Kutageza umugore ku byishimo bya nyuma(kumupfuba) ahanini biterwa n’impamvu nyinshi, intege nke z’umugabo, ubumenyi buke bwo gutera akabariro, uburwayi se bwo kurangiza vuba,…gusa mugabo ugomba kumenya ko utagomba kuza winziza igitsina cyane mu cye ngo urangize wigendere, nawe aba akeneye kuryoherwa.

Uburyo 6 bwagufasha, mugabo:
1. Jya ubanza umutegure bihagije, umutegure umwanya kandi wirinde gutangira igikorwa atarajya mu mwuka wabyo.
2. Jya wirinda kurangiza umugore wawe atararangiza, kandi wirinde gutinda kurangiza we yarangije kare. Kurangiza vuba no gutinda kurangiza byose ni bibi, ibyiza ni ukurangiza hashize akanya gato umugore arangije, bikaba akarusho iyo murangirije rimwe.
3. Jya ukunda guhinduranya uburyo muteramo akabariro, n’aho mubikorera ugerageze ibishya.
Niba ubusanzwe ukorana ingufu nyinshi, jya unyuzamo rimwe na rimwe ukoreshe ingufu nke, niba ujya ukoresha ingufu nke, jya unyuzamo ukoreshe ingufu nyinshi cyane zidasanzwe.
4. Jya wibuka kuganiriza umugore wawe igihe mutera akabariro, rimwe umuganirize umwongorera ubundi umusakurize cyangwa se umusakurishe.
5. Rimwe na rimwe nyuma y’igihe runaka, jya wibuka gukora kakandi kihuse gatunguranye ugakore utabanje kumutegura ugakorere ahantu nko murwiyuhagiriro kandi kamare umwanya muto.
6. Nka rimwe mu mezi atatu jya ufata umunsi umwe wirirwane n’umugore wawe mu buriri, ugerageze gutera akabariro inshuro nyinshi zishoboka utigeze ugateraho mu munsi umwe.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Gentille Kamikazi/Bwiza.com


