Ntibisanzwe, bifotoje ifoto y’ubukwe bamaranye imyaka 70

Sangiza iyi nkuru

Margaret na Ferris Romaire bashakanye ku wa 24 Ugushyingo 1946 mu mujyi wa Morgan mu ntara ya Louisiana muri Amerika, kuva uyu muryango uri yabanye neza cyane mu gihe cy’imwaka 70 bamaze kubana ariko nta na rimwe bari barigeze kwifotoza ifoto n’imwe habe no mu bukwe bwabo.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Margaret Romaire, kuri ubu ufite imyaka 89 aganira na ABCNews yagize ati “Byaratuyoboye natwe kuko twari tubizi neza ko abantu benshi mu batashye ubukwe bwacu bafite camera ariko ntanumwe watekereje kuyizana kandi ntitwari twababujije. ntabwo twagize ubukwe bumeze nk’ubwo abantu bagira muri iyi minsi”
yumunsi
Umuryango wa baromaires kuri ubu ufite abana bane n’abuzukuru na 8. Mu kwizihiza isabukuru y’imyaka 70 babana nk’umugabo n’umugore nibwo bahisemo nabo kwifotoza ifoto ya mbere mu buzima bwabo.
Romaire umugabo wa Margaret amaze kwifotoza yabwiye abanyamakuru ko atigeze atekereza ko yabasha kwifotoza, ati “Gafotozi yaduhendahenze cyane kugirango abone iyi foto, yageragezaga kudusetsa no kutwumvisha ko dukwiye kwiyoroshya ariko twari tumeze nk’abasazi, biratangaje kubona twifotoje ari uko tugeze ku myaka 89 na 90 y’ubukuru. reba nawe ibi intu twambaye!!”
yuunsi3
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Margaret we yavuze ko dutemberana no kuganira bakamarana ibihe binini bari kumwe ari byo byabafashije kumarana imyaka 70.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Schadrack@bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *