e3tsqphweaapsdl.jpg

Ubucuruzi bugomba gufunga saa mbiri, amasaha ya Gera mu rugo aragabanyuka-Ibyemezo by’inama y’abaminisitiri

Sangiza iyi nkuru

Nk’uko itangazo ry’iryemezo by’inama y’abaminisitiri yo kuri uyu wa 12 Kamena 2021, yari iyobowe na Perezida Kagame Paul, abacuruzi bategetswe gufunga bitarenze saa mbili mu gihe kugera mu rugo ari saa tatu z’ijoro.

Inama iheruka yari yategetse ko kugera mu rugo ari saa yine z’ijoro gusa ubu byahindutse.

Abanyarwanda basaba gukomeza gukurikiza amabwiriza yose yo kwirinda Coronavirus.

e3tsqphweaapsdl.jpg

e3tsqphxeaykfqv.jpg

e3tsqpixeaoioed.jpg

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *