Tabora: Umusore w’imyaka 19 yasambanyije nyina

Sangiza iyi nkuru

Umusore wo mu cyaro cya Goweko, Akarere ka Uyui mu Ntara ya Tabora muri Tanzania, Masoud Habibu Mrisho yagejejwe mu nkiko akurikiranweho gusambanya nyina mu masaa tatu z’ijoro yari yasuye mu Mujyi wa Tabora.

Masoud Mrisho w’imyaka 19 akurikiranweho ko kuwa 16 Ukuboza 2020 yafashe nyina ku ngufu mu gace ka Kirimbika, Isevya muri Tabora.

Umunyamategeko we, Tumain Pius, yatangarije Millardayo dukesha amakuru ko ingingo ya 138 yo gufata ku ngufu. Umucamanza, John Mdoe avuga ko ukekwaho icyaha, ahakana.

Urubanza ruzakomeza kuwa 27 Mutarama 2021.

Soma Izindi Nkuru

4 Responses

  1. Tabora: Umusore w’imyaka 19 yasambanyije nyina
    Ubusambanyi,nubwo bukorwa na millions and millions z’abantu mu rwego rwo kwishimisha,butera ibibazo byinshi bikomeye harimo:Gufungwa,inda,Sida,kwiyahura,gusenya ingo ku bashakanye,etc…Si ibyo gusa,kubera ko ubusambanyi buzabuza ababukora kubona ubuzima bw’iteka muli paradizo.Ibibazo byinshi isi ifite biterwa nuko abantu batuye isi basuzugura amategeko y’Imana.Niyo mpamvu nayo yashyizeho umunsi w’imperuka,kugirango izabakure mu isi,isigaze abayumvira gusa.

  2. Tabora: Umusore w’imyaka 19 yasambanyije nyina
    Ubusambanyi,nubwo bukorwa na millions and millions z’abantu mu rwego rwo kwishimisha,butera ibibazo byinshi bikomeye harimo:Gufungwa,inda,Sida,kwiyahura,gusenya ingo ku bashakanye,etc…Si ibyo gusa,kubera ko ubusambanyi buzabuza ababukora kubona ubuzima bw’iteka muli paradizo.Ibibazo byinshi isi ifite biterwa nuko abantu batuye isi basuzugura amategeko y’Imana.Niyo mpamvu nayo yashyizeho umunsi w’imperuka,kugirango izabakure mu isi,isigaze abayumvira gusa.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *