Kuri iki cyumweru tariki ya 16 Mata 2017, abantu biganjemo Abakirisitu mu madini atandukanye, mu myizerere itandukanye bizihije umunsi mukuru uzwi nka Pasika, umunsi usanzwe wibutsa abantu iby’izuka rya Yesu.

Uyu munsi ubusanzwe wizihizwa ku munsi wa 3 nyuma y’uko hizihijwe uwo gupfa kwe, abenshi mu myizerere y abo bafata nk’uwa Gatanu mutagatifu.
Mu Butaliyani


Abantu benshi hirya no hino ku isi baba babukereye, bambaye neza, abarya bakarya abasenga bagasenga ariko by’umwihariko uyu munsi ukaba utandukanye n’indi minsi abantu basanzwe bizihiza kuko baba bishimira ko umukiza wa bo yazutse kandi yari yarapfuye ku bwabo.
Mu Bwongereza


Aya ni amwe mu mafoto yagiye agaragara ku mbuga zitandukanye hirya no hino yerekana ibyo abantu bizera n’ibyo batekereza kuri uyu munsi guhera ku wa Gatanu mutagatifu kugeza kuri uyu wa 16 Mata.
Romania


Mexique


Esipanye





Nsengimana@Bwiza.com


