Perezida Kagame n’umufasha we bakiriwe na Perezida w’ Bushinwa (Amafoto)

Sangiza iyi nkuru

Perezida wa repubulika y’u Rwanda Paul Kagame n’umufasha we Jeanette bamaze gushyika mu gihugu cy’u Bushinwa aho bamaze kwakirwa na Perezida wa kiriya gihugu Xi Jinping ndetse n’umufasha we Peng Liyuan.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
c7hz5ptu8aaplg3
Ni mu ruzinduko rw’iminsi 2 Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Kagame yagiriye muri kiriya gihugu n’umufasha we, rugamije kunoza umubano hagati y’ibihugu byombi.

c7habervaaaguyf
Abantu batagira ingano bari baje gutegereza Perezida wa Repubulika Paul Kagame ahantu hagenewe gukorerwa ibirori rusange muri kiriya gihugu.

c7haemuvoaasry_
Byari ibirori bidasanzwe byaranze kwakira Perezida Kagame

[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Nsengimana@Bwiza.com
 

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *