Uganda: Byari ibicika mu birori byo kwizihiza isabukuru ya Zari – Amafoto

Sangiza iyi nkuru

Umunya-Ugandakazi ukunzwe kumbuga nkoranyambaga wahoze arumugore w’icyamamare Diamond Plantnumz Zari Hassan, Tariki 23 Nzeri 2018 nibwo yizihizaga isabukuru y’imyaka 38 amaze abonye izuba ibirori byabereye mu Bwongereza gusa ibi birori byateguraga  ibyo yakoreye  mu mujyi wa Kampala ho muri Uganda tariki 30 Ukwakira 2018.

Ni nyuma yaho uwahoze ari umugabo we Diamnond Platnumz amwoherereje ubutumwa bumwifuriza isabukuru nziza, uyu mugore w’ikimero yari aherereye mu mujyi wa Londre ho mu Bwongereza ubwo yari kumwe n’inshuti ze zahafi bishimiye umunsi mukru we wa mavuko gusa ibirori nyirizina byari biteganyijwe kubera mu Gihu cye cyamavuko cya Uganda.

Muri Hotel ikomeye muri Uganda izwi ku izina rya  Naguru Skyz Hotel, Zari yateguye umusangiro hamwe nabaherwe ndetse n’inshuti ze, n’ibirori bitagaragayemo Diamond Platnumz nkuko byari byitezwe n’abeshi ko ashobora kumutungura.

Screenshot 4 Screenshot 5 Screenshot 6 Screenshot 7 Screenshot 8 Screenshot 9 Screenshot 10 Screenshot 11 Screenshot 12 Screenshot 13 Screenshot 14

 

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *