Umusore uri mu kigero cy’imyaka 30 y’amavuko ntifuje ko yamenyekana mu itangazamakuru, yatangarije ko afite ikibazo gikomeye cyo kuba imbata yo gupfubura abagore bakuru none gufata icyemezo nk’abandi basore, yumva biri kure nk’izuba.
Atangira gutanga ubu buhamya yagaragaje ikiniga gikomeye mu kuvuga ubuhamya bwe na cyane ko yacishamo agaceceka umwanya utari muto.
Uko byatangiye
Avuga ko iwabo bari batuye ku Kimisagara, icyo gihe hari mu mwaka w’1995 ubwo yigaga mu mashuri abanza mu mwaka wa gatatu, afite imyaka icumi y’amavuko, ari nabwo yatangiraga gukoreshwa imibonano mpuzabitsina.
N’isura isa n’iyijimye ati, nabanaga na mama n’abavandimwe banjye arinjye mukuru mu bana bose ndetse nkaba n’umuhungu mukuru kandi umwe rukumbi mu muryango. Byumvikane neza ko nari meze nk’umugabo mu rugo kuko papa yari yaritabye Imana mu bihe bishize.
Twari dufite icyumba twitaga icy’abashyitsi cyari hafi y’uruganiriro (salon), ni naho nararaga kuko nari umuhungu umwe, mama akagira icyumba araramo na gashiki kanjye gato, bashiki banjye bandi nabo bankurikira nabo bakagira icyabo n’umukozi w’umukobwa nawe akaba afite icye; urebye ntacyo twari tubaye muri Kimisagara twari mu bantu babaga mu nzu yiyubashye.
Ubindi iyo umushyitsi yazaga mu rugo narimukaga nkajya kuryamana na bashiki banjye ku gitanda kimwe ariko tukarara tubyigana kuburyo byabajenaga (byababangamiraga), baza kubwira mama ko badashaka kongera kurarana nanjye kuko mbabyiga ntibasinzire neza.
Ndabyibuka mu bihe bikurikira haje umushyitsi w’inshuti ya famille (umuryango), mama ansaba kurarana n’umukozi kuko we arara wenyine, numva birambabaje kuko numvaga ari ukunsuzugura kundaranya n’umukozi.
Intandaro y’ubusambanyi ni umukozi wo mu rugo wamuraruye
Iryo joro nubu sindaryibagirwa hari ku wa kane gusa itariki sinyibuka, umukozi wari uri mu kigero kiri hagati y’imyaka 25-27 wari waranabyariye iwabo sibye ko umwana yari yaramusize iwabo mu cyaro, yatangiye kunkabakaba ambwira ngo agiye kunyumvisha ibintu byiza.
Narabyemeye kuko numva uko kunkorakora ku gapipi ari byiza ari nako ambwira gukora ku gitsina cye no ku mabere ye, mbese ubwo yari yanyambuye imyenda yose nawe yiyambuye iye yose. Byagezeho umukobwa araryoherwa cyane ariko nkumva ntangiye kugira ubwoba bwo gukomeza kumukorakora nk’uko yabinsabaga.
Byaje kugeraho ansaba gufata agatsina kanjya kari na gato rwose nkakamwinjizamo ariko muri hejuru ndabikora….birarangira tuza gusinzira ariko ndakubwiza ukuri ko nasinziriye nk’uwahwereye, nza kubyuka njya ku ishuri ariko nta kintu na kimwe numvaga mwarimu yavugaga kuko nitekerereza ibyo narayemo.
Mu ijoro rikurikira nasubiye kurara mu cyumba cy’abashyitsi nk’ibisanzwe kuko umumama wari wadusuye yari yatashye, ariko biza kugera nko mu ma saa tanu cyangwa saa sita z’ijoro nasinziriye, wa mukozi ahengera abantu bose basinziriye aza mu cyuma cyanjye ansaba kongera kuza mu cyumba cye, ndabyibuka yarambwiye ‘ngwino dukore bya bindi by’udupipi’, sha nagize ubwoba ndamuhakanira ariko birangira ngiye kuko yanyingize.
Muri iryo joro numvaga ari byiza cyane noneho ntangira kubikunda ku buryo mu majoro akurikira arinjye wijyanaga mu cyumba cye numva mukumbuye ‘yeah nari narangiritse mu mutwe cyane’.
Umukozi wacu yamaze imyaka ibiri mu rugo twibera muri ubwo buzima, nsigaye mukunda kurusha mama n’abavandimwe banjye bose ku buryo iyo yajyaga gusura iwaba nasaga n’urwaye. Ikindi kandi kwa kundi abandi mu biruhuku bajya gusura ba tantes (nyina wabo/nyirasenge) njye nari narabicitseho kubera uwo mukozi, ‘numvaga ntamusiga’.
Muri iyo mwaka ibiri umukobwa yamaze iwacu narimaze kuba inararibonye mu guhuza ibitsina kuko twabikoraga kenshi kandi igitangaje nta muntu wo mu rugo wigeze amenya ibyacu.
Ndabyibuka asezeye avuga ko atashye burundu atazongera gukora mu rugo, iryo joro twarongeye kurarana ariko ibyo nakoze ntawamenyaga ko ari umwana na cyane ko noneho nari maze gukuraho kuko nari maze kugira nk’imyaka 12 niba ntibeshye.
Ubundi mama yagiraga amahane ku buryo buteye ubwoba, bivuze ko nta mukozi wahamaraga kabiri. Uyu we yarambwiraga ngo impamvu yihanganira ibitutsi bya mama ni njyewe kuko ngo yatukwagwa amanywa, ijoro akirarira muri ‘filingi’.
Nyuma y’igihe kitari kinini cyane agiye nibwo naje kujya mu mashuri yisumbuye mu wa mbere niga kuri kimwe mu bigo byiza i Nyanza mu Majyepfo ‘sha ni nabwo bwa mbere nari ndenze Nyabarongo pe.
Nkigera ku ishuri narize bisazwe ariko kubera n’ubugimbi naringezemo n’ubuzima bwo gukora imibonano mpuzabitsina narimenyereye biranga. Kubera ikigare cy’abahungu bigaga muri superieur nko mu wa kane, jye niga mu wa mbere twatangiye kunywa itabi twihishe ‘ariko uw’abandi sinigeze nkora ku rumogi (n’amashyengo menshi).
Atangiye ayisumbuye noneho yatangiye gusambanya indaya zikuze
Uburara bwakomeje kwiyongera tugakarota (gucika) ikigo mu masaha ya temps libre (amasaha yo kuruhuka), nibwo twatangiye kujya ahantu hitwa ku Mugonzi haba indaya nyinshi cyane hari i Nyanza, gushaka indaya zo gusambanya.
Abandi bajama banjye bo bireberaga utwana duto duhiye wa mugani w’imvugo y’iki gihe ariko ubona nabyo bitabafasheho, jye nkumva wapi ntacyo twamarira nkarwana nshaka ba nyina, urabyumva burya indaya nazo zigiramo kwiyubaha zimwe zarankatiye pe gusa hari umwe naje gutereta anyemerera ko turyamana.
Sha iyo ndaya yari ikuze gusa nabonaga iruta wa mukozi wo mu rugo kandi yari ifite n’umwana w’umukobwa twari hari ku ngana. Twatangiye kuryamana nayo ku buryo noneho abashuti banjye nabakwepaga nkajya kureba mama Diane (ya ndaya) tukaryamana.
Bivuze ko amafaranga yose mama yanyohererezaga yo gukoresha nayabitsaga mama Diane kuko ntari nkimwishyura ahubwo twaryamagana atansabye amafaranga nka mbere gusa napfaga kumenya ko nanjye ngomba gutanga ayo kurya igihe mama yansuye.
Uyu mugore iyo yabaga adahari byanteraga ikibazo gikomeye kuko ntabyihanganiraga ahubwo nahitaga njya kugura amaturu cyangwa nkikopesha muri bagenzi be kuko bari baramaze kumenya ko mfite mama w’umukire umpa amafaranga menshi. ‘mbese kantine yanjye yari izo ndaya.’
Imyaka itatu namaze i Nyanza niberagaho muri ubwo buzima bw’ubusambanyi ku buryo na babasore bari bakuru kuri jye bari barumiwe ariko nagezeho byose nkabikora ntacyo mbabwiye.
Mama naramugoye ku buryo bukomeye kuko namusabaga amafaranga kenshi cyane ku buryo yari amaze kundambirwa nubwo yari yarabuze uko agira. ‘burya tujye twubaha ba mama batubyaye cyangwa abatureze’ kuko nubwo yari umunyamahane sinari nkimutinya kuko hari icyanyoshyaga.
Naje gutsindwa icyiciro cy’amashuri yisumbuye, biza kuba ngombwa ko nimukira mu mashuri yigenda hano mu mujyi wa Kigali. Aha ho noneho nkubwize ukuri nabaye rurangiza mu busambanyi kuko abakobwa bamwe na bamwe twiganaga ku kigo kimwe twagiye dusambana kenshi kuko uwo twabikora rimwe yabaga nk’ubaye umusazi akamporaho.
Yatangiye no kwadukira abagore bo muri karitsiye
Mu kiruhuko kimwe niga mu wa kane, nagiye mu rugo rw’umwe mu bamama nabo bakuze wari ufite umugabo w’umusirikare ndetse ufite na bamwe mu bana twanganaga abandi banduta. Ntumbaze uko byagenze gusa kuri uwo munsi twatangiye kujya turyamana aranyurwa. Ariko imbarutso yabaye filime twariho turebana muri salon iwe bitangira gutyo…
Uyu mumama yaje kumpa telefoni igendanwa akajya ampamagara igihe ari mu rugo wenyine,nkagenda tukaryamana. Yaramfuhiragaga cyane ku buryo noneho byatumye nanjye nzinukwa kuryamana n’abakobwa bari mu rugero rwanjye kuko urumva uwo yanarutaga tante wanjye muto kuru mama nawe wari ukuze sana.
Nakomeje kuryamana n’abamama bakuze cyane mu mujyi wa Kigali wenda byose sinabivuga gusa hari n’umwarimu watwigishaga mu wagatandatu twaryamanye nabyo biturutse ku munsi mukuru twakoze dusezeranaho ku ishuri. ‘yeah nanjye nari maze kugira akarimi kareshya cyane abagore bakuze.’
Uyu musore arangije amashuri yisumbuye ngo ntiyagize amahirwe yo guhita akomeza kwiga kaminuza kuko yari yagize amanota make ndetse na nyina yari amaze kugira inshingano nyinshi zo kurihira bashiki be ngo barangize amashuri yisumbuye.
Akirangiza amashuri yisumbuye yahise atangira ubupfubuzi bumwishyura
Muri iki gihe cy’umwaka w’ubushomeri ngo niho yatangiye gukora umwuga w’ubupfubuzi noneho yishyurwa ku mafaranga menshi.
Yakomeje asobamura ati, Birumvikana bamwe muri karitsiye bari bamaze kumenya ko nryamana na bamwe mu bagore bakuze ariko benshi babivugaga babibwiwe n’abandi ku buryo nta wari ufite gihamya.
Nkubwize ukuri ko inkuru zigenda hari abagabo twahuriraga mu kabari hari mu mujyi bakabimbaza nkibaza ukuntu bamenye bikanyobera bamwe nibwo batangiye kundangira ibiraka byo gupfubura abagore ba bamwe mu bagabo bo muri uyu mujyi. ‘gusa barampembaga pe, ntabwo twaryamanaga tutaragira ibyo twemeranywa’.
Yakoreye amafaranga hafi miliyoni ku kwezi ariko ngo ni umuvumo
Hari ibikunze kuvugwa ko abagore bapfuburwa batanga amafaranga atubutse cyangwa bagatanga inzu cyangwa imodoka, Muhizi aha avuga ko nta modoka arahabwa cyangwa inzu gusa ngo ku kwezi ntiyaburaga nibura amafaranga akabakaba hafi miliyoni.
Ati: “yeah! Narimaze kugira abagore bahoraho umwe yari umudamu ufite amafaranga muri uyu mujyi (Kigali) yampamagaraga igihe ashakiye ariko akamenyera ibihumbi 300 buri kwezi, twanajyanye Kampala inshuro ebyiri”
Tumubajije niba ibyo avuga ari ukuri yagize ati: “yeah nta mpamvu mfite yo kuryoshya inkuru cyangwa ngo nkubeshye, aya mafaranga yose narahabwaga ahubwo hari n’ubwo yampaga n’andi nyuma ya buri uko tumaze kuryamana, byaterwaga n’uburyo namugejeje ku byishimo”.
Intandaro y’ubusambanyi bwe ni umukozi wo mu rugo atazibagirwa
Usibye uyu mugore ngo yabaga afite n’abandi ku ruhande ariko yaryamanaga nabo uyu yita umushoramari atabizi. Ati: “hari n’undi mushoramari uciriritse nawe byumvikane ko akuze ari mu myaka 50 irenga menya, nawe twararyamaganaga akantera nk’ijana kandi twahuraga kenshi, hari undi wa gatatu nawe yampaga nk’uko”.
Akomeza avuga ko aba bose yasaga n’uwabahaye iminsi ihoraho mu cyumweru ariko nta numwe umenye ko atendekwa. Uwo atabashaga guha umunsi we, ni uwa mbere yita ‘umushoramari mukuru’ kuko ngo we yamuhamagaraga igihe ashakiye ntamusuzugure. Ati: “uriya we byari nka contract idasazwe”.
Akomeza agira ati: “mu by’ukuri amafaranga nabonaga buri kwezi ni nk’ibihumbi 800 cyangwa 900 ariko ni umuvumo mu yindi”.
Yamaze kureka ubupfubuzi ngo ashake umugore kuko nyina arwaye cancer
Nubwo nasambanye, ngapfubura ngakora ibidakorwa sinigeze mba umusinzi, nywa bisanzwe n’abajama, mbese sinkunda inzoga n’itabi nanyweye byari ibya cyana. Mba numva nshaka kuba umusore ufite vision (icyerekezo) kuko ndashaka gusubiza agaciro nambuye mama naruhije kuva ndi uruhinja kugeza magingo aya.
Umukecuru yaje kumenya ibyanjye byose kandi abimenya ari mu bihe bibi by’uburwayi bwa cancer, yanyimye imbabazi ambwira ko azazimpa ari uko nisubiyeho nkakira agakiza agapfa naramweretse umukazana ‘ntazaca inyuma’.
N’amarira abunga mu maso at i: “byose ndabikorera mama kuko yambereye imfura pe! Ariko byaranze, ninkubwira ko byanze wumve ko byanze nyine! Umukobwa muto wese nshatse ko dukundana mpita numva atari ‘genre’ zanjye nkumva nshaka umudamu ukuze! Nkubwize ukuri abakobwa barankunda nubwo bamwe baba bazi ibyanjye abandi batabizi ntibabura kunyirukaho”.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Leki@bwiza.com



2 Responses
Ubuhamya: Umusore yatangiye gupfubura (gusambana) afite imyaka 10
Umugore ushaka ko namuryohereza nyandikira on my WhatsApp 0789739879
Ubuhamya: Umusore yatangiye gupfubura (gusambana) afite imyaka 10
Umugore ushaka ko namuryohereza nyandikira on my WhatsApp 0789739879