Nigeria: Abagabo badukanye umuco wo kwambara imyenda y’abagore nk'uko na bo bambara iyabo (Amafoto)

Sangiza iyi nkuru

Muri Nigeria, abagabo badukanye umuco wo kwambara imyenda y’abagore n’abakobwa ndetse bakanagerageza kwigana imico ya bo irimo kwisiga ibirungo, imisatsi n’ibindi. Capturep Igitangazamakuru Nasty Boy giharanira ko abagabo bogira uburenganzira bwo kwambara imyenda y’abagore mu gihe babishatse cyatangaje ko abagabo nab o bagomba kujya ambara imyenda bashatse nk’uko abagore n’abakobwa na bo bambara iy’abagabo.
Capture 9
Capturef
Amakuru ikinyamakuru bwiza.com cyakuye ku rubuga rwa BBC avuga ko umwe mu banyamakuru b’icyo kinyamakuru cyo muri Nigeria yagize ati “Mu gihe abagore bambara amapantaro, kuki abagabo batokwambara amajipo n’amakanzu?”
Captureg
Umwe muri aba basore witwa Richard yagize ati “Maze gutukwa n’abantu benshi kuva batangira kumbona nambaye agapafalo kamfashe, ariko nta cyo bivuze kuko kagenewe abakobwa ariko nab o bambara imyenda yacu.”
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Captureh
Abakobwa bavuga ko bidasanzwe ndetse ko ari ubwa mbere babonye abahungu bikora ibintu nka biriya bashaka kugira imyitwarire nk’iya bashiki ba bo.
f
Capturee
Aba basore bavuga ko ibyo bakora bihabanye n’ibikorwa by’ubutinganyi kuko icyaha cyo kuryamana bahuje ibitsina gihanishwa igihano guhera ku myaka 14 kuzamura.
Captures
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Gentille@Bwiza.com
 

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *