Padiri yafotowe asangira inzoga n'ababikira mu kabari- REBA AMAFOTO

Sangiza iyi nkuru

Ku mbuga nkoranyambaga hirya no hino, amafoto akomeje guca ibintu agaragaza Umupadiri ari kumwe n’Abandi bihaye Imana b’igitsina gore bazwi nk’Ababikira bari kwifata neza imbere y’agahiye.

KALS
Ni amafoto ataravuzweho rumwe kuva yashyirwa ahagaragara, haba ku byerekeye uwayafashe ndetse n’icyatumye ayafata. Gusa amakuru avuga ko barimo bifata neza nyuma y’akazi ariko nubwo uwayatangaje nta byinshi yayavuzeho, bigoyekumenya icyamuteye kuyashyira ku mbuga nkoranyambaga.

KALS1 1
Ikinyamakuru cyo muri Nigeria kivuga ko aba bakozi b’Imana mu bishura bya bo bimwe byeruruka abandi mu by’ubururu barimo banywa inzoga nyuma y’akazi.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *