Pallaso yakebuye abakobwa baka itike abasore kuko bagiye kubasura

Sangiza iyi nkuru

Umuhanzi wo muri Uganda Pius Mayanja uzwi nka Pallaso avuga ko kuba abakobwa baka abasore bakundana amafaranga y’itike kugira ngo babashe kubasura bibagiraho ingaruka.

Pallaso avuga ko iyi myumvire ituma bakobwa babura abagabo mu gihe kizaza.

Ati “ Murekere aho kuzajya musaba amafaranga y’itike kubera ko mwemereye umusore kumusura. Bituma mutabona abagabo mu gihe kizaza.”

Iyi ngingo yateye benshi kugira icyo bavuga. Ababishyigikiye bavuga ko abakobwa nta kibazo kirimo.

Umwe muri aba ati “ Kutohereza aya mafaranga byatumye abagabo benshi babura abagore.”

[penci_related_posts dis_pview=”no” dis_pdate=”no” title=”Izindi nkuru wasoma” background=”” border=”” thumbright=”no” number=”4″ style=”list” align=”none” withids=”” displayby=”recent_posts” orderby=”rand”]

Iyi ni ingingo kandi yateye impaka nk’iz’ikibyara ikindi hagati y’igi n’inkoko nk’uko Bigeye dukesha iyi nkuru ibitangaza.

Mu Rwanda bihagaze bite?

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *