Umugore ijipo yamucikiyeho atambaye ikariso, yambara ubusa imbere y'imbaga- REBA AMAFOTO

Sangiza iyi nkuru

Shane Gilberto Jenek, Umuririmbyikazi ukomoka muri Australian akaba n’umushyushyarugamba ubivanga no gukora kuri television wamamaye ku izina rya Countney Act yandagajwe n’imyenda yari yambaye ubwo yitabiraga ibirori bya Big Brother’s Courtney Act .
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Ibi byabaye mu ijoro ryo ku wa 04Mutarama 2018 ubwo yinjiraga ahabereye ibi birori yambaye ikanzu nziza nkibisanzwe gusa akaza gutungurwa no kwisanga ageze imbere y’abafana ikanzu ye igatabuka yose akambara ubusa butagira n’ikariso imbere y’imbaga yari yateraniye muri ibyo birori bye ajya ategura.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Reba amafoto y’uko byagenze:
5
Ikanzu yahise itabuka, atungurwa n’ibimubayeho

1
Yageze kuri stage atambuka neza, anezerewe

3
 
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Kamikazi Gentille/Bwiza.com
 

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *