Rihanna kuva kungoyi ya Sekebi ntibyamukundiye asigaye yifotoza yisanisha n’ikigirwamana-AMAFOTO

Sangiza iyi nkuru

Rihanna umuhanzikanzi w’imyaka 27 akomeje kuvugwaho byinshi mu kujarajara haba mu rukundo no mu myemerere kuri ubu amafoto ye ameze nk’ay’ikigirwamana cya Baphomet akomeje kuvugisha benshi.
11831494_1622311018046901_2113651233_o
Kuwa mbere ushize nibwo uyu muhanzi kazi yari yasuye iwabo ku ivuko i Barbados ,aho yari yitabiriye iserukiramuco.
11853891_1622311034713566_2056434828_n
Muri uru ruzinduko Rihanna yari yambaye imyenda idasanzwe ariko abakurikirana ibikorwa bya Muzika bemeza ko iyi myenda yayambaye agamije kwifotoza amafoto afite ishusho y’ikigirwamana.
11850977_1622311261380210_1077429670_n
Baphomet ni ikigirwamana gisengwa n’abagize umuryango urwanya Imana “illuminati” bivugwa ko n’uyu muhanzikazi yaba abarizwamo kubera ibikorwa bye bitandukanye bihuje n’amahame n’imyemerere yawo.
11832035_1622311024713567_1302938249_o
Nyuma y’uko agaragaye ku musigiti mu myambaro myiza cyane y’abayoboke b’idini ya Islam ndetse n’amagambo yo kwisubiraho benshi bari bamwitezeho impinduka.
11824139_1622311021380234_1554368989_n
gusa nyuma yo gutana n’umukunzi we Karim Benzema binavugwa ko ariwe wari wamuteye kugharukira imana Rihanna yisubiriye mu ngeso mbi ze zihabanye n’imigenzo y’abayoboke b’Imana.
11847801_1622311144713555_294992860_o
Aya mafoto ya Rihanna yashyizwe ahagaragara kuwa mbere, ariko nyuma y’isesengura ry’inzobere bikagaragara ko ari mu ishuhso y’ikigirwamana akomeza kugenda akwirakwira hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga.
Benshi bari baribajije uko Rihanna azabangikanya Imana na Sekibi ariko nyuma yo gutandukana na Benzema yakomeje kuramya umwami we Sekibi.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Shimirwa Palemon@Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *