Niringiyimana Emmanuel ni umusore w’imyaka 23 y’amavuko, ukomoka mu Mudugudu wa Gisovu, Akagari ka Nkoto, Umurenge wa Murambi, mu Karere ka Karongi, wamenyekanye nyuma yo gukora umuhanda w’ibilometero birindwi, avuga ko ubu afana ikipe ya APR FC.
Uyu musore wagiranye ikiganiro na Bwiza Tv, avuga ko mbere yo gufana APR FC, yahoze ari umufana ukomeye w’ikipe ya Rayon Sports. Reba iyo video uramenya impamvu.


