Umugabo wanjye tumaranye umwaka n’amezi atanu tubana, ariko kugeza n’ubu ntabwo nari nasama, dutegereje umugambi w’Imana.
Mbese nta kibazo twari dufitanye, gusa hari umunsi nibuka twari mu rugo ashaka kunyereka ko ntamuryohera ku buriri ndetse ko yaba ari njyewe ufite ikibazo cyo kutabyara kandi abaganga baratubwiye ko twese nta kibazo dufite, bityo nanjye ndarikocora.
Yari yankomerekeje ambwira byinshi ko ntaciye mu rubohero n’uko nanjye mubwira ko adasiramuye, kuva ako kanya nabonye bimukozeho, mbona ko ababaye.
Nahise mbona ko aka wamugani uvuga ko ‘Agahwa kari ku wundi gahandurika, yahise arakara kandi njyewe yari amazeho nk’isaha yose ntaburakari nagize ahubwo nkomeza kumwumvira.
Kuva uwo munsi, umugabo ntabwo yari yongera guhindukira mu buriri, gusa narabimubajije numva akomoje ku gusiramurwa ko nzi izisiramuye ngo nzajye kuzishaka.
Mbese ubu numva ntatuje, nta munezero mu rugo kandi rwose ntabwo namusaba imbabazi mu gihe cyose na we yaba atarazinsaba kuko ni we wantangiye kandi aranankomeretsa, ariko nari namuretse nta n’intego mfite yo kuba namurakarira kugera uko yabyakiriye.



12 Responses
Nyuma yo guserereza umugabo wanjye ko afite igitsina kidasiramuye amezi 4 ashize atanyikoza- Nkore iki?
Madame,
Niba ushaka kubaka urugo rwawe ukaruramira hakiri kare fata iya mbere, ukore inshingano zawe nk’umugore zo guca bugufi. Ca bugufi, whihangane umusabe imbabazi, na weazakumva agusabe imbabazi.Ntuzabikre urakaye. Erge niba utabizi, imbaraga z’abagore bazima ziba mu guca bugufi. Nudaca bugufi rero abandi bazamuguhoreza kandi kumugarura bizakugora. Garukira hafi nyabune. Amarangamutima ntagushuke. Kunesha urwo rugamba ni bwo butwari bwawe.
Nyuma yo guserereza umugabo wanjye ko afite igitsina kidasiramuye amezi 4 ashize atanyikoza- Nkore iki?
Irashaka isuram
uye?uzancake
nkumare agahinda ureke umutesi!
Nyuma yo guserereza umugabo wanjye ko afite igitsina kidasiramuye amezi 4 ashize atanyikoza- Nkore iki?
Irashaka isuram
uye?uzancake
nkumare agahinda ureke umutesi!
Nyuma yo guserereza umugabo wanjye ko afite igitsina kidasiramuye amezi 4 ashize atanyikoza- Nkore iki?
Mparambo ,aha umubwije ukuri rwose amafuti yumugabo nibwo buryobwe kabone nubwo yaguserereje nawe ukumva bigukozahantu ukamusubiza ntiyaca bugufi,wowe niwowe ugomba guca bugufi ukamusaba imbabazi nubwuziko ariwe nyirabayazana,nyamuneka kubaka sugukina kdi urugo nishuri
Nyuma yo guserereza umugabo wanjye ko afite igitsina kidasiramuye amezi 4 ashize atanyikoza- Nkore iki?
Mparambo ,aha umubwije ukuri rwose amafuti yumugabo nibwo buryobwe kabone nubwo yaguserereje nawe ukumva bigukozahantu ukamusubiza ntiyaca bugufi,wowe niwowe ugomba guca bugufi ukamusaba imbabazi nubwuziko ariwe nyirabayazana,nyamuneka kubaka sugukina kdi urugo nishuri
Nyuma yo guserereza umugabo wanjye ko afite igitsina kidasiramuye amezi 4 ashize atanyikoza- Nkore iki?
Madame,
Niba ushaka kubaka urugo rwawe ukaruramira hakiri kare fata iya mbere, ukore inshingano zawe nk’umugore zo guca bugufi. Ca bugufi, whihangane umusabe imbabazi, na weazakumva agusabe imbabazi.Ntuzabikre urakaye. Erge niba utabizi, imbaraga z’abagore bazima ziba mu guca bugufi. Nudaca bugufi rero abandi bazamuguhoreza kandi kumugarura bizakugora. Garukira hafi nyabune. Amarangamutima ntagushuke. Kunesha urwo rugamba ni bwo butwari bwawe.
