Umuhanzi R.Kelly arasaba ko yafungirwa aho adahura n’izindi mfungwa bitewe no gutinya ko izindi mfungwa zamugirira nabi.
Uyu mugabo kuri ubu araburana afunze bitewe n’ibyaha byo kuryamana n’abana b’abakobwa bakiri bato.
Umunyamategeko we, Nicole Blanker Becker atangaza ko umukiliya we yifuza uba wenyine mu gihe yaba ari muri gereza.
TMZ itangaza ko uyu muhanzi aramutse yemerewe kuba wenyine ntacyo byaba bivuze cyane ko atabasha kwandika,gusoma kuko aba ari wenyine.
[penci_related_posts dis_pview=”no” dis_pdate=”no” title=”Izindi nkuru wasoma” background=”” border=”” thumbright=”no” number=”4″ style=”list” align=”none” withids=”” displayby=”recent_posts” orderby=”rand”]
Kuri ubu R.Kelly yemerewe kuvugira kuri telefoni iminota 15 mu kwezi, nta interineti cyangwa Televiziyo yemerewe.

