Abakobwa batari bake bakunze kugaragaza ubwiza bw’amabere yabo binyuze ku gifuniko cy’ikinyamakuru gikorera mu Bufaransa .

Abamaze kugaragaza ubwiza bw’amabere yabo bigashimisha abatari bake ni Marie Gillain, Virginie Ledoyen, Léa Seydoux cyangwa Laetitita Casta, noneho ukaba ubaye umwanya wa “Rita Ora” wo kugaragaza ubwiza n’uburanga bw’amabere ye ku kinyamakuru kizasohoka muri Gashyantare uyu mwaka.

Rita Ora ni umukobwa w’imyaka 25 y’amavuko akaba akomoka mu gihugu cy’ubwongereza, ni umuririmbyi ukunda kugaragara buri gihe amwenyura ari kuri podium cyangwa stage kandi atikwije.

Uyu mwana w’umukobwa akaba yaravumbuwe bwa mbere na Jay-Z mu 2009, yagaragaye muri filme yiswe “Cinquante nuances de Grey”, muri Kanama umwaka ushize nabwo yaririmbanye na Brown.
Andi


Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Leki@bwiza.com


