Rayon Sports isenyutse mwafana njye cyangwa Gasogi?- Shaddy Boo

Sangiza iyi nkuru

Icyamamare ku mbuga nkoranyambaga, Mbabazi Shadia uzwi nka Shaddy Boo kuri ubu aribaza uwasigara afite abafana benshi mu Rwanda hagati ye na Gasogi mu gihe ikipe ya Rayon Sports yaba isenyutse.

Kuri Twitter (https://twitter.com/shaddyboo__92), Shaddy Boo yavuze ibi ku bw’amakur ko Rayon Sports bizwi ko ifite abafana benshi mu gihugu, yamaze kwirukanwa mu nzu yakoreragamo.

Yagize ati ” Ngo Rayon Sport yabuze amafranga yo kwishyura ? Bayirukanye Nubwo ntabyifuza ,buriya Rayon Sport isenyutse mwazajya mufana iyihe cga inde ? Gasogi cga Njyewe ?.”

Bamwe mu bamukurikira bavuga ko ibyo bitabaho, abandi bakamubaza niba bamufana kandi we atari ikipe yewe ntabe n’umukinnyi wa ruhago.

Soma Izindi Nkuru

6 Responses

  1. Rayon Sports isenyutse mwafana njye cyangwa Gasogi?- Shaddy Boo
    ariko wamumamawe urikina, ubwo urumva wigereranya na nagikundiro koko?nizereko warimo utebya.

  2. Rayon Sports isenyutse mwafana njye cyangwa Gasogi?- Shaddy Boo
    ariko wamumamawe urikina, ubwo urumva wigereranya na nagikundiro koko?nizereko warimo utebya.

  3. Rayon Sports isenyutse mwafana njye cyangwa Gasogi?- Shaddy Boo
    Ariko uriyemera shahu harya ngo uri slay queen?
    Bagufanamo ko.utanafungura imishumi yinkweto zumukinnyi.wagasogi!!
    Abafana ufite nabagura ku kilo wa beach we

  4. Rayon Sports isenyutse mwafana njye cyangwa Gasogi?- Shaddy Boo
    Ariko uriyemera shahu harya ngo uri slay queen?
    Bagufanamo ko.utanafungura imishumi yinkweto zumukinnyi.wagasogi!!
    Abafana ufite nabagura ku kilo wa beach we

  5. Rayon Sports isenyutse mwafana njye cyangwa Gasogi?- Shaddy Boo
    Harya uri rutahizamu umukinnyi kugitike agira abamufana ariko niyigereranya nikipe nkagasogi ako nagasuzuguro usuzuguye nibuze iyuvuga hagati yawe nanyirayo Kakoza aho yenda ababafana haricyo babivugaho.

  6. Rayon Sports isenyutse mwafana njye cyangwa Gasogi?- Shaddy Boo
    Harya uri rutahizamu umukinnyi kugitike agira abamufana ariko niyigereranya nikipe nkagasogi ako nagasuzuguro usuzuguye nibuze iyuvuga hagati yawe nanyirayo Kakoza aho yenda ababafana haricyo babivugaho.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *