Ndi umusore, mpembwa ibihumbi 200Frs, ndashaka umukunzi n’ubwo yaba ari fille-mère nta kibazo

Sangiza iyi nkuru

Nitwa Emmanuel, mfite imyaka 34, ndabasuhuza abo duhurira kuri iki kinyamakuru Bwiza.com, nkaba nshaka umukunzi twabana ufite gahunda kandi uzi gukora.

Mu buzima busanzwe, ndi umushoferi nkaba nifuza umukunzi twashyira hamwe tugakora n’ubwo yaba ari fille-mère [umukobwa wabyariye iwabo] nta kibazo, apfa kuba afite gahunda, naho iby’imibereho byo nta kibazo mfite.

Umushahara wanjye ni ibihumbi 200Frs ku kwezi, mperereye mu Karere ka Rutsiro ni naho akazi kanjye nkakorera.

Muri iki gihe umuntu abaho ari uko yashakishije, umukobwa waba uzi gukora, umuntu yamushingira business akayishobora niwe nifuza, ariko abaye yarize byaba ari akarusho.

Nimero yanjye nkoresha kuri Watsapp ni 0781193830, uwumva afite gahunda anyandikire cyangwa ampamagare. Intego yanjye si ubusambanyi cyangwa ibindi bijyanye n’ubuhehesi, icyo nshaka ni umukunzi ufite gahunda.

Murakoze!!

Soma Izindi Nkuru

26 Responses

  1. Ndi umusore, mpembwa ibihumbi 200Frs, ndashaka umukunzi n’ubwo yaba ari fille-mère nta kibazo
    Uzagaruke uduha ubuhamya niba byaraciyemo

  2. Ndi umusore, mpembwa ibihumbi 200Frs, ndashaka umukunzi n’ubwo yaba ari fille-mère nta kibazo
    Uzagaruke uduha ubuhamya niba byaraciyemo

  3. Ndi umusore, mpembwa ibihumbi 200Frs, ndashaka umukunzi n’ubwo yaba ari fille-mère nta kibazo
    Man wabuze umukobwa kweli cg ntabwo Uzi gutereta.uba uri no mumodoka.200k nimenshi I Rutsiro ahubwo cyane.ni bangahe se bayahembwa

  4. Ndi umusore, mpembwa ibihumbi 200Frs, ndashaka umukunzi n’ubwo yaba ari fille-mère nta kibazo
    Man wabuze umukobwa kweli cg ntabwo Uzi gutereta.uba uri no mumodoka.200k nimenshi I Rutsiro ahubwo cyane.ni bangahe se bayahembwa

  5. Ndi umusore, mpembwa ibihumbi 200Frs, ndashaka umukunzi n’ubwo yaba ari fille-mère nta kibazo
    Man wabuze umukobwa kweli cg ntabwo Uzi gutereta.uba uri no mumodoka.200k nimenshi I Rutsiro ahubwo cyane.ni bangahe se bayahembwa

  6. Ndi umusore, mpembwa ibihumbi 200Frs, ndashaka umukunzi n’ubwo yaba ari fille-mère nta kibazo
    Man wabuze umukobwa kweli cg ntabwo Uzi gutereta.uba uri no mumodoka.200k nimenshi I Rutsiro ahubwo cyane.ni bangahe se bayahembwa

  7. Ndi umusore, mpembwa ibihumbi 200Frs, ndashaka umukunzi n’ubwo yaba ari fille-mère nta kibazo
    urabeshya wowe ntabwo waba urumushoferi ngo ubure umukunzi no ntibishoboka ahubwo wasanga ufite ikibazo kuko unahebwa amafaranga menshi sinumva impamvu utari wabona umukunzi? ahubwi ndumva ufite umukino so baca umugani ngo inshuti iva kunzira wabuze nuwo usanga kunzira ngo umuhe rifuti? no urabeshye wowe ahubwo isuzume kd wikosore sibyo ufite umukino wasanga ubakinisha .

    1. Ndi umusore, mpembwa ibihumbi 200Frs, ndashaka umukunzi n’ubwo yaba ari fille-mère nta kibazo
      Diane wanyandikira kuri 0781957935 ibindi tuzabivugana twahuye

    2. Ndi umusore, mpembwa ibihumbi 200Frs, ndashaka umukunzi n’ubwo yaba ari fille-mère nta kibazo
      Diane wanyandikira kuri 0781957935 ibindi tuzabivugana twahuye

  8. Ndi umusore, mpembwa ibihumbi 200Frs, ndashaka umukunzi n’ubwo yaba ari fille-mère nta kibazo
    urabeshya wowe ntabwo waba urumushoferi ngo ubure umukunzi no ntibishoboka ahubwo wasanga ufite ikibazo kuko unahebwa amafaranga menshi sinumva impamvu utari wabona umukunzi? ahubwi ndumva ufite umukino so baca umugani ngo inshuti iva kunzira wabuze nuwo usanga kunzira ngo umuhe rifuti? no urabeshye wowe ahubwo isuzume kd wikosore sibyo ufite umukino wasanga ubakinisha .

  9. Ndi umusore, mpembwa ibihumbi 200Frs, ndashaka umukunzi n’ubwo yaba ari fille-mère nta kibazo
    nange ndamucyeneye pe! ahari yampamagara 0780389860

  10. Ndi umusore, mpembwa ibihumbi 200Frs, ndashaka umukunzi n’ubwo yaba ari fille-mère nta kibazo
    nange ndamucyeneye pe! ahari yampamagara 0780389860

  11. Ndi umusore, mpembwa ibihumbi 200Frs, ndashaka umukunzi n’ubwo yaba ari fille-mère nta kibazo
    Muraho nshuti? Nitwa Claudine mfite imyaka 38ans mfite abana 3 ndikorera mfite imirimo yanjye nkora. Nje hano nshaka umukunzi w’umugabo ukuze ufite guhera kuri 45ans kuzamuka ufite gahunda nubwo yaba yaratandukanye numugore ntakibazo agomba kuba afite uko ahagaze mumufuka kuko sinshaka abahungira ubukene iwanjye

    niba wiyizeye ufite urukundo ushaka umugore muzabana akagutetesha akagutonesha ngwino tuganire ninumva rwose duhuje tuzabana ntakibazo.

    Ngaho bitekerezeho neza unyandikire kuri 0722423008 whatsapp

  12. Ndi umusore, mpembwa ibihumbi 200Frs, ndashaka umukunzi n’ubwo yaba ari fille-mère nta kibazo
    Muraho nshuti? Nitwa Claudine mfite imyaka 38ans mfite abana 3 ndikorera mfite imirimo yanjye nkora. Nje hano nshaka umukunzi w’umugabo ukuze ufite guhera kuri 45ans kuzamuka ufite gahunda nubwo yaba yaratandukanye numugore ntakibazo agomba kuba afite uko ahagaze mumufuka kuko sinshaka abahungira ubukene iwanjye

    niba wiyizeye ufite urukundo ushaka umugore muzabana akagutetesha akagutonesha ngwino tuganire ninumva rwose duhuje tuzabana ntakibazo.

    Ngaho bitekerezeho neza unyandikire kuri 0722423008 whatsapp

  13. Ndi umusore, mpembwa ibihumbi 200Frs, ndashaka umukunzi n’ubwo yaba ari fille-mère nta kibazo
    Mwaramutse neza
    Ndi umusore mperereye ihuye
    Nkaba nshaka umukobwa cg umugore ushaka uwo bajya bahuza urugwiro igihe icyo aricyo cyose yamvugisha 0788982019

    Hello! Am from huye I would like to meet with any lady who wish a guy to enjoy their happiness at any time call me 0788902019

    1. Ndi umusore, mpembwa ibihumbi 200Frs, ndashaka umukunzi n’ubwo yaba ari fille-mère nta kibazo
      Mwaramutse neza
      Ndi umusore mperereye kicukiro
      Nkaba nshaka umugore ushaka uwo bajya bahuza urugwiro igihe icyo aricyo cyose yamvugisha 0788982019

      Hello! Am from kicukiro I would like to meet with any lady who wish a guy to enjoy their happiness at any time call me 0788902019

    2. Ndi umusore, mpembwa ibihumbi 200Frs, ndashaka umukunzi n’ubwo yaba ari fille-mère nta kibazo
      Mwaramutse neza
      Ndi umusore mperereye kicukiro
      Nkaba nshaka umugore ushaka uwo bajya bahuza urugwiro igihe icyo aricyo cyose yamvugisha 0788982019

      Hello! Am from kicukiro I would like to meet with any lady who wish a guy to enjoy their happiness at any time call me 0788902019

  14. Ndi umusore, mpembwa ibihumbi 200Frs, ndashaka umukunzi n’ubwo yaba ari fille-mère nta kibazo
    Mwaramutse neza
    Ndi umusore mperereye ihuye
    Nkaba nshaka umukobwa cg umugore ushaka uwo bajya bahuza urugwiro igihe icyo aricyo cyose yamvugisha 0788982019

    Hello! Am from huye I would like to meet with any lady who wish a guy to enjoy their happiness at any time call me 0788902019

  15. Ndi umusore, mpembwa ibihumbi 200Frs, ndashaka umukunzi n’ubwo yaba ari fille-mère nta kibazo
    Nitwa manzi ndifuza umukobwa cg umumama ufite gahunda kd agomba kuba abyushye kd arinzobe kd afite akazi kamuha ubwishingizi Tanya sms 0788826793

  16. Ndi umusore, mpembwa ibihumbi 200Frs, ndashaka umukunzi n’ubwo yaba ari fille-mère nta kibazo
    Nitwa manzi ndifuza umukobwa cg umumama ufite gahunda kd agomba kuba abyushye kd arinzobe kd afite akazi kamuha ubwishingizi Tanya sms 0788826793

  17. Ndi umusore, mpembwa ibihumbi 200Frs, ndashaka umukunzi n’ubwo yaba ari fille-mère nta kibazo
    Mwaramutse neza
    Ndi umusore mperereye kicukiro
    Nkaba nshaka umukobwa cg umugore ushaka uwo bajya bahuza urugwiro igihe icyo aricyo cyose yamvugisha 0788982019

    Hello! Am from kicukiro I would like to meet with any lady who wish a guy to enjoy their happiness at any time call me 0788902019

  18. Ndi umusore, mpembwa ibihumbi 200Frs, ndashaka umukunzi n’ubwo yaba ari fille-mère nta kibazo
    Mwaramutse neza
    Ndi umusore mperereye kicukiro
    Nkaba nshaka umukobwa cg umugore ushaka uwo bajya bahuza urugwiro igihe icyo aricyo cyose yamvugisha 0788982019

    Hello! Am from kicukiro I would like to meet with any lady who wish a guy to enjoy their happiness at any time call me 0788902019

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *