Perezida wa repubulika y’u Rwanda Paul Kagame n’umufasha we Jeanette bamaze gushyika mu gihugu cy’u Bushinwa aho bamaze kwakirwa na Perezida wa kiriya gihugu Xi Jinping ndetse n’umufasha we Peng Liyuan.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]

Ni mu ruzinduko rw’iminsi 2 Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Kagame yagiriye muri kiriya gihugu n’umufasha we, rugamije kunoza umubano hagati y’ibihugu byombi.


[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Nsengimana@Bwiza.com