Nyuma yo guserereza umugabo wanjye ko afite igitsina kidasiramuye amezi 4 ashize atanyikoza- Nkore iki?
Rero buroya abantj ni mwe mwihemukira mwarangiza ngo kubaka birabananiye hum!! Nonese madam we wari wabona umuntu uterera imigeri ibiri icyarimwe cq atera umwe undi ugakurikiraho icyo nshatse kuvuga rero mubuzima ntago wabana n’umuntu muhuje kamere 100% rero mugihe we ubona ukeneye kubaka byaba byiza uciye bugufi ukamwereka ko ntabugome bundi wabikoreye cq se ubigenze ukundi kuko ni woe uzi uwo mubana.
Aha nahubundi mwese mufunze ubwonko rwahita rusenyuka kandi burya kubana ni ukubahana no koroherana.
Nyuma yo guserereza umugabo wanjye ko afite igitsina kidasiramuye amezi 4 ashize atanyikoza- Nkore iki?
Rero buroya abantj ni mwe mwihemukira mwarangiza ngo kubaka birabananiye hum!! Nonese madam we wari wabona umuntu uterera imigeri ibiri icyarimwe cq atera umwe undi ugakurikiraho icyo nshatse kuvuga rero mubuzima ntago wabana n’umuntu muhuje kamere 100% rero mugihe we ubona ukeneye kubaka byaba byiza uciye bugufi ukamwereka ko ntabugome bundi wabikoreye cq se ubigenze ukundi kuko ni woe uzi uwo mubana.
Aha nahubundi mwese mufunze ubwonko rwahita rusenyuka kandi burya kubana ni ukubahana no koroherana.
Nyuma yo guserereza umugabo wanjye ko afite igitsina kidasiramuye amezi 4 ashize atanyikoza- Nkore iki?
Mwaramutse
Inama nakugira waca bugufi ukamusaba imbabazi niba ari igifura wowe ba Imfura wemere uce bugufi umubwireko nubwo adasiramuye ntacyo bigutwaye kdi umwereke ko umukunda byukuri araza kukumva naho nukomeza kwihagararaho ushobora kumubura burundu
Nyuma yo guserereza umugabo wanjye ko afite igitsina kidasiramuye amezi 4 ashize atanyikoza- Nkore iki?
Mwaramutse
Inama nakugira waca bugufi ukamusaba imbabazi niba ari igifura wowe ba Imfura wemere uce bugufi umubwireko nubwo adasiramuye ntacyo bigutwaye kdi umwereke ko umukunda byukuri araza kukumva naho nukomeza kwihagararaho ushobora kumubura burundu
Nyuma yo guserereza umugabo wanjye ko afite igitsina kidasiramuye amezi 4 ashize atanyikoza- Nkore iki?
Ndabasuhuje nimukomere.
Burya mu isi ntabwo abantu bumva ibintu kimwe, umutware wawe ashobora kuba atari yumva ibyiza byo kwisiramuza ariko kumuganiriza witonze byazatuma akora icyo gikorwa cy’ingenzi ku mufabo.
Ariko nawe hari icyo ukwiriye kwibaza:
Ese ko kwisiramuza isaha yose yabikora kandi agakira vuba mugakomeza gahunda yo mu bulili, nawe ba wiyeguye guhita uca imyeyo akajya gukira nawe waragwije ? None se urumva amaherezo ari ayahe ko numva ahari ari wowe mugore bizagora cyane ?
Nimuashaku uko muca bugufi mwumvikane, kuko abashyize hamwe ntakibananira, nimwiyunge urugo rwanyu rudasenyuka kumva zitakabaye zirusenya..
Nyuma yo guserereza umugabo wanjye ko afite igitsina kidasiramuye amezi 4 ashize atanyikoza- Nkore iki?
Ndabasuhuje nimukomere.
Burya mu isi ntabwo abantu bumva ibintu kimwe, umutware wawe ashobora kuba atari yumva ibyiza byo kwisiramuza ariko kumuganiriza witonze byazatuma akora icyo gikorwa cy’ingenzi ku mufabo.
Ariko nawe hari icyo ukwiriye kwibaza:
Ese ko kwisiramuza isaha yose yabikora kandi agakira vuba mugakomeza gahunda yo mu bulili, nawe ba wiyeguye guhita uca imyeyo akajya gukira nawe waragwije ? None se urumva amaherezo ari ayahe ko numva ahari ari wowe mugore bizagora cyane ?
Nimuashaku uko muca bugufi mwumvikane, kuko abashyize hamwe ntakibananira, nimwiyunge urugo rwanyu rudasenyuka kumva zitakabaye zirusenya..