Umugore n’mugabo bapfiriye mu modoka bari gutera akabariro

Sangiza iyi nkuru

Umugore n’umugabo bo mu gace ka Ogba mu mujyi wa Lagos muri Nigeria basanzwe bapfiriye mu modoka ya bo bambaye ubusa, ababibonye bakaba bavuga ko barimo batera akabariro.
Ibitangazamakuru bitandukanye hirya no hino, byatangaje ko uyu mugore w’abana 2 yari kumwe n’umugabo bivugwa ko ari uwe, bakaba basanzwe mu modoka bapfuye ariko ibimenyetso byose bikaba byerekanyeko barimo bashimisha imibiri ya bo gusa icyabishe kikaba kitaramenyekana.
Captureu
Umwe mu bageze aho ibi byabereye yagize ati “Nabonye abantu benshi bashungereye imodoka nanjye ndegera ndareba, nsanga bombi bambaye ubusa ndetse nta gushidikanya ko barimo bakora iby’abantu bakuru.”
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Gusa ngo bose bari baryamye hejuru y’ahaba muteri y’imodoka kandi ikaba yari ikiri kwaka, bakaba bari bakuyemo imyenda yo hasi umwe ari hejuru y’undi imodoka barimo bakaba bari bayihagaritse ku nkengero z’umuhanda.
Inzego z’umutekano zatangaje ko zikiri gukora iperereza ku cyaba cyishe aba bakunzi nubwo hakekwa ko baba bishwe na moteri y’imodoka bari bari hejuru ubwo nta kindi bari bitayeho uretse gushimishanya gusa.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Gentille@Bwiza.com
 
 

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *