Leta ya Uganda yemeje ko igiye gukaza umutekano ku mbibi zayo n’u Rwanda, mu rwego rwo kurwanya indwara z’inka, gukumira ubucuruzi butemewe n’amategeko n’ikwirakwira ry’icyorezo cya Covid-19.
Komiseri w’Akarere ka Kabale, Godfrey Nyakahuma yabwiye The Observer ko byagaragaye ko hari inka zikurwa mu Rwanda zikinjizwa muri Uganda; ibi ngo bikaba byongera ibyago by’uburwayi bw’aya matungo cyane ko zitaba zasuzumwe.
Henry Kisembo, umwe mu bayobozi ba Polisi muri Kigezi, yasobanuye ko Abanyarwanda bakorana n’abacuruzi b’inka bo muri Kabale n’abaganga b’amatungo, izi nka zikagurishwa, zikabagwa, zikoherezwa no mu tundi turere.
Ni mu gihe Reuben Mutabazi ushinzwe umutekano muri Kabale we avuga ko kwinjira mu buryo butemewe kw’Abanyarwanda kwatumye icyorezo cya Covid-19 mu duce twa Uganda twegereye imipaka cyiyongera.
Indi mpamvu igiye gutuma umutekano ku mbibi ukazwa ngo ni ubucuruzi butemewe bw’inzoga ya Kanyanga bukorwa hagati y’abanya-Uganda n’Abanyarwanda.
Icyo Uganda igiye gukora ni ukujya yohereza abasirikare n’abapolisi kuri izi mbibi buri munsi.



14 Responses
Uganda igiye gukaza umutekano ku mbibi zayo n’u Rwanda
Ariko twaragowe koko buriya basanga baturusha ubwirinzi koko kuburyo aritwe tubanduza covid 19
Uganda igiye gukaza umutekano ku mbibi zayo n’u Rwanda
Ariko twaragowe koko buriya basanga baturusha ubwirinzi koko kuburyo aritwe tubanduza covid 19
Uganda igiye gukaza umutekano ku mbibi zayo n’u Rwanda
Ariko twaragowe koko buriya basanga baturusha ubwirinzi koko kuburyo aritwe tubanduza covid 19
Uganda igiye gukaza umutekano ku mbibi zayo n’u Rwanda
Ariko twaragowe koko buriya basanga baturusha ubwirinzi koko kuburyo aritwe tubanduza covid 19
Uganda igiye gukaza umutekano ku mbibi zayo n’u Rwanda
Ariko twaragowe koko buriya basanga baturusha ubwirinzi koko kuburyo aritwe tubanduza covid 19
Uganda igiye gukaza umutekano ku mbibi zayo n’u Rwanda
Ariko twaragowe koko buriya basanga baturusha ubwirinzi koko kuburyo aritwe tubanduza covid 19
Uganda igiye gukaza umutekano ku mbibi zayo n’u Rwanda
Pretty girl with baby face who has nomarl size
And with 19 to 21 year old
Who has white face
And with brownish hair
Uganda igiye gukaza umutekano ku mbibi zayo n’u Rwanda
Pretty girl with baby face who has nomarl size
And with 19 to 21 year old
Who has white face
And with brownish hair
Uganda igiye gukaza umutekano ku mbibi zayo n’u Rwanda
Ndabona arurwitwazo sikibazo links ahubwo Hari iki nyuma
Uganda igiye gukaza umutekano ku mbibi zayo n’u Rwanda
Ndabona arurwitwazo sikibazo links ahubwo Hari iki nyuma
Uganda igiye gukaza umutekano ku mbibi zayo n’u Rwanda
Ndabona arurwitwazo sikibazo links ahubwo Hari iki nyuma
Uganda igiye gukaza umutekano ku mbibi zayo n’u Rwanda
Ndabona arurwitwazo sikibazo links ahubwo Hari iki nyuma
Uganda igiye gukaza umutekano ku mbibi zayo n’u Rwanda
Ndabona arurwitwazo sikibazo links ahubwo Hari iki nyuma
Uganda igiye gukaza umutekano ku mbibi zayo n’u Rwanda
Ndabona arurwitwazo sikibazo links ahubwo Hari iki nyuma