Umugore w’ibiro 500 yavanwe mu nzu nyuma y’imyaka 25 atabasha kuyisohoramo

Eman Ahmed Abd El Aty, w’imyaka 36 y’amavuko, kuri uyu wa Gatandatu nibwo yasohowe mu nzu, yari amaze imyaka 25 atabashaga guhaguruka ngo yivane aho ari. Uyu mugabo yavanwe mu nzu iwabo mu Misiri, ajyanwa n’indege y’abugenewe mu Buhinde aho agiye kubagwa n’umganga w’inzobere uzamufasha kugabanya ibiro. Akiri umwana nabwo umubyibuho we wari uteye inkeke, […]

Umugabo wanjye yarabyibushye cyane none ntakibasha kumpaza mu mibonano mpuzabitsina- Ugisha inama

Mungire inama. Nsigaye numva nshaka imibonano cyane nibura inshuro zirenze nka 3 mu cyumweru binakunze byajya biba buri munsi kuko hari amasaha agera nkumva ndabishatse cyane. Umugabo wanjye uko agenda abyibuha cyane ntakibishaka kunezeza nk’uko byahoze, asigaye ananirwa vuba rimwe na rimwe akarangiza njye nkiri mu nzira kandi akaba atakibasha kuba yakongera indi nshuro. [xyz-ihs […]

Zari yasobanuye impamvu akomeje kubyarana na Diamond kandi batarakora ubukwe

Umuhanzi Diamond wo mu gihugu cya Tanzania ubu amaze kubyarana kabiri n’umuherwekazi Zari ukomoka muri Uganda, kuba bakomeje kubyarana kandi batarigeze bakora ubukwe, uyu mugore avuga ko atari uko batazi ikiza cy’ubukwe ahubwo barimo kubitegura. Aganira na Clouds FM, radiyo yo muri Tanzania, kuri uyu wa 9 Gashyantare 2017, Zari yatangaje ko yifuza kuzakorana na […]

2017: Impunzi z’Abarundi zizava ku bihumbi 386 zigere kuri 500- HCR

Ibi ni ibyatangajwe n’ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi ( HCR ), ko ubuzima bw’impunzi z’Abarundi ziri mu bihugu bituranye nabwo burimo kugenda burushaho kuba bubi, uyu muryango ukaba uvuga ko hakenewe ahandi izi mpunzi zakwakirwa. Radiyo Ijwi ry’Amerika itangaza ko u Rwanda, Congo na Tanzania byakiriye impunzi z’Abarundi zigera ku bihumbi 386, HCR ikaba […]

“Kwizigamira si umwihariko w’abakire”-Ikigega Iterambere

Ubu ni ubutumwa buhabwa abagize amahuriro n’amakoperative y’abanyamyuga inyuranye. Ni mu gihe cy’amahugurwa bateguriwe n’Ikigega Iterambere Fund, agamije kubakangurira umuco wo kwizigama, abera mu kigo cy’urubyiruko cya Kimisagara. Barasaga 2500, ariko ntibabashije guhurira hamwe bose, kuko batahakwirwa. Barimo abashoferi b’amatagisi, abafundi, abanyonzi, amabamotari, abanyabukorikori, abakarani, abahoma amapine, abafotora, abatwara abantu mu mavatiri, abatanga serivisi z’itumanaho(aba […]

Twagiramungu yagombaga kwicwa na Leta ya Habyarimana akizwa na FPR-Inkotanyi ubu arwanya

Twagiramungu Faustin ni umukambwe w’imyaka 72, ubu uba mu gihugu cy’Ububiligi, uyu musaza asaziye mu mukino wa politiki, bitangazwa kenshi ko ari umwe mu banyapolitiki batinyutse bwa mbere Perezida Juvenal Habyarimana wari wariswe Kinani. Imyaka igera kuri 21 yari amaze ayoboye u Rwanda byari bigoye kuba yavugirwamo kuva yafata ubutegetsi mu 1973 ahiritse Perezida Kayibanda […]

Abinjijwe mu gisirikare 60% ni Abahutu na 40 % by’Abatutsi- Col Gaspard Baratuza

Umuvugizi w’igisirikare cy’u Burundi, Col Gaspard Baratuza yatangaje ko mu kwinjiza mu gisirikare imihini mishya hisunzwe ibyavuye mu nama nkuru y’umutekano yabaye ku kwezi kwa Karindwi 2016. Col Baratuza avuga kandi ko abinjijwe mu nzego za gisirikare ari 60 % bakomoka mu bwoko bw’Abahutu na 40% bo mu bwoko bw’Abatutsi, bigenderwaho nkuko bikubiye mu Itegeko […]

Karongi: Polisi ikomeje gusaba ababyeyi kwirinda gukoresha abana imirimo ivunanye

Nyuma y’aho abaturage basabiwe na Polisi y’u Rwanda ndetse n’inzego z’ibanze kwirinda gukoresha abana imirimo ivunanye, ariko bikaba bikomeje kugaragara ko hari ababyeyi n’abandi baturage bavuniye ibiti mu matwi, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Karongi ifatanyije n’ubuyobozi bw’aka karere batangiye ubukangurambaga bwo kongera gushishikariza ababyeyi kubyirinda. Ni muri urwo rwego kuwa gatatu tariki […]