Umugabo wa mkuru wanjye ashaka ko turyamana- Nkore iki?

Sangiza iyi nkuru

Umukunzi wa bwiza.com yatwandikiye atugisha inama aho afite ikibazo cyo kuba hari umugabo umureye nabi ngo baryamane kandi abizi neza ko afite urugo yubatse.

Atwandikira yagize ati “Muraho neza ? Mfite ikibazo kinkomereye nashakaga kubagezaho ngo mungire inama, umubyeyi wanjye nari nsigaranye aheruka gupfa njya kuba kwa mukuru wanjye none umugabo we amereye nabi ngo turyamane ariko naramwangiye, Gusa ikinkomereye ni uko akomeje kumpoza ku nkeke ambwira ko nintabyemera aranyirukana mu rugo rwe kandi ntaho mfite ho kujya.

Nagerageje kumubwira ko nzabitekerezaho ariko buri uko bukeye ahora anyishyuza nk’umufitiye ideni kandi sinifuza guca inyuma mukuru wanjye, none basomyi biki kinyamakuru nifuzaga ko mwamfasha mu kungira inama y’icyo nakora, murakoze.

Soma Izindi Nkuru

72 Responses

  1. Umugabo wa mkuru wanjye ashaka ko turyamana- Nkore iki?
    Ntuzabigerageze aragushuka nubikora uzagira ibibazo birenze ibyo ufite.siwe Mana yawe ntagukange.mubwize ukuri ko ntabyo uzakora imana izakurwanirira.ariko nubikora uzaba wihemukiye cyane ningaruka ntuzazikira

  2. Umugabo wa mkuru wanjye ashaka ko turyamana- Nkore iki?
    Ntuzabigerageze aragushuka nubikora uzagira ibibazo birenze ibyo ufite.siwe Mana yawe ntagukange.mubwize ukuri ko ntabyo uzakora imana izakurwanirira.ariko nubikora uzaba wihemukiye cyane ningaruka ntuzazikira

  3. Umugabo wa mkuru wanjye ashaka ko turyamana- Nkore iki?
    Ukenze rimwe ntaba akimaze muvandi!Muhe ibyo umuha n’ubundi wasanga ubiha abatagufitiye akamaro.

  4. Umugabo wa mkuru wanjye ashaka ko turyamana- Nkore iki?
    Ukenze rimwe ntaba akimaze muvandi!Muhe ibyo umuha n’ubundi wasanga ubiha abatagufitiye akamaro.

  5. Umugabo wa mkuru wanjye ashaka ko turyamana- Nkore iki?
    nsanga rimwe narimwe kugirango umuntu yifuzeko muryamana nawe uba wabigizemo uruhare mubiganiro mugiranauzisuzume ubigabanye

    1. Umugabo wa mkuru wanjye ashaka ko turyamana- Nkore iki?
      uzamwihere wasanga nubundi uha na badafite icyo bamaze cyangwa ingegera

    2. Umugabo wa mkuru wanjye ashaka ko turyamana- Nkore iki?
      uzamwihere wasanga nubundi uha na badafite icyo bamaze cyangwa ingegera

  6. Umugabo wa mkuru wanjye ashaka ko turyamana- Nkore iki?
    nsanga rimwe narimwe kugirango umuntu yifuzeko muryamana nawe uba wabigizemo uruhare mubiganiro mugiranauzisuzume ubigabanye

  7. Umugabo wa mkuru wanjye ashaka ko turyamana- Nkore iki?
    Wamuhaye kare none uragisha inama y’iki? Ese ubundi abo usambana nabo bose niko ugisha inama ku mbuga? N’icyawe gikoreshe uko ushaka, umusaruro ntawe muzawusangira.

  8. Umugabo wa mkuru wanjye ashaka ko turyamana- Nkore iki?
    Wamuhaye kare none uragisha inama y’iki? Ese ubundi abo usambana nabo bose niko ugisha inama ku mbuga? N’icyawe gikoreshe uko ushaka, umusaruro ntawe muzawusangira.

  9. Umugabo wa mkuru wanjye ashaka ko turyamana- Nkore iki?
    mwihere nawe ntaho waranguye ngo urahomba ariko nagusaba kuba umugore wa 2 byeruye ntukemere

  10. Umugabo wa mkuru wanjye ashaka ko turyamana- Nkore iki?
    mwihere nawe ntaho waranguye ngo urahomba ariko nagusaba kuba umugore wa 2 byeruye ntukemere

  11. Umugabo wa mkuru wanjye ashaka ko turyamana- Nkore iki?
    Ukora iki se?Ubwose nakwirukana uzishyura iki ubukode?Uri isugi?Mwihere!

  12. Umugabo wa mkuru wanjye ashaka ko turyamana- Nkore iki?
    Ukora iki se?Ubwose nakwirukana uzishyura iki ubukode?Uri isugi?Mwihere!

  13. Umugabo wa mkuru wanjye ashaka ko turyamana- Nkore iki?
    Ganira namukuru wawe niba Ari umuntumuzima azakugira inama.

  14. Umugabo wa mkuru wanjye ashaka ko turyamana- Nkore iki?
    Ganira namukuru wawe niba Ari umuntumuzima azakugira inama.

  15. Umugabo wa mkuru wanjye ashaka ko turyamana- Nkore iki?
    Umuco iyo ujya gucika naha bihera,urumva kugisha inama kumbuga nkoranyambaga atarukumaramara,wabuze umuntu muturanye wibonamo.cyangwa mwenewanyu wagisha inama utagiye kukaribanda,ahubwo wakuyeho

  16. Umugabo wa mkuru wanjye ashaka ko turyamana- Nkore iki?
    Umuco iyo ujya gucika naha bihera,urumva kugisha inama kumbuga nkoranyambaga atarukumaramara,wabuze umuntu muturanye wibonamo.cyangwa mwenewanyu wagisha inama utagiye kukaribanda,ahubwo wakuyeho

  17. Umugabo wa mkuru wanjye ashaka ko turyamana- Nkore iki?
    Ntuzamwemerere kuko waba usenyeye mukuru wawe. Kdi ubibwiye mukuru wawe nabwo byabateranya. Ahubwo senga Imana ikurengere.

  18. Umugabo wa mkuru wanjye ashaka ko turyamana- Nkore iki?
    Ntuzamwemerere kuko waba usenyeye mukuru wawe. Kdi ubibwiye mukuru wawe nabwo byabateranya. Ahubwo senga Imana ikurengere.

  19. Umugabo wa mkuru wanjye ashaka ko turyamana- Nkore iki?
    Uramenye ntuzakore iryo shyano
    utiteranya na mukuru wawe.Byaba birangiye ntiwazongera gukandagira muri urwo rugo ukundi.Sigaho.

  20. Umugabo wa mkuru wanjye ashaka ko turyamana- Nkore iki?
    Uramenye ntuzakore iryo shyano
    utiteranya na mukuru wawe.Byaba birangiye ntiwazongera gukandagira muri urwo rugo ukundi.Sigaho.

  21. Umugabo wa mkuru wanjye ashaka ko turyamana- Nkore iki?
    Uramenye ntuzabigerageze ntiwumve inama zabo bashurashuzi bavuga umuha umuha iki!!niba mukuru wawe atamuhagije si wowe kamara vayo icyo nzi ntihabuze undi muntu wo mumiryango wawe windakemwa va kwiyo ndaya icyambere nubuzima bwawe kandi ibyiza birimbere tekereza neza kandi usabe imana igisubizo *

  22. Umugabo wa mkuru wanjye ashaka ko turyamana- Nkore iki?
    Uramenye ntuzabigerageze ntiwumve inama zabo bashurashuzi bavuga umuha umuha iki!!niba mukuru wawe atamuhagije si wowe kamara vayo icyo nzi ntihabuze undi muntu wo mumiryango wawe windakemwa va kwiyo ndaya icyambere nubuzima bwawe kandi ibyiza birimbere tekereza neza kandi usabe imana igisubizo *

  23. Umugabo wa mkuru wanjye ashaka ko turyamana- Nkore iki?
    Ariko mwagiye mureka kubeshya koko?
    Gabanya iyo myitwarire yawe imbere ye kuko iyo ubukora upinganwa na mukuru wawe abagabo tuba tubireba uko mwikatakata imbere yacu muyonyonga utwo tu buno dushyushye kdi muziko bakuru banyu aribo bagore bacu.

  24. Umugabo wa mkuru wanjye ashaka ko turyamana- Nkore iki?
    Ariko mwagiye mureka kubeshya koko?
    Gabanya iyo myitwarire yawe imbere ye kuko iyo ubukora upinganwa na mukuru wawe abagabo tuba tubireba uko mwikatakata imbere yacu muyonyonga utwo tu buno dushyushye kdi muziko bakuru banyu aribo bagore bacu.

  25. Umugabo wa mkuru wanjye ashaka ko turyamana- Nkore iki?
    Sister, sibyiza gusaba inama hano. Burya hari ikindi ugamije. Nonese wambwira ko nta nshuti numwe ugira magara yakugira inama. Kuki kuza hano kurubuga. Wowe tinya Imana gusa, urebe uko izakurengera. Ariko nuhemukira sister wawe, ndakurahiye uzumirwa.

  26. Umugabo wa mkuru wanjye ashaka ko turyamana- Nkore iki?
    Sister, sibyiza gusaba inama hano. Burya hari ikindi ugamije. Nonese wambwira ko nta nshuti numwe ugira magara yakugira inama. Kuki kuza hano kurubuga. Wowe tinya Imana gusa, urebe uko izakurengera. Ariko nuhemukira sister wawe, ndakurahiye uzumirwa.

  27. Umugabo wa mkuru wanjye ashaka ko turyamana- Nkore iki?
    Ntukemere apu abo nibo batuma tuzana abagore ngo nabakobwa mpamagara kwereke ukuzabijyenza 0784394315 kandi mudashwanye

  28. Umugabo wa mkuru wanjye ashaka ko turyamana- Nkore iki?
    Ntukemere apu abo nibo batuma tuzana abagore ngo nabakobwa mpamagara kwereke ukuzabijyenza 0784394315 kandi mudashwanye

  29. Umugabo wa mkuru wanjye ashaka ko turyamana- Nkore iki?
    Ntuzamwemerere lmana ntizabura uko ikubeshaho utanabaye kwa mukuru wawe waba ntahandi Kandi ukabaho ubuse twese twaburiye mumiryango ntitwabayehose have wisenyera mukuru wawe

  30. Umugabo wa mkuru wanjye ashaka ko turyamana- Nkore iki?
    Ntuzamwemerere lmana ntizabura uko ikubeshaho utanabaye kwa mukuru wawe waba ntahandi Kandi ukabaho ubuse twese twaburiye mumiryango ntitwabayehose have wisenyera mukuru wawe

  31. Umugabo wa mkuru wanjye ashaka ko turyamana- Nkore iki?
    Nta we ugisha inama ku birebana, no guhemukira umuvandimwe wa we , ufate ikinyamulenge mezo ubwawe , kubikora ukimeza kwita nyirabihemu ukirengera ingiraka bitihise uranga, ukemera ubutwari n byiza bijyanye na byo.

  32. Umugabo wa mkuru wanjye ashaka ko turyamana- Nkore iki?
    Nta we ugisha inama ku birebana, no guhemukira umuvandimwe wa we , ufate ikinyamulenge mezo ubwawe , kubikora ukimeza kwita nyirabihemu ukirengera ingiraka bitihise uranga, ukemera ubutwari n byiza bijyanye na byo.

  33. Umugabo wa mkuru wanjye ashaka ko turyamana- Nkore iki?
    Kuki ubyibazaho?
    Nuwamukuru wawe si uwawe.
    Tuma abyumva uko nyine

  34. Umugabo wa mkuru wanjye ashaka ko turyamana- Nkore iki?
    Kuki ubyibazaho?
    Nuwamukuru wawe si uwawe.
    Tuma abyumva uko nyine

  35. Umugabo wa mkuru wanjye ashaka ko turyamana- Nkore iki?
    Kuki ubyibazaho?
    Nuwamukuru wawe si uwawe.
    Tuma abyumva uko nyine

  36. Umugabo wa mkuru wanjye ashaka ko turyamana- Nkore iki?
    Kuki ubyibazaho?
    Nuwamukuru wawe si uwawe.
    Tuma abyumva uko nyine

  37. Umugabo wa mkuru wanjye ashaka ko turyamana- Nkore iki?
    Fata imwe muri izi nama baguhaye ariko ndi wowe namukanira yashaka akiyahura uwo nta mpuhwe yaremanwe.

  38. Umugabo wa mkuru wanjye ashaka ko turyamana- Nkore iki?
    Fata imwe muri izi nama baguhaye ariko ndi wowe namukanira yashaka akiyahura uwo nta mpuhwe yaremanwe.

  39. Umugabo wa mkuru wanjye ashaka ko turyamana- Nkore iki?
    Umva wa mukobwa we, ntugasabe inama ugira ngo ushyigikirwe mu gukora ikibi. Niba ugisha inama yo kugira ngo usambane, ni uko n’ubundi usanzwe uri umusambanyi. Inama nakugira va mu busambanyi kuko Imana izarimbura abasambanyi bose. Ibyo wabisoba mu 1 Abakorinto 6: 9,10 no mu Baheburayo 13:4. Muge mutinya Imana mu yubaha.

  40. Umugabo wa mkuru wanjye ashaka ko turyamana- Nkore iki?
    Umva wa mukobwa we, ntugasabe inama ugira ngo ushyigikirwe mu gukora ikibi. Niba ugisha inama yo kugira ngo usambane, ni uko n’ubundi usanzwe uri umusambanyi. Inama nakugira va mu busambanyi kuko Imana izarimbura abasambanyi bose. Ibyo wabisoba mu 1 Abakorinto 6: 9,10 no mu Baheburayo 13:4. Muge mutinya Imana mu yubaha.

  41. Umugabo wa mkuru wanjye ashaka ko turyamana- Nkore iki?
    Niba wizera imana ntukaryamane nawe imana izakungwanirira

  42. Umugabo wa mkuru wanjye ashaka ko turyamana- Nkore iki?
    Niba wizera imana ntukaryamane nawe imana izakungwanirira

  43. Umugabo wa mkuru wanjye ashaka ko turyamana- Nkore iki?
    UBUNDISE UBU TUVUGEKO URISUGI AHUBWO WIBUKE CONDOM

  44. Umugabo wa mkuru wanjye ashaka ko turyamana- Nkore iki?
    UBUNDISE UBU TUVUGEKO URISUGI AHUBWO WIBUKE CONDOM

  45. Umugabo wa mkuru wanjye ashaka ko turyamana- Nkore iki?
    niba ukuze waretse nkakugira umugore nicyogisubizo kikibazo wahagara 0725268501.cg 0726852501.

  46. Umugabo wa mkuru wanjye ashaka ko turyamana- Nkore iki?
    niba ukuze waretse nkakugira umugore nicyogisubizo kikibazo wahagara 0725268501.cg 0726852501.

  47. Umugabo wa mkuru wanjye ashaka ko turyamana- Nkore iki?
    mwihere nyine tuu nonese wabigenza gute.

  48. Umugabo wa mkuru wanjye ashaka ko turyamana- Nkore iki?
    mwihere nyine tuu nonese wabigenza gute.

  49. Umugabo wa mkuru wanjye ashaka ko turyamana- Nkore iki?
    Vayotwibanire umbere umugore nkubere umugabo nibaubyi fuza mbipa +250723481842 nahomuramuwawe aragushuka.

  50. Umugabo wa mkuru wanjye ashaka ko turyamana- Nkore iki?
    Vayotwibanire umbere umugore nkubere umugabo nibaubyi fuza mbipa +250723481842 nahomuramuwawe aragushuka.

  51. Umugabo wa mkuru wanjye ashaka ko turyamana- Nkore iki?
    umvamuvandi mbere nambere imana, imana mbereyabyose inama nakugira nuko wabiganiriza mukuru wawe hamwe no gusenga imana igisubizo kiri kuri wowe na mukuruwawe.

  52. Umugabo wa mkuru wanjye ashaka ko turyamana- Nkore iki?
    umvamuvandi mbere nambere imana, imana mbereyabyose inama nakugira nuko wabiganiriza mukuru wawe hamwe no gusenga imana igisubizo kiri kuri wowe na mukuruwawe.

  53. Umugabo wa mkuru wanjye ashaka ko turyamana- Nkore iki?
    1 NIKOMUKO NTAMUSAZA WAWE UGIRA 2 NTANANYOGOSENGE UGIRA 3 NTANANYOKO WANYU UGIRA OKE NIBA ABOBOSE NTANUMWE UFITE BWIZA UWOMUGABO WAMUKURUWAWE UKURI KO BIDASHOBOKA IMANA IZABANA NAWE

  54. Umugabo wa mkuru wanjye ashaka ko turyamana- Nkore iki?
    1 NIKOMUKO NTAMUSAZA WAWE UGIRA 2 NTANANYOGOSENGE UGIRA 3 NTANANYOKO WANYU UGIRA OKE NIBA ABOBOSE NTANUMWE UFITE BWIZA UWOMUGABO WAMUKURUWAWE UKURI KO BIDASHOBOKA IMANA IZABANA NAWE

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *