Umunyamakuru wa Televiziyo ya NBS muri Uganda, Canary Mugume atangaza ko hari gahunda ya Uganda yo kubaka umuhanda uva muri icyo gihugu, ukagera i Bujumbura unyuze muri Tanzania mu rwego rwo kwirinda gukomeza guhura n’ingorane zo kunyura mu Rwanda. Mugume, umwe mu banyamakuru bubashywe muri iki gihugu kuri uyu wa 20 Gicurasi 2021, yazindutse yandika ku rukuta rwe rwa Twitter ko iyi gahunda ihari kuko mu cyumweru gitaha, Perezida w’u Burundi, Evaritse Ndayishimiye azaba ari muri Uganda ngo ashyire umukono kuri ayo masezerano. Mugume avuga ko ibi ari ugushaka igisubizo ku kuba kwifashisha umupaka w’ u Rwanda ku bacuruzi b’Abanya-Uganda bajya i Bujumbura bidakunda kuva mu 2019. Perezidansi y’ u Burundi ntiratangaza niba Ndayishimiye ateganya urugendo muri Uganda mu gihe yariyo kuwa 12 Gicurasi mu irahira rya Museveni. Mu ruzinduko rwe, yabwiye Museveni ngo ” Tugufata nk’umubyeyi w’igihugu cyacu.” Ntibizwi niba Tanzania yarahaye umugisha iyi gahunda gusa nanone igisabwe n’u Burundi bizwi ko akenshi Tanzania igitanga. Umusesenguzi n’umunyepolitiki, Dr Kayumba Christopher kuri Twitter yavuze ko uku kwimura ibyerekezo. Ati ” Ibi bihenze kandi bizagira ingaruka bigaragara ko bizazambya EAC.” Yibaza icyo ubuhuza bwa Angola na RDC bwamaze. Umuhanda uteye ute? Bivugwa ko uyu muhanda uzaca muri Tanzania ugahuza Uganda n’u Burundi ku gice cy’Amajyaruguru yabwo kandi ngo ukozwe mu rwego rwo guhima u Rwanda. Bivugwa ko uriya muhanda uzaca Kitagate mu gace ka Isingiro ugakomeza Myotera-Mutukula n’i Karagwe muri Tanzania. Uyu ngo uzakomereza mu gice cya Ngara kiri mu Majyaruguru ashyira uburengerazuba bwa Tanzania, aho uzava ugana mu mupaka wa Kobero uhuza Tanzania n’u Burundi. Ibipimo bitangwa na Google Map byerekana ko uriya muhanda uzaba ari muremure ugereranyije n’igihe byasabaga ngo umuntu ave Gatuna agere i Bujumbura aciye mu Rwanda. Kurikira ibiganiro n’amavidewo binyura kuri Bwiza TV



36 Responses
Uganda igiye kubaka umuhanda ujya mu Burundi unyuze Tanzania mu rwego rwo ‘kwirinda u Rwanda’
Kuki ibibazo vya EAC bitigera bikemuka mu buryo bWA diplomatie,kubaka umuhanda wa makona kugira uburundi na y’uganda bahahirane niwo Muti wikibazo?nibaza kwari abanegihugu bahahombera
Uganda igiye kubaka umuhanda ujya mu Burundi unyuze Tanzania mu rwego rwo ‘kwirinda u Rwanda’
Kuki ibibazo vya EAC bitigera bikemuka mu buryo bWA diplomatie,kubaka umuhanda wa makona kugira uburundi na y’uganda bahahirane niwo Muti wikibazo?nibaza kwari abanegihugu bahahombera
Uganda igiye kubaka umuhanda ujya mu Burundi unyuze Tanzania mu rwego rwo ‘kwirinda u Rwanda’
Kuki ibibazo vya EAC bitigera bikemuka mu buryo bWA diplomatie,kubaka umuhanda wa makona kugira uburundi na y’uganda bahahirane niwo Muti wikibazo?nibaza kwari abanegihugu bahahombera
Uganda igiye kubaka umuhanda ujya mu Burundi unyuze Tanzania mu rwego rwo ‘kwirinda u Rwanda’
Kuki ibibazo vya EAC bitigera bikemuka mu buryo bWA diplomatie,kubaka umuhanda wa makona kugira uburundi na y’uganda bahahirane niwo Muti wikibazo?nibaza kwari abanegihugu bahahombera
Uganda igiye kubaka umuhanda ujya mu Burundi unyuze Tanzania mu rwego rwo ‘kwirinda u Rwanda’
Ntakundi reka ibindi bihugu byishyire hamwe ubundi abaturage bitege umusoro ukakaye uturuka mugihugu imbere gusa birababaje peeee
Uganda igiye kubaka umuhanda ujya mu Burundi unyuze Tanzania mu rwego rwo ‘kwirinda u Rwanda’
Ntakundi reka ibindi bihugu byishyire hamwe ubundi abaturage bitege umusoro ukakaye uturuka mugihugu imbere gusa birababaje peeee
Uganda igiye kubaka umuhanda ujya mu Burundi unyuze Tanzania mu rwego rwo ‘kwirinda u Rwanda’
iki n’ikimenyetso gikomeye cy’ubutagetsi bubi,kuko Uganda-Rwanda ntibazareka guturana,niba har’ikibazo cyagombye gushakirwa umuti ntubure kuko abantu bazapfa ariko ibihugu bizagumana.bene uriya mujinya w’umurandura-nzuzi ukenya nyirawo.igihe M7 yahereye yihisha inyuma y’ubugizi bwa nabi ashuka abanyrda batareba kure none ashuka n’ibihugu ngo byange uRwanda nk’aho ariwe Mana.atabeshye azubaka imihanda muri DRC – TZ -n’uBurundi kubera gusa inzika afitiye uRwanda?ubwo se we arimo kungura igihugu cye cg aragihombya?azajya kuzuza imihanda mu bihugu 3 afit’imyaka ingahe?ubucucu gusa
Uganda igiye kubaka umuhanda ujya mu Burundi unyuze Tanzania mu rwego rwo ‘kwirinda u Rwanda’
Nones M7 niwe wafunze umupaka
Uganda igiye kubaka umuhanda ujya mu Burundi unyuze Tanzania mu rwego rwo ‘kwirinda u Rwanda’
Nones M7 niwe wafunze umupaka
Uganda igiye kubaka umuhanda ujya mu Burundi unyuze Tanzania mu rwego rwo ‘kwirinda u Rwanda’
Nones M7 niwe wafunze umupaka
Uganda igiye kubaka umuhanda ujya mu Burundi unyuze Tanzania mu rwego rwo ‘kwirinda u Rwanda’
Nones M7 niwe wafunze umupaka
Uganda igiye kubaka umuhanda ujya mu Burundi unyuze Tanzania mu rwego rwo ‘kwirinda u Rwanda’
Njyewe ndabona Hari gahunda yoguheza u Rwanda muri e.a.c urebye ingufu mu7 arimo gushiramo birerekana ko haricyo agamije ubuse tanzania nayo nituvaho bizagenda gute?
Uganda igiye kubaka umuhanda ujya mu Burundi unyuze Tanzania mu rwego rwo ‘kwirinda u Rwanda’
Njyewe ndabona Hari gahunda yoguheza u Rwanda muri e.a.c urebye ingufu mu7 arimo gushiramo birerekana ko haricyo agamije ubuse tanzania nayo nituvaho bizagenda gute?
Uganda igiye kubaka umuhanda ujya mu Burundi unyuze Tanzania mu rwego rwo ‘kwirinda u Rwanda’
Ibyuvuze byuzuye ubujiji bwinshi cyane kuba uganda yakora umuhanda unyura tz ukagera muburundi ntakibazo nakimwe kirimo nk’uko bamwe batagir’ubwenge babibona nk’uyu munyamakuru wanditse iyi nkuru! ninkuko uganda yakubaka umuhanda ujya burundi unyuze mu Rwanda ubwo c twavuga ko yabikoreye guhima tz?cg yabikoreye guhima rdc?oya ahubwo ni murwego rwubuhahirane
Uganda igiye kubaka umuhanda ujya mu Burundi unyuze Tanzania mu rwego rwo ‘kwirinda u Rwanda’
Ibyuvuze byuzuye ubujiji bwinshi cyane kuba uganda yakora umuhanda unyura tz ukagera muburundi ntakibazo nakimwe kirimo nk’uko bamwe batagir’ubwenge babibona nk’uyu munyamakuru wanditse iyi nkuru! ninkuko uganda yakubaka umuhanda ujya burundi unyuze mu Rwanda ubwo c twavuga ko yabikoreye guhima tz?cg yabikoreye guhima rdc?oya ahubwo ni murwego rwubuhahirane
Uganda igiye kubaka umuhanda ujya mu Burundi unyuze Tanzania mu rwego rwo ‘kwirinda u Rwanda’
iki n’ikimenyetso gikomeye cy’ubutagetsi bubi,kuko Uganda-Rwanda ntibazareka guturana,niba har’ikibazo cyagombye gushakirwa umuti ntubure kuko abantu bazapfa ariko ibihugu bizagumana.bene uriya mujinya w’umurandura-nzuzi ukenya nyirawo.igihe M7 yahereye yihisha inyuma y’ubugizi bwa nabi ashuka abanyrda batareba kure none ashuka n’ibihugu ngo byange uRwanda nk’aho ariwe Mana.atabeshye azubaka imihanda muri DRC – TZ -n’uBurundi kubera gusa inzika afitiye uRwanda?ubwo se we arimo kungura igihugu cye cg aragihombya?azajya kuzuza imihanda mu bihugu 3 afit’imyaka ingahe?ubucucu gusa
Uganda igiye kubaka umuhanda ujya mu Burundi unyuze Tanzania mu rwego rwo ‘kwirinda u Rwanda’
Ibyo bilamutse bibaye byaba byiza cyane.
Ikindi nuko uwo muhanda udahenze kuko ari 130kms gusa zidafite ikaburimbi hagati ya Karagwe na Ngara muri Tanzania.
Ikindi kandi urugendo rwaba rugufi kuko Kampala-Mutukula-Karagwe-Ngara-Kobero-Bujumbura approx 700kms.
Uganda igiye kubaka umuhanda ujya mu Burundi unyuze Tanzania mu rwego rwo ‘kwirinda u Rwanda’
Ibyo bilamutse bibaye byaba byiza cyane.
Ikindi nuko uwo muhanda udahenze kuko ari 130kms gusa zidafite ikaburimbi hagati ya Karagwe na Ngara muri Tanzania.
Ikindi kandi urugendo rwaba rugufi kuko Kampala-Mutukula-Karagwe-Ngara-Kobero-Bujumbura approx 700kms.
Uganda igiye kubaka umuhanda ujya mu Burundi unyuze Tanzania mu rwego rwo ‘kwirinda u Rwanda’
Ibi birabaje cyanecyane kubaturage batari muri politike kuko ubudahahirana niyo nzira mbi yongera ubukene bwinshi mura Africa u bworero nyakwubahwa kagame na mugenziwe museveni baraziranye bihagije baribakwi kumvikana bikarangira twe abaturange tukisanzura kuko turabandimwe abanyarwanda na bagande bavanze amaraso byararangiye twiyunge twonjere duhahirane murakoze
Uganda igiye kubaka umuhanda ujya mu Burundi unyuze Tanzania mu rwego rwo ‘kwirinda u Rwanda’
Ibi birabaje cyanecyane kubaturage batari muri politike kuko ubudahahirana niyo nzira mbi yongera ubukene bwinshi mura Africa u bworero nyakwubahwa kagame na mugenziwe museveni baraziranye bihagije baribakwi kumvikana bikarangira twe abaturange tukisanzura kuko turabandimwe abanyarwanda na bagande bavanze amaraso byararangiye twiyunge twonjere duhahirane murakoze
Uganda igiye kubaka umuhanda ujya mu Burundi unyuze Tanzania mu rwego rwo ‘kwirinda u Rwanda’
Ibi birabaje cyanecyane kubaturage batari muri politike kuko ubudahahirana niyo nzira mbi yongera ubukene bwinshi mura Africa u bworero nyakwubahwa kagame na mugenziwe museveni baraziranye bihagije baribakwi kumvikana bikarangira twe abaturange tukisanzura kuko turabandimwe abanyarwanda na bagande bavanze amaraso byararangiye twiyunge twonjere duhahirane murakoze
Uganda igiye kubaka umuhanda ujya mu Burundi unyuze Tanzania mu rwego rwo ‘kwirinda u Rwanda’
Ibi birabaje cyanecyane kubaturage batari muri politike kuko ubudahahirana niyo nzira mbi yongera ubukene bwinshi mura Africa u bworero nyakwubahwa kagame na mugenziwe museveni baraziranye bihagije baribakwi kumvikana bikarangira twe abaturange tukisanzura kuko turabandimwe abanyarwanda na bagande bavanze amaraso byararangiye twiyunge twonjere duhahirane murakoze
Uganda igiye kubaka umuhanda ujya mu Burundi unyuze Tanzania mu rwego rwo ‘kwirinda u Rwanda’
Ibi birabaje cyanecyane kubaturage batari muri politike kuko ubudahahirana niyo nzira mbi yongera ubukene bwinshi mura Africa u bworero nyakwubahwa kagame na mugenziwe museveni baraziranye bihagije baribakwi kumvikana bikarangira twe abaturange tukisanzura kuko turabandimwe abanyarwanda na bagande bavanze amaraso byararangiye twiyunge twonjere duhahirane murakoze
Uganda igiye kubaka umuhanda ujya mu Burundi unyuze Tanzania mu rwego rwo ‘kwirinda u Rwanda’
Ibi birabaje cyanecyane kubaturage batari muri politike kuko ubudahahirana niyo nzira mbi yongera ubukene bwinshi mura Africa u bworero nyakwubahwa kagame na mugenziwe museveni baraziranye bihagije baribakwi kumvikana bikarangira twe abaturange tukisanzura kuko turabandimwe abanyarwanda na bagande bavanze amaraso byararangiye twiyunge twonjere duhahirane murakoze
Uganda igiye kubaka umuhanda ujya mu Burundi unyuze Tanzania mu rwego rwo ‘kwirinda u Rwanda’
ahhhh,uyu musaza kombona afite imishinga ikomeye muraka karere , ngaho kaburimbo iva Bunagana-Goma- kasese- Kisangani ,uruhombo rutwara amavuta ibyo byose n’ibinyomba no kurangaza abamwita papa.
Uganda igiye kubaka umuhanda ujya mu Burundi unyuze Tanzania mu rwego rwo ‘kwirinda u Rwanda’
ahhhh,uyu musaza kombona afite imishinga ikomeye muraka karere , ngaho kaburimbo iva Bunagana-Goma- kasese- Kisangani ,uruhombo rutwara amavuta ibyo byose n’ibinyomba no kurangaza abamwita papa.
Uganda igiye kubaka umuhanda ujya mu Burundi unyuze Tanzania mu rwego rwo ‘kwirinda u Rwanda’
Museveni ejobundi yarahiye afashe bible mu ntoki.Nyamara kimwe n’abandi bitwa abakristu,akora ibyo bible itubuza.Ibyo ni uburyarya kandi indyarya ntabwo zizaba mu bwami bw’imana.
Uganda igiye kubaka umuhanda ujya mu Burundi unyuze Tanzania mu rwego rwo ‘kwirinda u Rwanda’
Museveni ejobundi yarahiye afashe bible mu ntoki.Nyamara kimwe n’abandi bitwa abakristu,akora ibyo bible itubuza.Ibyo ni uburyarya kandi indyarya ntabwo zizaba mu bwami bw’imana.
Uganda igiye kubaka umuhanda ujya mu Burundi unyuze Tanzania mu rwego rwo ‘kwirinda u Rwanda’
Ikintu twibaza amafaranga azubaka uyo muhanda buriya suruhomno kuri Uganda ??niyo izoshoramwo amafaranga,uburundi Nta mafaranga bazotanga?umusi ikibazo cakemutse ca y’Uganda n,Rwanda,suruhomno kuri uganda???,Kuko iriya nzira ya kera izoca usubira gukora
Uganda igiye kubaka umuhanda ujya mu Burundi unyuze Tanzania mu rwego rwo ‘kwirinda u Rwanda’
Ikintu twibaza amafaranga azubaka uyo muhanda buriya suruhomno kuri Uganda ??niyo izoshoramwo amafaranga,uburundi Nta mafaranga bazotanga?umusi ikibazo cakemutse ca y’Uganda n,Rwanda,suruhomno kuri uganda???,Kuko iriya nzira ya kera izoca usubira gukora
Uganda igiye kubaka umuhanda ujya mu Burundi unyuze Tanzania mu rwego rwo ‘kwirinda u Rwanda’
Ikintu twibaza amafaranga azubaka uyo muhanda buriya suruhomno kuri Uganda ??niyo izoshoramwo amafaranga,uburundi Nta mafaranga bazotanga?umusi ikibazo cakemutse ca y’Uganda n,Rwanda,suruhomno kuri uganda???,Kuko iriya nzira ya kera izoca usubira gukora
Uganda igiye kubaka umuhanda ujya mu Burundi unyuze Tanzania mu rwego rwo ‘kwirinda u Rwanda’
Ikintu twibaza amafaranga azubaka uyo muhanda buriya suruhomno kuri Uganda ??niyo izoshoramwo amafaranga,uburundi Nta mafaranga bazotanga?umusi ikibazo cakemutse ca y’Uganda n,Rwanda,suruhomno kuri uganda???,Kuko iriya nzira ya kera izoca usubira gukora
Uganda igiye kubaka umuhanda ujya mu Burundi unyuze Tanzania mu rwego rwo ‘kwirinda u Rwanda’
Iteka ntabuhahirane bwibihugu abaturage babirenganiramo rwose . GS niyumvamoko tuzojyera guhahirana knd abayobozi bacu bazabikora ntakabuza twojyere twiyujye . murakoze .
Uganda igiye kubaka umuhanda ujya mu Burundi unyuze Tanzania mu rwego rwo ‘kwirinda u Rwanda’
Iteka ntabuhahirane bwibihugu abaturage babirenganiramo rwose . GS niyumvamoko tuzojyera guhahirana knd abayobozi bacu bazabikora ntakabuza twojyere twiyujye . murakoze .
Uganda igiye kubaka umuhanda ujya mu Burundi unyuze Tanzania mu rwego rwo ‘kwirinda u Rwanda’
Afrique ninde yayiroze koko
Uganda igiye kubaka umuhanda ujya mu Burundi unyuze Tanzania mu rwego rwo ‘kwirinda u Rwanda’
Afrique ninde yayiroze koko