Mungire inama. Nsigaye numva nshaka imibonano cyane nibura inshuro zirenze nka 3 mu cyumweru binakunze byajya biba buri munsi kuko hari amasaha agera nkumva ndabishatse cyane.
Umugabo wanjye uko agenda abyibuha cyane ntakibishaka kunezeza nk’uko byahoze, asigaye ananirwa vuba rimwe na rimwe akarangiza njye nkiri mu nzira kandi akaba atakibasha kuba yakongera indi nshuro.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Iyo amaze gusohora ahita amera nk’ikivure cyubitse ntabwo yongera gufata umurego byoroshye, ubwo nyine ni ah’ikindi gihe, maze kubimenyera, kandi sha atarabyibuha byose yarabikoraga neza n’ayo mavangingo abandi babuza nkayazana neza cyane.
Ubu nabuze icyo nakora, niyo mubajije arambwira ngo aba yinaniriwe, kugirango ndangize ni uko nkoresha imbaraga nyinshi nirwanaho muri icyo gihe nkasigarana umunaniro udasanzwe, nashakanye nawe afite ibiro 64, ubu amaze kugera muri 93.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
@Bwiza.com


