rd.jpg

Perezida Kagame yazamuye mu ntera abasirikare barenga 10,000 barimo ba ‘Major’ 460

Sangiza iyi nkuru

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda akaba n’Umugaba w’Ikirenga, Paul Kagame yazamuye mu ntera abasirikare barenga 10,000 barimo abari bafite ipeti rya ‘Major’.

Kuva ku rito kugeza ku rinini:

  • Abari bafite irya Private bazamuwe ku rya Corporal ni 12,690.
  • Abari ba Corporal bazamuwe ku rya Sergeant ni 2,836
  • Abari ba Sergeant bazamuwe ku rya Staff Sergeant ni 225.
  • Abari ku rya Staff Sergeant bazamuwe ku rya Sergeant Major ni 10.
  • Abari ku rya Sergeant Major bazamuwe ku rya Warrant Officer II ni 14.
  • Abari ku rya Warrant Officer II bazamuwe ku rya Warrant Officer I ni 4.
  • Abari ku rya Captain bazamuwe ku rya Major ni 472.
  • Abari ku rya Major bazamuwe ku rya Lieteunant Colonel ni 460.

Umukuru w’Igihugu kandi yagize Colonel Francois Regis Gatarayiha Umuyobozi Mukuru wungirije ushinzwe ubutasi n’umuyobozi w’ishami rishinzwe ikoranabuhanga muri RDF.

rd.jpg

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *