Umubano wa Obama na Angel Markel washoboraga gutera umugore we gufuha (AMAFOTO)

Sangiza iyi nkuru

[ad id=”44145″]
Abakurikiranira hafi ibihe byiza byiza byaranze perezida w’Amerika n’igikomangoma cy’Ubudage Angel Markel bemeza ko uburyo aba banyapolitiki bagiye bagirana urugwiro byashoboraga gutera Michelle Obama gufuha iyo ataza kuba afuha nk’abandi bagore.
Barack Obama mu ruzinduko aherutsemo mu Budage nka perezida w’Amerika, Obama yatangaje amagambo yo gutaka igikomangoma cy’Ubudage agaragaza ko ari inshuti z’akadasohoka Ati “Markel yabaye inshuti yanjye y’umwihariko mu mahanga mu myaka umunani yose maze ku butegetsi”
obama-9
[ad id=”44145″]
Iyi foto yafatiwe mu busitani bwo mu Budage mu mwaka wa 2015 yagaraye nk’aho aba banyapolitiki bari bari mu bihe by’urukundo aho kuba muri politiki isanzwe.
mu mwaka wa 2009, Aba bombi ntibahuje ku ngamba zagombaga gufatwa mu kurwanya ibibazo by’ubukene byari byugariuje isi mu nama y’ibihugu 20 bikize cyane ku isi (G20), ibi byatumwe Abadage amagana babwira nabi Obama babinyujije ku ifoto ye,
Icyaje gutangaza abantu ni uburyo Markel yaje guhita yandikira ubutumwa Clinton amubwira ko nawe atanejejwe n’ibyo abaturage bakoze kuri iyo foto.
obama-8
Umubano uasanzwe wa Obama na Markel waje kwiyongera cyane mu buryo butangaje mu mwaka wa 2011 ubwo Ubudage bwashyigikiraga ko NATO y’Amerika yatera muri Libya guhirika ubutegetsi bwa Kadhaffi.
obama-6
[ad id=”44145″]
Mu kwezi kwa gatandatu k’uwo mwaka Markel yasuye Obama muri aho Obama yamuhereye umudari wo guharanira amahoro
Merkel ubwo yagiraga icyo avuga kuri Obama yagize ati “ Ni umuntu unejeje mu gukorana nawe”
obama-5
Reba andi mafoto y’umubano udasanzwe wa Obama na Markel
obama-1 obama-2
[ad id=”44145″]
obama-3 obama-4 obama-7
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Schady Schadrack@Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *