RDC:Habonetse imirambo 5 y’abantu bicishijwe intwaro

Sangiza iyi nkuru

Mu gace Bwito mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru ho muri Repubulika Iharanira Demoakarasi ya Congo, habonetse imirambo y’abantu 2 bishwe n’abitwaje intwaro gakondo kuri uyu wa Kabiri tariki 21 Werurwe 2017.
Kuri uyu munsi kandi habonetse indi mirambo 3 umwe ukaba warasanzwe ahitwa Kibirizi,undi i Kashalira naho uwa Gatatu uboneka Malyanga muri Bwito.
Radio Okapi dukesha iyi nkuru ivuga ko aba bantu batatu hashize iminsi bishwe n’abantu bitwaje intwaro gakongo bivugwako ari inyeshyamba.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Amakuru akomeza avuga ko aba bantu 3 biciwe mu mirima yabo nk’uko byemejwe n’umuyobozi wungirije wa Bwito.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Gabriel Habineza/Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *