Mu minsi yashize, Bwiza.com yari yagerageje kwegeranya amaforo y’ikiraro cya mbere ku isi kirekire haba mu burebure bya co uva ku ruhembe rumwe ujya ku rundi ndetse n’uburebure uturutse ku kiraro kugera hasi ku butaka aho iki kiraro cyari cyabonetse mu gihugu cy’u Bushinwa na metero zisaga 300.

Kuri ubu rero hongeye kugaragara amafoto y’ikindi kiraro kirekire ariko cyo cyubakanywe ubuhanga budasanzwe hejuru y’amazi y’inyanja.

mu gihe bimenyerewe ko ibiraro byubakwa hagamijwe guhuza inkombe yo hakuno n’iyo hakurya cyangwa guhuza agasozi kamwe n’akandi, iki kiraro cyo mu nyanja cyo gishobora guhuza umugabane n’undi cyangwa ubutaka bw’ibihugu runaka bitandukanye.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]





Iki kiraro cyubatswe n’ubushinwa gitwara akayabo ka miliyari gigera kuri 12 z’Amadolari.

Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Gentille@Bwiza.com


