hello! Am from kicukiro I would like to meet with any lady who wish a guy to enjoy their happiness at any time call me 0788902019
Ndi umusore, mpembwa ibihumbi 200Frs, ndashaka umukunzi n’ubwo yaba ari fille-mère nta kibazo
Mwaramutse neza
Ndi umusore mperereye kicukiro
Nkaba nshaka umukobwa cg umugore ushaka uwo bajya bahuza urugwiro igihe icyo aricyo cyose yamvugisha 0788982019
Hello! Am from kicukiro I would like to meet with any lady who wish a guy to enjoy their happiness at any time call me 0788902019