Umupariteri akaba n’umuyobozi d’itorero Overseer of Christ Royal Family International Church ryo muri Nigeria, Bishop Tom Samson aherutse gutungura abayoboke b’itorero rye ubwo yahingukaga mu rusengero yambaye imyenda y’abapolisi.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]

Uyu muherwe uherutse no kugura imodoka iri mu zihenze ya Limousine yahingutse mu rusengero bamwe bagira ikikango bazi ko ari inzego z’umutekano zinjiye mu rusengero rwa bo ariko nyuma abagasanga ari umuyobozi wa bo.

Bishop Tom yaje mu materaniro ku cyumweru gishize agiye gutanga ikibwirizwa ariko yigishije abantu benshi bari mu bindi bitewe n’uburyo yari yambaye.



Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Gentille@Bwiza.com


