Ni umusore ushaka umukunzi, ashaka umukobwa ubyibushye igice cyo hasi

Sangiza iyi nkuru

Mwese ndabasuhuje cyane, nkunda gusura uru rubuga pe, ariko abenshi ni imikino gusa ntibazi icyo bashaka bigatuma nufite gahunda bamushyira muri kagatebo k’abakina,
Njyewe si uko rero ndakomeje, ndifuza umukobwa ukuze guhera kuri 26ans kuzamura nushaka uzabe uri fille mere w’umwana umwe uzi icyo urukundo rusaba uzi kwita ku mukunzi we nange nkakwitaho mu rukundo uko nshobojwe,
[ad id=”44145″]
Nkunda umukobwa utari mugufi kandi ubyibushye igice cyo hepfo bidakabije kwita ku ruhu byo singombwa cyane upfa kwigirira isuku guturuka ku mutwe imyambaro nibindi byaguhesha icyubahiro, ni uburenganzira bwawe ku binyobwa unywa byaba bisindisha nturengere kubwo kugashaka ntaribi pe,
Njyewe ku ruhande rwanjye si ndi munini oya, urebye ndi nkinzobe mfite urubavu ruto ruto sindi mugufi ni murugero mfite PERMIS DE CONDUIRE CAT :B,C nize MEC AUTOMOBILE, hashize iminsi mike imodoka natwaraga igurishijwe nizerako mugushakisha nzabona indi nkoresha bivuzengo ubu ndashomye utibaza ko mfite akazi ubu oya,
mfite urukundo ninarwo nifuza mbere ya byose,uwumva twakwibera umwe yambwira nta blague ariko nshaka. Murakoze koresha 0783026926 niba udakina.
Niba nawe ushaka umukunzi twandikire ubutumwa bwawe kuri iyi Email: itatheone08@gmail.com tuzabucisha aha kuri uru rubuga kandi kuri icyo cyifuzo cyawe ushyireho numero cyangwa email yawe, murakoze!!
[ad id=”44145″]
K anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
@Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

2 Responses

  1. Ni umusore ushaka umukunzi, ashaka umukobwa ubyibushye igice cyo hasi
    sha umusore ukuze ufite urukundo Utari ikirara kdi udakunda inzoga Uzi kwita kumuryango ufite gahunda yo kuba yarushinga yambwira njye ndi umukobwa 37ans

  2. Ni umusore ushaka umukunzi, ashaka umukobwa ubyibushye igice cyo hasi
    sha umusore ukuze ufite urukundo Utari ikirara kdi udakunda inzoga Uzi kwita kumuryango ufite gahunda yo kuba yarushinga yambwira njye ndi umukobwa 37ans

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *