Roberto Esquivel Cabrera ni umugabo ukomoka muri Mexique, uyu mugabo w’imyaka 54 y’amavuko afite igitsina gitangarirwa na buri wese dore ko gikabakaba muri 50Cm z’uburebure.
Yagize ati: “ndanezerewe kuba ari njye ufite igitsina kirekire ku isi, nejejwe n’iki gitsina cyanjye, nkeka ko nta bandi bafite igifite uburebure bukabakaba ku bw’icyanjye”. Uyu mugabo yatangaje ibi mu gihe yanze ko igitsina cye abaganga bakigabanya.

Dr Jesus David Salazar Gonzalez yagize ati: “twamugiriye inama Mr Roberto, ikintu kizima kuri wowe ni uko abaganga bagufasha kugira ingano nyayo y’igitsina kandi itagira icyo ikubangamira ku buzima bwawe, ukabasha gukora imibonano mpuzabitsina ukanabyara.Ibyo byose yarabyanze kuko yifuza kugira igitsina kinini kurusha abandi bose batuye iyi si ya rurema”.

Uyu mugabo yanga ko bamugabanyiriza igitsina bitewe n’uko anafite intego yo kwandikwa mu gitabo cy’isi cy’amateka ( GUINNESS WORLD RECORDS ).

Iki gitsina cy’uyu mugabo iyo cyafashe umurego, uburebure bwacyo buva kuri 48.21cm kugera kuri 50cm, iyo ahagaze kigera munsi y’amavi ye, niyo yambaye ipantalo igitsina kiramanuka kikagera mu kuguru kw’ipantalo.
ANDI MAFOTO:

Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Gentille Kamikazi/bwiza.com


2 Responses
Umugabo ufite igitsina kirekire kurusha abandi ku isi cya 50cm-REBA AMAFOTO
uwowe nuwogupfa
Umugabo ufite igitsina kirekire kurusha abandi ku isi cya 50cm-REBA AMAFOTO
uwowe nuwogupfa