Nigeria: Umusore yizihije umunsi w’ubwigenge yambaye ishati ikoze mu mafaranga y’inoti

Sangiza iyi nkuru

Umusore ukiri muto muri Nigeria aherutse gutungura abantu ubwo yatungukaga ahagombaga kubera ibirori byo kwizihiza iabukuru y’ubwigenge yambaye ishati itatseho amafaranga akoreshwa muri kiriya gihugu.
tontoo
Uyu musore w’umuhanzi witwa Bisola Ojikutu bakunze keita Bizzyaski, ku mazina y’ubuhanzi, yateje ururondogoro mu baturage ubwo yaparikaga imodoka ye ubwo bizihizaga ubwigenge bagatungurwa no kubona avuyemo yambaye ishati itatseho inoti z’amafaranga 20 akoreshwa muri kiriya gihugu azwi nka Naira.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
tontoo2
Uyu musore ngo ni umwe mu basore bakunze kwimenyekanisha cyane muri Nigeria, aho usanga n’amazina ahamagarwa mu gace kamwe Atari yo ahamagarwa mu kandi.
22070727 357612074660432 2871162319998550016 n
Yamenyekanye ku yandi mazina nka Tonto Dikeh, Iyanya, Lil Kesh, Charley Boy, Karen Igho n’andi.
tontoo1
Uyu musore yatangaje ko ibi yabikoze mu rwego rwo kugaragaza ko yibohoye, mu gihe iki gihugu cyizihiza isabukuru y’ubwigenge ku itariki ya Mbere Ukwakira buri mwaka, guhera mu 1960.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Gentille@Bwiza.com
 
 

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *