Umusore bivugwa ko asanzwe akorera ubujura mu mujyi wa Kamembe mu karere ka Rusizi, yahuye n’uruva gusenya ubwo yibaga ikofi yarimo amafaranga y’umugabo ukomoka mu karere ka Kirehe bikarangira ayimugaruriye atiriwe ajya kumushakisha.
Byabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 22 Mutarama.
Bigitangira uriya mugabo witwa Dr Kigoma usanzwe ari umuvuzi gakondo, yagiye kugura ikintu muri imwe muri za Alimantasiyo zo mu mujyi wa Kamembe ashatse amafaranga yari afite ngo yishyure asanga bayamwibye.
Uyu mugabo yabwiye ikinyamakuru UMUSEKE ko ako kanya yahise akora ku miti ye mu rwego rwo guhamagara uwari wamwibye, mu kanya nk’ako guhumbya umujura ahita aza yiruka ataka ashakisha uwo yibye ngo amusubize ibye.
Yagize ati: “Nagiye muri alimentation kugura imbuto, nshatse amafaranaga ndayabura nsanga ikofi bayibye. Harimo Frw 12,000 n’andi mafaranya ya Congo 10,000 kubera ko Abanya-Gisaka batibwa, mpita nkora ku miti nkoresha abantu bambwira ko igisambo kiri gutaka ndahagera umujura ampa ibyanjye.”
Amashusho yagiye hanze yerekana uriya mujura yigaragura hasi, anatabaza bigaragara ko ari mu bubabare. Imbaga y’abari bamushungereye bamubazaga icyo abaye yabasubizaga ko yibye umuntu ikofi none akaba yamubuze ngo ayimusubize.
Uyu mugabo yakomeje avuga ko atihanganira inkozi z’ibibi cyane cyane abajura.
Ati: “Ntabwo nica ndakiza. Iyo bakujyanye ibyawe ndabigaruza. Mperutse kuva muri Afurika y’Epfo hari umukobwa wari ufite imyaka isaga 50 nta mugabo afite, naramuvuye ampa telefoni nka cadeau yanampaye imodoka ya V8 ndayigira.”
Uyu mugabo yavuze ko akorera Rusumo, Kirehe, Kibungo na kayonza.
Ababonye uwo mujura bavuze ko akimara gutanga ikofi y’abandi yagiye yiruka Ashima Imana ko ahavuye amahoro.



50 Responses
Rusizi: Umujura yahuye n’uruva gusenya nyuma yo kwiba ikofi y’umunya-Gisaka
Mumutubarize numero ye natwe abajura baratuzengereje
Rusizi: Umujura yahuye n’uruva gusenya nyuma yo kwiba ikofi y’umunya-Gisaka
Mumutubarize numero ye natwe abajura baratuzengereje
Rusizi: Umujura yahuye n’uruva gusenya nyuma yo kwiba ikofi y’umunya-Gisaka
Niba atari ibyo bari bagambanye kugira ngo abeshye abandi, naduhe numero tumushake
Rusizi: Umujura yahuye n’uruva gusenya nyuma yo kwiba ikofi y’umunya-Gisaka
Nagakino baba bakoze aho akorera se ntabajura bakibayo?
Rusizi: Umujura yahuye n’uruva gusenya nyuma yo kwiba ikofi y’umunya-Gisaka
Nagakino baba bakoze aho akorera se ntabajura bakibayo?
Rusizi: Umujura yahuye n’uruva gusenya nyuma yo kwiba ikofi y’umunya-Gisaka
Niba atari ibyo bari bagambanye kugira ngo abeshye abandi, naduhe numero tumushake
Rusizi: Umujura yahuye n’uruva gusenya nyuma yo kwiba ikofi y’umunya-Gisaka
Iyo nimikino baba bateguye sha mujye mureka.uwomujura baraziranye,
Rusizi: Umujura yahuye n’uruva gusenya nyuma yo kwiba ikofi y’umunya-Gisaka
Iyo nimikino baba bateguye sha mujye mureka.uwomujura baraziranye,
Rusizi: Umujura yahuye n’uruva gusenya nyuma yo kwiba ikofi y’umunya-Gisaka
Niba bishoboka naduhe nimeroye cyangwa aduhamagare 0780140055
Rusizi: Umujura yahuye n’uruva gusenya nyuma yo kwiba ikofi y’umunya-Gisaka
Niba bishoboka naduhe nimeroye cyangwa aduhamagare 0780140055
Rusizi: Umujura yahuye n’uruva gusenya nyuma yo kwiba ikofi y’umunya-Gisaka
Iyo ni imitwe bapanze we nuwo mujura kugira ngo bajye batuburira abandi bantu.
Rusizi: Umujura yahuye n’uruva gusenya nyuma yo kwiba ikofi y’umunya-Gisaka
Iyo ni imitwe bapanze we nuwo mujura kugira ngo bajye batuburira abandi bantu.
Rusizi: Umujura yahuye n’uruva gusenya nyuma yo kwiba ikofi y’umunya-Gisaka
Abantu nkabo nibodukeneye bac’agasuzuguro
Rusizi: Umujura yahuye n’uruva gusenya nyuma yo kwiba ikofi y’umunya-Gisaka
Abantu nkabo nibodukeneye bac’agasuzuguro
Rusizi: Umujura yahuye n’uruva gusenya nyuma yo kwiba ikofi y’umunya-Gisaka
Mwaduha number zanyu rwose
Rusizi: Umujura yahuye n’uruva gusenya nyuma yo kwiba ikofi y’umunya-Gisaka
Mwaduha number zanyu rwose
Rusizi: Umujura yahuye n’uruva gusenya nyuma yo kwiba ikofi y’umunya-Gisaka
nago bishoboka uwomujura bari baziranye gusa mwazamuduhera number zacu 0786036264
Rusizi: Umujura yahuye n’uruva gusenya nyuma yo kwiba ikofi y’umunya-Gisaka
nago bishoboka uwomujura bari baziranye gusa mwazamuduhera number zacu 0786036264
Rusizi: Umujura yahuye n’uruva gusenya nyuma yo kwiba ikofi y’umunya-Gisaka
Aduhe nimero ze,niba akoresha WhatsApp byaba ari akarusho.
Rusizi: Umujura yahuye n’uruva gusenya nyuma yo kwiba ikofi y’umunya-Gisaka
Aduhe nimero ze,niba akoresha WhatsApp byaba ari akarusho.
Rusizi: Umujura yahuye n’uruva gusenya nyuma yo kwiba ikofi y’umunya-Gisaka
Abo ni abatubuzi police yagakwiye kubafata bakajya imbere y’ubutabera
Rusizi: Umujura yahuye n’uruva gusenya nyuma yo kwiba ikofi y’umunya-Gisaka
Niba arabatubuzi muzabigerageze murebe ubihakana
Rusizi: Umujura yahuye n’uruva gusenya nyuma yo kwiba ikofi y’umunya-Gisaka
Niba arabatubuzi muzabigerageze murebe ubihakana
Rusizi: Umujura yahuye n’uruva gusenya nyuma yo kwiba ikofi y’umunya-Gisaka
Abo ni abatubuzi police yagakwiye kubafata bakajya imbere y’ubutabera
Rusizi: Umujura yahuye n’uruva gusenya nyuma yo kwiba ikofi y’umunya-Gisaka
ibyo bintu konumva arumuti ubundi abarya ibyo bataruhiye ningombwa kobabiryozwa uwomugabo mubonye namugurira nakanu tu kuko n ,ikarite
Rusizi: Umujura yahuye n’uruva gusenya nyuma yo kwiba ikofi y’umunya-Gisaka
ibyo bintu konumva arumuti ubundi abarya ibyo bataruhiye ningombwa kobabiryozwa uwomugabo mubonye namugurira nakanu tu kuko n ,ikarite
Rusizi: Umujura yahuye n’uruva gusenya nyuma yo kwiba ikofi y’umunya-Gisaka
Mwaduhaye no noneho abajura nukuri gyewe baratumye aho bigyeze nagye nabikora nubu last week banyibye 600$ nukuri number please
Rusizi: Umujura yahuye n’uruva gusenya nyuma yo kwiba ikofi y’umunya-Gisaka
Mwaduhaye no noneho abajura nukuri gyewe baratumye aho bigyeze nagye nabikora nubu last week banyibye 600$ nukuri number please
Rusizi: Umujura yahuye n’uruva gusenya nyuma yo kwiba ikofi y’umunya-Gisaka
Mwaduhaye no noneho abajura nukuri gyewe baratumye aho bigyeze nagye nabikora nubu last week banyibye 600$ nukuri number please
Rusizi: Umujura yahuye n’uruva gusenya nyuma yo kwiba ikofi y’umunya-Gisaka
Mwaduhaye no noneho abajura nukuri gyewe baratumye aho bigyeze nagye nabikora nubu last week banyibye 600$ nukuri number please
Rusizi: Umujura yahuye n’uruva gusenya nyuma yo kwiba ikofi y’umunya-Gisaka
naduhe namb nib ataragakino …..
Rusizi: Umujura yahuye n’uruva gusenya nyuma yo kwiba ikofi y’umunya-Gisaka
naduhe namb nib ataragakino …..
Rusizi: Umujura yahuye n’uruva gusenya nyuma yo kwiba ikofi y’umunya-Gisaka
naduhe namb
Rusizi: Umujura yahuye n’uruva gusenya nyuma yo kwiba ikofi y’umunya-Gisaka
naduhe namb
Rusizi: Umujura yahuye n’uruva gusenya nyuma yo kwiba ikofi y’umunya-Gisaka
Rwose uwomujura bimubere isomo naband babonereho
Rusizi: Umujura yahuye n’uruva gusenya nyuma yo kwiba ikofi y’umunya-Gisaka
Rwose uwomujura bimubere isomo naband babonereho
Rusizi: Umujura yahuye n’uruva gusenya nyuma yo kwiba ikofi y’umunya-Gisaka
Rwose uwomujura bimubere isomo naband babonereho
Rusizi: Umujura yahuye n’uruva gusenya nyuma yo kwiba ikofi y’umunya-Gisaka
Rwose uwomujura bimubere isomo naband babonereho
Rusizi: Umujura yahuye n’uruva gusenya nyuma yo kwiba ikofi y’umunya-Gisaka
Rwose uwomujura bimubere isomo naband babonereho
Rusizi: Umujura yahuye n’uruva gusenya nyuma yo kwiba ikofi y’umunya-Gisaka
Rwose uwomujura bimubere isomo naband babonereho
Rusizi: Umujura yahuye n’uruva gusenya nyuma yo kwiba ikofi y’umunya-Gisaka
Uwo mujura nuwo muvuzi wasanga ari agakino bateguyekugirango abeshe abantu babone amafranga ubwo nibyo buryo bakoramo marketing. murakoze.
Rusizi: Umujura yahuye n’uruva gusenya nyuma yo kwiba ikofi y’umunya-Gisaka
Uwo mujura nuwo muvuzi wasanga ari agakino bateguyekugirango abeshe abantu babone amafranga ubwo nibyo buryo bakoramo marketing. murakoze.
Rusizi: Umujura yahuye n’uruva gusenya nyuma yo kwiba ikofi y’umunya-Gisaka
Ubundibwo Rib yagafashe icyo gisambo nicyo cyasobanura neza abantu bakamenya niba ataragakino nahubundi abatubuzi baza munzira nyinshi ibibyo nanjye ndumva aragakino kbs kd niba atarinako uyu we tumukeneye turibenshi 2
Rusizi: Umujura yahuye n’uruva gusenya nyuma yo kwiba ikofi y’umunya-Gisaka
Ubundibwo Rib yagafashe icyo gisambo nicyo cyasobanura neza abantu bakamenya niba ataragakino nahubundi abatubuzi baza munzira nyinshi ibibyo nanjye ndumva aragakino kbs kd niba atarinako uyu we tumukeneye turibenshi 2
Rusizi: Umujura yahuye n’uruva gusenya nyuma yo kwiba ikofi y’umunya-Gisaka
Ntamakuru mufite Sha!
Rusizi: Umujura yahuye n’uruva gusenya nyuma yo kwiba ikofi y’umunya-Gisaka
Ntamakuru mufite Sha!
Rusizi: Umujura yahuye n’uruva gusenya nyuma yo kwiba ikofi y’umunya-Gisaka
None se niba ari mukuri yakwigaragaje nahano Kigali ko nanjye baherutse kunyambura pfone yanjye nziza ya LG akaduha nmbr ze cg aduhamagare 0788673335
Rusizi: Umujura yahuye n’uruva gusenya nyuma yo kwiba ikofi y’umunya-Gisaka
None se niba ari mukuri yakwigaragaje nahano Kigali ko nanjye baherutse kunyambura pfone yanjye nziza ya LG akaduha nmbr ze cg aduhamagare 0788673335
Rusizi: Umujura yahuye n’uruva gusenya nyuma yo kwiba ikofi y’umunya-Gisaka
Ibyo ninkoguiina kazungu abo baba baziranye2
Rusizi: Umujura yahuye n’uruva gusenya nyuma yo kwiba ikofi y’umunya-Gisaka
Ibyo ninkoguiina kazungu abo baba baziranye2