Nigeria: Umupasiteri yakanze abantu ubwo yinjiraga mu rusengero yambaye nk'abapolisi (Amafoto)

Sangiza iyi nkuru

Umupariteri akaba n’umuyobozi d’itorero Overseer of Christ Royal Family International Church ryo muri Nigeria, Bishop Tom Samson aherutse gutungura abayoboke b’itorero rye ubwo yahingukaga mu rusengero yambaye imyenda y’abapolisi.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
tom
Uyu muherwe uherutse no kugura imodoka iri mu zihenze ya Limousine yahingutse mu rusengero bamwe bagira ikikango bazi ko ari inzego z’umutekano zinjiye mu rusengero rwa bo ariko nyuma abagasanga ari umuyobozi wa bo.
tom3
Bishop Tom yaje mu materaniro ku cyumweru gishize agiye gutanga ikibwirizwa ariko yigishije abantu benshi bari mu bindi bitewe n’uburyo yari yambaye.
tom4
tom2
tom1
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Gentille@Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *