Uganda: Uwari umugabo w’Umunyarwandakazi Fille yirukanwe ku kazi

Sangiza iyi nkuru

Uwari umugabo w’Umuhanzikazi ukomoka mu Rwanda (Fille Mutoni) ari we Edwin Katamba uzwi nka MC Kats yirukanwe n’akabari  kitwa Fame yajyaga akorana nako mu bijyanye no kukamamariza.

Uyu mugabo muri Uganda basigaye bita ‘Ex wa Fille’ (uwahoze akundana na Fille) yirukanwe azira gusuzugura ba sebuja. Agasuzuguro ke nk’uko itangazo ryashyizwe hanze na Fame Lounge ribivuga, kiyongeraho gutwara bimwe mu bicuruzwa ntabyishyure.

Iri tangazo ryabonwe na Bwiza.com riragira riti “  Yaradusuzuguye, avuga ko atinya Imana gusa. Ntitwakomeza kumwishyura.”

Rivuga ko MC kats igihe cyose yafataga mikoro ari ku rubyiniro, atahwemye kugaragaza ko asugura ba sebuja. Rivuga ko uretse kuba yishyurwaga miliyoni n’igice y’amashilingi kuri buri gitaramo, mu gihe we atinjizaga nibura milyoni 3 z’amashilingi ya Uganda.

kats

Katamba yirukanwe nyuma y’aho mu minsi mike ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwiye amafoto ye ari kurya ibiryo bifatwa nk’ibiciriritse.

[penci_related_posts dis_pview=”no” dis_pdate=”no” title=”Izindi nkuru wasoma” background=”” border=”” thumbright=”no” number=”4″ style=”list” align=”none” withids=”” displayby=”recent_posts” orderby=”rand”]

Ni nyuma y’aho kandi mu ntangiro z’umwaka, uyu mugabo yatandukanye n’Umunyarwandakazi babanaga bashinjanya gucana inyuma.

 

 

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *