Ugisha inama: Ese iyo umugore akunnye (Guca imyeyo) afite umugabo aba amukungurira?

Sangiza iyi nkuru

Iki ni kibazo cyabajijwe n’umwe mu basomyi ba Bwiza.com, akaba abaza ku muco wo Gukuna cyangwa se guca imyeyo bikorwa n’abakobwa bakigera mu kigero cy’ubwangavu, kimwe n’uko abacikanwe babikora bakuze, barimo n’abafite abagore.

Si uko bidashoboka, hari ababikora barashatse abagabo ku bw’amahirwe bigakunda ariko uyu mugabo we bitewe n’ibyo yumvise bitewe n’aho aherereye, arabaza niba bitagira ingaruka ku mugabo, ku cyo yise ‘kumukungurira’ cyangwa se ‘gukururira umugabo urupfu’.

Ikibazo aragira ati “Ikibazo, umuntu w’imyaka 30 byashoboka [Gukuna]? Gusa numva ko umugore ubikoze abana n’umugabo we ngo aba amukungurira. Mudusobanurire kuko ntabyo yakoze. Iyo tubikora mba numva nta buryohe, mudufashe dutuye i Rubavu;  murakoze.

Igitekerezo cyawe wagitambutsa hasi ahagenere ibitekerezo (Comments) cyangwa se ukatwandikira Watsapp 0785058200

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *